Abagize umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram bishe abantu 13 mu bitero bibiri bitandukanye mu majyaruguru ya Nigeria nk’uko ibitangazamakuru byo muri iki gihugu byabitangaje ku...
Umubyeyi wa Jay Z uri mubahanzi bakunzwe ku Isi Gloria Carter, yeruye kumugaragaro ko ari umutinganyi maze asezerana kubana akaramata n’umugore mugenzi we witwa Roxanne Wilshire bamaze imyaka 7...
Umugabo wo muri leta ya California yapfuye nyuma yo kugongwa n’imodoka, yari yabonetse arimo gufasha umuryango w’imbata kwambuka umuhanda mbere gato y’uko kugongwa kwe, nkuko byavuzwe na polisi...
Leta nzunze ubumwe z’Amerika zatangiye guha imyitozo ya gisirikare, abasirikare batandukanye bo mu bihugu byo muri Afurika yo muburengerazuba basanzwe barwanira mu...
Guverinoma y’u Rwanda yikomye Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje gushyigikira Guverinoma ya RDC, mu kumvikanisha ko ibibazo icyo gihugu gifite biterwa n’u Rwanda.
Mu itangazo ryashyizwe hanze...
Umuherwekazi ukomoka muri Uganda utuye muri Africa y’Epfo wamenyekanye nka Zari Hassan akaba ni umwe mu bagore babyaranye na Diamond yongeye gusimangira ko urukundo rwe na Shakib rugihamye nyuma...
Umuhanzikazi Beyoncé Giselle Knowles Carter wari umaze imyaka ine atagaragara mu bitaramo yaserukanye n’umukobwa we w’imyaka 11 Blue Ivy Carter mu gitaramo yakoreye i...
Abahanga bavuga ko ikinaniye ifaranga ujugunya ndetse ko aho ifaranga rikubise hahita horoha, cyakora kuri Meddy bisa nk’aho atariko bimeze kuko yivugiye ko kuri we amafaranga adasobanuye...
Umwaka wa 2022 ni umwaka wasize ibyishimo bidasanzwe muri bamwe mu byamamare kuko muri bo abawutangiye ari umwe bawurangije ari babiri cyangwa se batatu kuko hari n’abawukozemo ubukwe ndetse...