Turi tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka.
1295:...
Perezida Omr Al Bashir yatumiwe mu nama idasanzwe izabera mu gihugu cy’u Burusiya mu minsi iri imbere.Ni ku ubutumirwe bwa mugenzi we uyobora igihugu cy’u Burusiya.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4...
Umunya Espagne w’icyamamare mu gukina Tennis Rafael Nadal yatangarije abanyamakuru ko ikimuhangayikisha iyo agiye gukina irushanwa rya Wimbledon ari ivi rye rihorana ikibazo ku buryo aba yiteze...
Humble Jizzo avuga ko mu bwana bwe yakoze amakosa atandukanye ariko ko adashobora kwibagirwa umunsi yashyize ibasi ya Palasitiki ku mbabura kugeza ihiye, ngo ni nabwo hitabajwe abanyamasengesho...
Martha Niyishaka, umunyarwandakazi wabaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, muri Leta ya Indiana, yitabye Imana azize impanuka y’imodoka yabaye mu ijoro ryo ku wa 30 Kamena 2017.
Uyu mugore...
Mu mashuri abanza yo mu Rwanda abana 13 mu bana 100 barangiza umwaka wa gatandatu badashobora gusoma igitabo cy’ Ikinyarwanda cyo mu mwaka wa 3.
Ibi ni ibyagaragajwe n’ ubushakashatsi bwakozwe...
Tariki ya 1 Nyakanga, ni umunsi wa 182 w’umwaka. Iminsi 183 ngo umwaka wa 2017 urangire. Kuri iyi tariki nibwo u Rwanda n’ u Burundi bwahawe ubwigenge. Ku ruhande rw’ u Rwanda Gregoire Kayibanda...
Morgan Heritage igizwe n’abavandimwe bakomoka ku muhanzi ukomeye muri Amerika witwa Denroy bageze mu Rwanda ku isaaha ya 15h30 ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe.
Aba bombi baherutse...
Uyu mukino utegerejwe ku munsi w’ejo taliki ya 02 Nyakanga saa tatu z’ijoro ku kibuga cya St petersbourg mu Burusiya witezwe n’abantu benshi cyane ko ikipe iheruka gutwara igikombe cy’isi...
Abarwanyi 33 bahoze barwanira umutwe wa FDLR urwanira mu mashyamba yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, hamwe n’abantu 83 bo mu miryango yabo, nibo babarurwa ko...
Mu gitabo “Conversations with President of Rwanda” cya Francois Soudan giherutse gushyirwa ahagaragara kivuga ku buzima bwite bw’umukuru w’igihugu Paul Kagame hakubiyemo byinshi abantu batamenye...
Umukambwe Fidel Castro, wabaye Perezida wa Cuba imyaka 32, afatwaga nk’umwanzi wa Leta zunze ubumwe za Amerika, yatabarutse ku mugoroba wo kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2016 .
Castro witabye Imana...
Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe z’ Amerika ngo umutekano we utwara miliyoni y’ amadorari buri munsi. Ni ukuvuga miliyari 820 mu manyarwanda.
Ibi ni ibitangazwa...
Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly uhagarariye u Rwanda mu marushanwa ya Nyampinga w’isi(Miss world 2016) ari kubera muri Leta zunze ubumwe za Amerika aravuga ko irushanwa arimo atihagarariye...
Indege yari itwaye abagera 81 barimo abakinnyi b’ ikipe yo muri Brazil “Chapecoense”yakoreye impanuka hafi y’ umujyi wa Medellin mu gihugu cya Clombia.
Nta mibare y’ abaguye muri iyi mpanuka...
Irushanwa ikipe ya Rayon Sports yo mu Rwanda yagombaga kwitabira muri Tanzania ryiswe ’Star Time Cup’ ryasubitswe nyuma y’uko amwe mu makipe atangaje ko atazaboneka kubera ko abakinnyi bagiye mu...
Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Nzamwita Vincent de Gaulle yafashe mu mugongo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Brezil nyuma y’aho ikipe ya Associação...
Dominic Nic Ashimwe avuga ko iyo abona Patient Bizimana ku rubyiniro hari byinshi ubwonko bugarura bukamwibutsa intangiriro ya muzika yabo harimo no kwambukana akajerekani k’ikivugoto bagiye...
Emma Morano ukomoka mu gihugu cy’u Butaliyani yizihije isabukuru y’amavuko y’imyaka 117 y’amavuko, kuwa 29 Ugushyingo uyu mwaka.
Emma Morano yabonye izuba ku wa 29 Ugushyingo 1899. Akomoka mu gace...
Umuhanzikazi Taylor Swift [Taylor Alison Swift ] yatangaje ko agiye gushyiraho televiziyo ye bwita izajya itambutswaho ibikorwa bya muzika ye haba mu ifatwa ry’amashusho kugeza ageze hanze....
Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly na bagenzi be bahatanira ikamba rya Nyampinga w’Isi, bakorewe ibirori bibaha ikaze mu mujyi wa Washington D.C mu nyubako ya Capitol Building.
Kuwa 30...
Minisitiri w’ibikorwa remezo mu Rwanda, James Musoni, aravuga ko bitarenze mu mwaka wa 2019, ikibuga cy’indege mpuzamahanga kizubakwa i Bugesera kizaba cyararagiye kubakwa kigatangira gukoreshwa...