General Major Everiste Ndayishimiye, ni undi mukandida umaze gutangazwa n’ishyaka rye ko azarihagararira mu matora yo mu kwezi kwa gatanu, yahise aza imbere mu bahabwa...
Kuri uyu wa kane tariki ya 04/06/2020, Urukiko rushinzwe kurengera itegeko nshinga mu Burundi rwemeje ko ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi CNDD-FDD rihagarariwe na Gen.Evariste Ndayishimiye...
BBC igaragaza ko Perezida watowe w’Amerika Joe Biden yatsinze muri leta ya Georgia, aba umukandida wa mbere w’umudemokarate utsinze muri iyi leta guhera mu mwaka wa...
Uhuru Muigai Kenyatta yavutse ku ya 26 Ukwakira 1961 ni umunyapolitiki wo muri Kenya akaba na Perezida wa Repubulika ya Kenya muri iki gihe. Yabaye Umudepite wa Gatandu y’Amajyepfo kuva 2002...
Joe Biden yavuze ko "ugushaka kw’abaturage kwaganje" nyuma yuko intsinzi ye mu matora ya perezida yemejwe bidasubirwaho n’akanama k’intumwa zitora (electoral...
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party ririfuza ko hahindurwa uburyo bwakurikizwaga bwo kwinjira mu nteko ishinga amategeko ku mitwe ya politike n’abakandida...
Kiss Summer Awards ni ibihembo bihabwa abantu batandukanye bari mu byiciro bitandukanye mu myidagaduro yo mu Rwanda hibandwa cyane ku bafite aho bahuriye na muzika nyarwanda, baba baragaragaje...
Kuri uyu wa Gatanu mu Turere 27 two hirya no hino mu Rwanda hakozwe amatora y’abagize Komite Nyobozi barimo ba Meya bagarutse nka Richard Mutabazi wa Bugesera,Sebutege Ange wa...
Umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Turukiya Kemal Kilicdaroglu yavuze ko atamagana ibyavuye mu matora by’ibanze, ariko nta makuru arambuye yavuze ku byavuye mu matora cyangwa ngo avuge ko...
Nelson Chamisa, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Zimbabwe, waje ku mwanya wa kabiri mu matora ya perezida, yashinje Perezida Emmerson Mnangagwa kwiba ubutegetsi binyuze mu...
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo barahamagarira abanyagihugu kwishyira hamwe bakarwanya Felix Tshisekedi watangajwe na komisiyo y’amatora muri Kongo CENI ko ariwe...
Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo n’abatavuga rumwe nayo kuri uyu wa 31 Ukuboza 2016 bashyize umukono ku masezerano yo kurangiza ikibazo cya politiki gishingiye ku matora.
Aya...
Perezida w’ urukiko rw’ ikirenga muri Kenya David Maraga ku wa Kane tariki 31 Kanama yahawe miliyoni 500 z’ amashilingi ya Kenya arazanga, bukeye atangaza ko ibyavuye mu matora ya Perezida wa Kenya...
Umunyamabanga mukuru wa Loni, Antonio Guterres n’umukuru wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, batangaje ko bari gukurikiranira hafi ibibera muri Kenya, ahagiye kubera matora...
Abagize akanama gashinzwe amatora mu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA kamaze kwemera ubusabe bwa Brig Gen (Rtd) Jean Damascene Sekamana wavuye mu Intare na Rurangirwa Louis...
Abirabura benshi n’andi matsinda mato muri Amerika bumva nta mutekano mu gihe bayobowe na Donald Trump. Nyamara perezida w’Amerika ntacyo yakoze ngo abizeze umutekano wabo. Mu bihe byashize, yanze...
Tundu Lissu wo mu ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, yabwiye BBC ko yakangishijwe ko azicwa bituma yihutira gusubira mu Bubiligi aho yari yaragiye...
Inshuti ikomeye ya Donald Trump yamushishikarije kureka umuhate we wo kugerageza kuburizamo ibyavuye mu matora ya perezida byerekanye ko yatsinzwe na Joe...