Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...
Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko abasirikare babiri b’u Rwanda bari barashimuswe n’ingabo za RDC zifatanyije na FDLR, bagaruwe mu Rwanda.
Mu itangazo RDF yashyize hanze uyu munsi,yagize iti...
Perezida wa RDC Felix Tshisekedi avuga ko u Rwanda rudahagaritse gushyigikira M23 irwanira mu burasirazuba bw’igihugu cye, bashobora kujya mu ntambara narwo kandi ngo ntabwo ari abanyantege nke....
Inama yahuje u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) yabereye i Luanda, muri Angola, iyobowe na Perezida João Lourenço, yemeranyije ku gishushanyo ngenderwaho kizakoreshwa mu...
Umutwe w’inyeshyamba wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo uvuga ko utiteguye gukurikiza ibyo leta ya Congo ivuga ko byemeranyijweho ku wa gatatu mu nama y’i Luanda...
Nta gihindutse,amakuru aravuga ko kuri uyu wa Kabiri ikipe ya Rayon Sports irakira Lompala Bokamba Umukongomani waciye muri Angola.
Amakuru aravuga ko uyu mukinnyi uca ku mpande...
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byiyemeje gukomeza ibiganiro, biganisha ku guhosha umwuka mubi ukomeje kuba hagati y’ibihugu byombi.
RDC imaze iminsi ishinja u Rwanda gutera...
Perezida w’u Rwanda n’uwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuva kuwa kuri uyu wa kane tariki ya 24 Ugushyingo 2022, barahurira i Luanda muri Angola, mu biganiro bigamije guhosha umwuka...
Inama y’abakuru b’ibihugu by’akarere yafatiye imyanzuro umutwe wa M23, irimo ko ugomba kuva mu duce wari umaze kwigarurira bitarenze kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Ugushyingo 2022 saa 18:00....
Umutwe wa M23 wemeye guhagarika imirwano n’ingabo za leta ya Congo FARDC, itera utwatsi ibyo kurekura ibice bafashe ndetse yihanangira leta ko mu gihe cyose izayirasaho izirwanaho.
M23 yasabye...
Kuri uyu mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2022,hatangiye ibiganiro bigamije gushaka umuti ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC biri kubera I Nairobi muri Kenya.
Ibi biganiro...
Amakuru aravuga ko ikipe ya Rayon Sports iri hafi gusinyisha Umukongomani Heritier Lumbu Nzinga wayikiniye amezi make akerekeza muri Angola.
IGIHE dukesha iyi nkuru kiravuga ko gifite yizewe ko...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Biruta Vincent,yagaragaje birambuye imiterere y’ikibazo cy’umubano w’u Rwanda na RDC ukomeje kuba mubi amanywa na nijoro.
Ubwo yagezaga ku Nteko...
Umutwe w’inyeshamba za M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo uvuga ko wo witeguye gushyigikira umugambi w’amahoro ariko ko uruhande rwa leta ari rwo rutabikozwa
Ibi bivuzwe...
Perezida Kagame yongeye gushimangira ko uburyo bwashyizweho na EAC mu nama zabereye Angola,Nairobi n’ahandi zakemura ikibazo ariko hari imbaraga ziri guturuka ahandi zishobora kuzambya ibintu....
Ibitangazamakuru bitandukanye muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wambere tariki ya 20 werurwe 2023 bizindutse byandika ko ubutegtsi bwa Congo buhanze amaso SADC mu kibazo cy’umutekano...
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...
Umwe mu bakinnyi Arsenal igenderaho cyane,Thomas Partey arasubira vuba na bwangu muri Arsenal nyuma yo kutaboneka mu mukino w’amajonjora yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika banganyije na Angola...
Guverinoma ya RDC yemeje ko nta biganiro na bike izagirana n’Umutwe wa M23 nubwo wo ukomeje gutera intambwe ikomeye wo kuva mu duce twinshi wari warafashe.
Minisitiri w’Itumanaho akaba...
Mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa Africa ku nkombe z’inyanja ya Atlantika, Ubutayu bwa Namib ni hamwe mu hantu humagaye cyane kurusha ahandi ku isi.
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umukino wa Basketball mu bagabo, iri mu gihugu cya Tanzania mu mikino y’akarere ka gatanu mu rwego rwo gushaka itike yo gukina imikino ya Afurika yiswe AFROCAN,...
Mugihe imikino y’igokombe cy’afurika mu bagore mu mukino wa basketball (FIBA WOMEN AFROBASKET 2023) iribanyije, nyuma kandi yo gusoza imikino yo mu matsinda ndetse na kamarampaka ku makipe...
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...