Prezida Joe Biden na Vladimir Putin bari mu mubonani w’amasaha atanu i Geneve mu Busuwisi ngo barebe niba babona icyo bahurizaho.
Prezida Putin yahise abwira abanyamakuru ko bavuganye ku mugambi...
Perezida Kim Jong-un wa Korea ya ya Ruguru yatangaje ko igihugu cye gikeneye kwitegura "kuganira cyangwa guhangana" na Leta Zunze Ubumwe za Amerika "cyane cyane kwitegura byuzuye...
Minisitiri w’Ubutabera, akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye kuri iki Cyumweru tariki 26 z’uku Kwezi yabwiye abagize Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ko ibikorwa by’uru rwego rw’umutekano...
Bamwe mu badepite baravuga ko bagiye kujya mu kinamba bakoza imodoka abandi bakoza imisarane mu rwego rwo gushaka amafaranga yo gufashisha abaturage ba Uganda bugarijwe n’ ikibazo cy’ ibura ry’...
Perezida wa Turukiya, Tayyip Erdogan ageza ijambo ku baturage nyuma y’aho kamarampaka yemeje ihindurwa ry’itegeko nshinga.
Kuri iki Cyumweru tariki 16 Mata 2016, Abategetsi ba Turukiya batangaje...
Ku isaha ya Saa mbili ku masaha yo mu Rwanda, kuri iki Cyumweru tariki 7 Gicurasi 2017, Abafaransa bazindukiye mu matora y’ icyiro cya kabiri.
Emmanuel Macron na Madamu Marine Le Pen, umwe...
Umufaransa ushyigikiye cyane Umuryango w’ Ubumwe bw’ I Burayi Emmanuel Macron niwe yatorewe kuba Perezida w’ u Bufaransa mu matora yabaye kuri uyu wa 7 Gicurasi 2017, yatsinze Madame Marie Le Pen...
Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika/Foto: CNN
Mu buryo butunguranye kuri uyu wa kabili Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yahambirije James Coney wayoboraga...
Perezida w’Afurika y’Epfo, Jacob Zuma yatangaje ko Dr Nkosazana Dlamini-Zuma ari we aha amahirwe yo kuzamusimbura ku butegetsi.
Ni mu gihe mu mpera z’uyu mwaka hateganyijwe amatora y’umukuru...
Kuri uyu wa Kabiri urukiko rw’ubujurire mu gihugu cya Uganda rwatesheje agaciro ugutorwa kw’umwuzukuru wa Idi Amin witwa Taban Amin, mu nteko ishinga amategeko nk’umudepite uhagarariye Kibanda...
Gashugi Faustin wahoze ari umusirikare mu ngabo zatsinzwe akaba n’umuwe mu bashinze umutwe w’abarwanyi wa FDLR yishimira ko ubu ari umunyamuryango wa FPR-Inkotanyi kandi ngo yishimiye ubuzima...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Kamena 2017, ishyaka PSD ryatunguye abatari bake ubwo ryavugaga ko Paul Kagame ariwe mukandida waryo mu matora ya Perezida wa Repubulika ari imbere.
Uyu mwanzuro...
Perezida Pierre Nkurunziza na Perezida wa komisiyo ya EU, Jose Manuel Barroso, bahuriye mu nama muri 2014
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ejo ku wa Mbere tariki 5, u Burundi bwavuze ko...
Abaforomo bo muri Kenya bakomeje imyigaragambyo yabo nyuma y’uko Leta idahaye agaciro ibyo bigaragambya basaba. Abigaragambya basaba Leta ko ishyira mu bikorwa ibyo yabasezeranyije bishingiye...
Kuri uyu wa 08 Kamena, ubwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi yagezaga umushinga w’Itegeko rigena ingengo y’imari ya 2017-2018, yatangaje ko hari ingamba u Rwanda ruhuriyeho n’Ibihugu bihuriye mu...
Kongere y’ ishyaka FPR inkontanyi kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Kamena 2017, yemeje ko Paul Kagame ariwe uzarihagarira mu matora ya Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ateganyijwe muri Kanama....
Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru, François Habitegeko, yabwiye abaturage ko bakwiye kwishimira ibyiza igihugu cyagezeho kandi bakaba aba mbere mu kubisigasira, kuko atari ko byahoze, abibutsa ko...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kamena uyu mwaka, Perezida Paul Kagame arashyikiriza Komisiyo y’Amatora kandidatire ye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu.Ni i nyuma y’uko yemejwe n’ishyaka FPR inkotanyi....
Kuri uyu wa Gatandatu Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi aherekejwe na Madamu we bifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu kagali ka Cyarwa mu muganda rusange usoza ukwezi...