Ku cyumweru tariki ya 23 Nyakanga 2017 abantu batatu batwitse umurima wa Perezida Nkurunziza w’u Burundi urakongoka. Uko ari batatu bafunzwe n’igipolisi cyo mu gace ka Gatwaro muri komini Kiremba....
Mu ma saa sita yo kuri uyu wa Kane inzu y’umuturage witwa Twizerimana Thomas iherereye mu Mudugudu wa Gatorwa, Akagali ka Cyabararika, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze yafashwe n’inkongi...
Imodoka itwara abantu n’ibintu ya RITCO yerekezaga mu Majyepfo, yahiye itarenze umutaru,irakongoka.
Iyi modoka ifite ibirango bya RAD 262 K, yahiriye ahitwa i Rugobagoba mu Karere ka Muhanga....
Mu karere ka Nyarugenge, mu mujyi wa Kigali imodoka yagendaga mu muhanda yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka kuri uyu wa 08 Mata 2023.
Ababibonye batangaje ko iyi modoka yo mu bwoko...
Nyuma y’uko atandukanye na Kadjala umuhanzi w’umunya Tanzania ukunzwe na benshi wamenyekanye nka Harmonize yatangaje ko atiteguye kujya mu rukundo kuko azi neza ko iyo ari mu rukundo agenda...
Abakora ubucuruzi buciriritse bwambukiranya imipaka hagati y’akarere ka Rusizi mu Rwanda n’umujyi wa Bukavu muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo baravuga ko umwuka mubi uri hagati y’ibihugu...
Uhagarariye u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Ambasaderi Vincent Karega yamaganye amakuru yavuzwe ku mbuga nkoranyambaga ko u Rwanda rwishe Abakongomani 2 kubera umwuka mubi...
Inzego zishinzwe umutekano mu Rwanda zarashe abasore bakekwaho ubujura nyuma yo kubasangana ibyuma n’umuhoro bashaka kubarwanya.
Ibi byabereye mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo ku...
Inzu y’ubucuruzi yo muri Centre ya Ntendezi mu Karere ka Nyamasheke kuri uyu wa Gatandatu yafashwe n’inkongi y’umuriro imiryango 8 y’ubucuruzi yose ihita ishya irakongoka. Kugeza ubu...
Imodoka yari iparitse mu rugo rwo mu Kagari ka Rukatsa mu Murenge wa Kagarama mu Karere ka Kicukiro, yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka.
Amakuru dukesha UKWEZI avuga ko iyi mpanuka...
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko abantu 24 bivugwa ko ari abo mu miryango ya NCD/Renove bishwe n’umutwe w’inyeshyamba za FDRL ifatanyije na Nyatura yombi...
Mu mujyi wa Bujumbura kuri station Kobil aho bacururiza lisansi mu Kamenge, haraye hadutse umuriro utwika amamodoka umunani arimo 4 ya Hiaces, 1 ya Jeep, n’amavatiri 3.
Muri uyu muriro nta...
Mu minsi yashize umuhanzi P Fla, yibasiye abaraperi bagenzi be Riderman na Amag The Black, avuga ko atari abaraperi ahubwo ko ari abacuruzi.P Fla yavuze ibi hashize iminsi mike Ama G The Black,...
Ku munsi w’ejo Taliki ya 30 Ukuboza 2018 nibwo habaye amatora ya Perezida wa Repubulika muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aho benshi mu baturage bayitabiriye mu bwoba bwinshi bikanga...
Hashize iminsi abaturage bo mu karere ka Gisagara na Nyaruguru bugarijwe n’ ikibazo cy’ amabandi yitwaza intwaro ziganjemo iza gakondo yirara mu ngo zabo akabasahurira imitungo aya mabandi yamaze...