Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko igihugu cye cyiteguye gukemura ibibzo mu mahoro hatitabajwe imbaraga za gisirikare, ariko nibyanga Amahanga azabona ubukaaka...
Abasirikare batatu ba Amerika bapfuye abandi benshi barakomereka mu gitero cya drone ku kigo cya gisirikare cya Amerika kiri hafi y’umupaka wa Jordan na...
Minisiteri y’Ubucuruzi muri Amerika yatangaje ko kuva ku wa 20 Nzeri, abatuye muri iki gihugu batazaba bemerewe kumanura (download) porogaramu (application) zo mu Bushinwa zirimo WeChat...
Umwe mu bakuriye ubutasi bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaburiye ko Ubushinwa, Uburusiya na Iran ari bimwe mu bihugu bishaka kugena ibizava mu matora ya perezida w’Amerika y’uyu...
Ubushinwa bwategetse ko ibiro by’uhagarariye Leta zunze ubumwe za Amerika mu mujyi wo mu burengerazuba wa Chengdu bifungwa, igikorwa gishya mu bushyamirane buri hagati y’ibi...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasubije mugenzi we wa Iran uherutse gutangaza ko Iran igiye kwihorera kuri Amerika nyuma y’uko igisirikare cyayo cyishe umusirikare ukomeye...
Igihugu cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyohereje ubwato bwazo bw’intambara mu burasirazuba bwo hagati guhangana n’icyo Amerika yise ubushotoranyi bwa Iran ku nyungu z’Amerika no ku nshuti...
Abadepite b’ igihugu cya Iran batwikiye mu nteko kuri uyu wa 9 Gicurasi ibendera rya Leta zunze ubumwe za Amerika baririmba ngo urupfu kuri Amerika’ ‘death to...
Apotre Dr. Paul Gitwaza uyobora Authentic Word Ministries n’itorero rya Zion Temple Celebration Center ku Isi, kuri ubu ngo atewe ishema n’impfura ye yasoje amashuri y’isumbuye muri Amerika, nyuma...
Ingabo z’Uburusiya zinjiye mu kigo gicumbitswemo n’abasirikare ba Leta zunze ubumwe z’Amerika muri Nijeri. Umwe mu bayobozi bakuru mu ngabo z’Amerika yabitangarije ibiro ntaramakuru by’Abongereza,...
Umusore w’imyaka 21 wo mu ishami rya ’reserve’ ry’igisirikare cyo mu kirere cya Amerika yatawe muri yombi kandi uyu munsi kuwa gatanu aragezwa imbere y’urukiko rw’i Boston ashinjwa kumena amabanga...
Komisiyo ya Sena y’ Amerika ishinzwe imibanire n’Amahanga, kuri uyu wa gatatu yemeje ko Amerika iha Tayiwani intwaro zifite agaciro k’amamiriyaridi y’amadolari.
Perezida Joe Biden yashimagije ko ari ’umunsi ukomeye kuri Amerika’ mu gihe abashinzwe ubuzima bavugaga ko abantu bakingiwe bashobora kutambara agapfukamunwa mu nama zo mu nzu cyangwa...
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika hamaze gupfa abantu 5.110 muri 215, 300 banduye
Abahanga mu bya siyansi bavuze ko Amerika ishobora kubura abaturage bagera ku 200.000 bazize iki cyorezo kugeza ubu...
Ibinyamakuru bitandukanye byo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika byatangaje ko Amerika yagabye igitero cyo kuri mudasobwa ku ntwaro za Irani, mu gihe Perezida Donald Trump yisubiragaho ku bitero...
Turukiya yihimuye kuri Amerika ihanika imisoro ku bicuruzwa bituruka muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, birimo n’imodoka zitwara abagenzi, inzoga n’itabi.
Prezida Joe Biden na Vladimir Putin bari mu mubonani w’amasaha atanu i Geneve mu Busuwisi ngo barebe niba babona icyo bahurizaho.
Prezida Putin yahise abwira abanyamakuru ko bavuganye ku mugambi...
Ibibazo igihugu cy’Uburundi gifitanye na Leta ya Perezida Trump byatumye kuva taliki ya 12 Kamena 2020, leta zunze ubumwe za America zafashe icyemezo cyo kudaha Viza Abarundi usibye abadipolomate...
Inzego z’ubutasi za Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zaburiye ko Uburusiya buri kugerageza gufasha Perezida Donald Trump ngo azongere atorwe mu matora ateganyijwe kuba mu kwa cumi na kumwe, nkuko...