Uyu munsi mu 1998 ikihebe Osama bin Laden cyakoze igikorwa gikomeye cyatumye FBI imushyira ku rutonde rw’abahigwa bukware.
Turi tariki ya 07 Kanama 07 Kanama, ni umunsi wa 219 mu minsi 365 igize...
Umukinnyi w’umutaliyani wagacishijeho mu mukino wo gusiganwa ku magare Mario Cipollini yatunguye abakunzi b’umukino w’amagare ubwo yashyiraga kuri Instagram ifoto ari ku igare yambaye ubusa buri...
Hasigaye iminsi 22 kugira ngo Tour du Rwanda 2017 itangire,benshi mu bakunzi b’umukino w’amagare bategerezanyije amatsiko menshi iri rushanwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda aho rigiye kuba ku...
• Tour du Rwanda isigaje iminsi 2 ngo itangire
• Menya byinsi byaranze iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 09 nyuma yo kugirwa mpuzamahanga mu mwaka wa 2009.
• Tour du Rwanda izatangira ku...
• Tour de France yatangiye mu mwaka wa 1903
• Maurice Garin niwe wegukanye Tour de France bwa mbere
• Tour de France ifite amateka maremare
• Tour de France yitabirwa n’amakipe 22 agizwe n’abakinnyi 9...
Areruya Joseph na Bagenzi be bari bagize Team Rwanda bamufashije kwegukana La Tropicale Amissa Bongo ya 2018,bakiriwe nk’abami ubwo bageraga ku kibuga cy’indege I Kanombe bavuye kwesa imihigo muri...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 26 Gashyantare 2018, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare yafashe abantu batatu binjizaga inzoga zitemewe mu Rwanda ndetse n’ikiyobyabwenge...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, yavuze ko nubwo kuri uyu wa Mbere serivisi zimwe na zimwe mu Mujyi wa Kigali zizongera gufungurwa, bitavuze ko icyorezo cya Coronavirus...
Guverinoma yatangaje ingamba nshya zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus, zirimo ko ingendo zihuza uturere twa Bugesera, Nyanza na Gisagara zemewe mu gihe ari tumwe mu twari...
Kuri uyu wa 29 Kamena uyu mwaka,Hasohotse itangazo rishyiraho ingamba nshya zihariye mu mujyi wa Kigali no mu turere 8 two hirya no hino mu Rwanda dukomeje kugaragaramo ubwiyongere bukabije bwa...
Umukinnyi Mugisha Moise uri mu ba mbere mu Rwanda mu mukino wo gusiganwa ku magare yatangaje ko umuvuduko abakinnyi baherutse guhurira mu irushanwa ryo gusiganwa mu muhanda mu mikino ya Olimpike...
Umukinnyi mu mukino wo gusiganwa ku magare,Ishimwe Patrick,wakiniraga ikipe ya Cine Elmay,yahitanwe n’impanuka kuri uyu wa Gatandatu ubwo yari mu myitozo mu karere ka Kamonyi.
Mu butumwa...
Perezida Kagame kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 21 Nzeri 2021, yayoboye Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro ku Kacyiru ifata ingamba nshya mu gukomeza gukumira ikwirakwira...
U Rwanda bwa mbere mu mateka yarwo ndetse n’aya Afurika muri rusange, ruzakira Shamiyona y’isi mu gusiganwa ku magare muri 2025 nyuma yo guhabwa aya mahirwe ruhigitse Maroc byari...
Umujyi wa Kigali ukomeje kugaragaramo ubwandu bwinshi bwa Covid-19, aho abantu 247 ari bo banduye iki cyorezo mu masaha 24 ashize mu gihe mu gihugu hose habonetse abantu 343.
Abakingiwe inkingo...
Biniam Girmay, kuri iki cyumweru yabaye umunyafrica wa mbere wo munsi ya Sahara wasize abandi mu isiganwa ry’amagare rizwi cyane rya Gent Wevelgem ryitabirwa n’abakinnyi bakomeye cyane ku isi muri...
Umunyabigwi mu mukino wo gusiganwa ku magare,Chris Froome,yatangaje ko yumvise iterambere ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda bityo yaje gukina Tour du Rwanda ngo abisuzume.
Chris Froome...
Umunya Eritrea,Henok Mulueberhane ari kuvugwa mu mikino kubera kwegukana irushanwa rya Tour du Rwanda 2023.
Henok Mulueberhane yabwiye INYARWANDA.COM nyuma y’iri rushanwa ko yigeze kugira...