Rutahizamu Cristiano Ronaldo ntazaboneka mu gice kibanza cy’uruzinduko rwa Manchester United muri Thailand,nyuma yo kuvuga ko afite ibibazo by’umuryango.
Ronaldo yahawe ikiruhuko kubera impamvu...
Ikipe y’u Rwanda ya Beach Volley mu mikino ya Commonwealth Games yafashe umwanya wa 4 nyuma yo gutsindwa n’Ubwongereza seti 2 – 0 ku cyumweru.
Wari umukino wo guhatanira umwanya wa gatatu,...
Umwamikazi Elizabeth II, wari urambye ku ngoma kurusha abandi mu mateka y’Ubwongereza, yatangiye I Balmoral ku myaka 96, nyuma yo kumara ku ngoma imyaka 70.
Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane...
Ubwami bw’Umwamikazi Elizabeth II bwaranzwe n’umurava ukomeye mu nshingano ndetse no kwitangira ingoma ye n’abaturage be.
Yabaye izingiro ry’impinduka za bwangu mu isi mu gihe ijambo ry’Ubwongereza...
Polisi ivuga ko umugabo w’Umunya-Australia yapfuye nyuma yo kugabwaho igitero n’inyamaswa ya kangaroo yari amaze igihe yoroye nk’itungo ryo mu rugo.
Mwenewabo (ufitanye isano na we) ku wa mbere...
Umugabo yibasiye ukora isuku ubwo yamurogoyaga ari mu gikorwa cyo gutera akabariro n’umugore bari mu bwiherero bw’abamugaye.
Uyu wahoze ari umukanishi w’indege Billy Dean Fallon, ufite imyaka 28,...
Umusore Cristiano Ronaldo yaraye afashije ikipe ya Portugal kugera mu mikino ya kimwe cya Kabiri cya FIFA Confederations cup nyuma y’aho bayinyagiye ibitego 4-0 aho yatangaje ko biteguye gutwara...
Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda Bayingana Aimable yatangaje ko yashimishijwe bikomeye no gutsinda k’umusore Areruya Joseph mu isiganwa rya Giro d’Italia y’abatarengeje imyaka...
Ikigo PwC, gikora ubugenzuzi mu bijyanye n’imisoro kikanatanga inama mu bijyanye na serivisi gifite icyicaro I London mu Bwongereza, yasuzumye uko ubukungu bw’isi buzaba bwifashe n’ibihugu bizaba...
Agnes Binagwaho wahoze ari Minisitiri w’Ubuzima, yagizwe umuyobozi mukuru wungirije wa kaminuza Mpuzamahanga mu by’Ubuzima (University of Global Health Equity ’UGHE’ ikorera mu Rwanda.
Ni kaminuza...
Inkoni y’Umwamikazi itambagizwa mu bice bitandukanye byo mu Rwanda, aha ni mu rukari aho ababyinnyi bacinyaga umudiho mu kuyishimira muri 2014 (Ifoto/Internet)
Guhera kuwa 22 kugeza 25 Werurwe...
Umuririmbyi w’Umwongereza Adele Laurie Blue Adkins, yamaze gutangaza ko yashyingiranywe n’umukunzi we bari bamaranye imyaka itanu babana nk’umugabo n’umugore mu buryo butemewe n’amategeko.
Adele...
Jean Paul Samputu yatumiwe mu gitaramo muri Philippine atungurwa no gusangayo bamwe mu bantu batazi u Rwanda.
Mu gihe yari ageze ku rubyiniro yavuze ko akomoka mu Rwanda abantu ntibamenya icyo...
Mu mujyi wa Auckland muri Nouvelle Zelande babaye mu ba mbere batangiye umwaka mushya wa 2017 Umujyi wa Auckland muri Nouvelle Zelande wabaye umujyi wa mbere mu mijyi ikomeye ku isi mu gutangira...
Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse na bimwe mu bihugu by’ibikomerezwa ku isi byashyizwe ku rutonde rw’ibihugu bifite abantu benshi batazi ibyerekeranye n’umuco ndetse na sosiyete ubwabo batuyemo....
Perezida Kagame yavuze ko yibaza impamvu Papa Francis adasabira imbabazi intama ze zagize uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, nk’uko yazisabiye ku mugaragaro abapadiri bagiye bafata...
Perezida Paul Kagame, yahawe igihembo gikomeye cyatanzwe n’Umuryango w’Abibumbye kubera uruhare imiyoborere ye igira mu kurengera ibidukikije, nka kimwe mu bihembo byatangiwe mu nama yiga ku rusobe...