Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yatsinzwe na Maroc amanota 59-58 mu mukino wa kabiri mu y’Igikombe cya Afurika cy’Abakina imbere ku Mugabane ‘AfroCan’ iri kubera i Luanda muri...
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 27 Kamena, i Luanda, umurwa mukuru wa Angola, harasozwa inama ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ihuza EAC, ECCAS, CIRGL...
Abakuru b’ibihugu by’umuryango wa Africa y’iburasirazuba bateraniye i Addis Ababa muri Ethiopia bayobowe na Evariste Ndayishimiye w’u Burundi na Perezida João Lourenço wa Angola biga ku kibazo...
Umuhuza w’ u Rwanda na RDC, Perezida João Lourenço wa Angola, kuwa gatanu no kuwa gatandatu yari i Kigali n’i Kinshsasa aho yabonanye n’abaperezida b’impande zombi.
Aba baperezida bose yabaganirije...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yabwiye Radio RFI ko inama y’Abakuru b’Ibihugu byo muri aka karere n’abandi bake yari yatumijwe na Perezida Felix Tshisekedi...
Uburundi bwatangaje ko butazitabira inama iteganyijwe mu minsi iri imbere i Goma hagati y’abakuru b’ibihugu byo muri aka karere k’ibiyaga bigari yatumijwe na Perezida Felix...
Kuri iki cyumweru.tariki ya 23/02/2020, mu gihugu cya Angola umusore yari yasohokanye n’umukobwa w’inshuti ye maze umukobwa amwanze ahita amukuramo inkweto yamuhaye nk’impano mu ruhame, yandurura...
Ibiganiro by’amasaha asaga 7 byahuje intumwa z’u Rwanda na Uganda mu nama ya kabiri yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Angola, byasojwe nta mwanzuro uhamye ufashwe nyuma y’uko impande...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’Amahanga,ushinzwe EAC,yavuze ko inama ya kabiri izahuza u Rwanda na Uganda mu kureba uko hashyirwa mu bikorwa amasezerano ya Angola,izareba niba...
Rutahizamu w’Amavubi n’ikipe ya Petro Atletico de Luanda muri Angola,yashimiye mu buryo bwihariye ikipe ya Etincelles FC yamuzamuye akiri muto,ayiha imyambaro itandukanye yaguze akayabo ka miliyoni...
Umutoza w’ikipe y’igihugu,Mashami Vincent,yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 27 azifashisha mu mukino wa gicuti azakina na Tanzania kuwa Mbere taliki ya 14 Ukwakira 2019 barimo Jacques Tuyisenge...
Taliki 25/11/1997 nibwo Kabila (Muzehe) yashyizeho General James Kabarebe nk’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kongo asimbuye kuri uyu mwanya Anselme Masasu Nindaga wahise anafungwa na...
Perezida Eduardo dos Santos amaze ku butegetsi imyaka 38
Perezida wa Angola Jose Edouardo dos Santos, umwe mu bakuru b’ ibihugu bamaze igihe kirekire ku butegetsi muri Afurika ntabwo azongera...
Umuherwe w’Umunyarwanda Tribert Rujugiro Ayabatwa, wari umaze imyaka yarahunze u Rwanda, yapfuye ku myaka 83 mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 17 Mata...
Inama idasanzwe y’Abakuru b’Ibihugu bya Africa y’Amajyepfo,SADC yagaragaje ko ihangayikishijwe no kuba imirwano mishya ikomeje hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za Leta ya Congo Kinshasa, ibyo ngo...
Habaye impinduka ku nama y’Abarwanya Leta y’u Rwanda bifatanyije na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yagombaga kubera i Kinshasa mu murwa mukuru w’iki gihugu kuri uyu wa 3 Nyakanga...
Perezida Paul Kagame wageze muri Ethiopia ku wa Kane,tariki ya 16 Gashyantare 2023, yahuriye imbonankubone na Perezida wa Congo, Antoine Felix Tshisekedi, ndetse n’abandi bakuru b’Ibihugu mu nama...
Intumwa ziyobowe na ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahaga b’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zahuriye i Luanda muri Angola, mu biganiro bigamije gucoca ibibazo bimaze iminsi hagati...
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba, bagiye guhurira i Arusha muri Tanzania mu nama isanzwe ibahuza, ni inama ya 22 biteganyijwe ko izatangira kuwa Gatanu w’iki cyumweru...
Intambara yongeye kwaduka hagati y’ingabo za reta ya Repuburika ya Demokrasi ya Congo n’izo mu mutwe witwaje intwaro wa M23, iminsi ibiri gusa abategetsi b’ibyo bihugu bahuriye i Luanda muri Angola...
Perezida Felix Tshisekedi yemeye kurekura abasirikare babiri b’u Rwanda bafungiye muri DR Congo abisabwe na mugenzi we João Lourenço wa Angola mu nama yabahuje kuwa kabiri i Luanda, nk’uko bivugwa...
MTV Base televiziyo irimuzikunzwe cyane ndetse inakurikirwa n’abakunzi b’imyidagaduro muri Afurika, yashyize hanze urutonde rw’abahanzi bakoze neza mu mwaka wa 2020, hagomba gutoranywamo abazahabwa...
Sindika Dokolo, umugabo w’umugore ukize cyane muri Afurika, Isabel Dos Santos, yapfiriye i Dubai aho yari amaze igihe yibera, yapfuye ubwo yari ari muri siporo yo kwibira (diving), akaba yari...