Alexandre Lacazette yatangaje ko yiteguye gukora ibishoboka byose agatsindira ikipe ya Arsenal ibitego byinshi aho yaboneyeho gutangaza ko indi mpamvu yamuzanye ari ugufasha abakinnyi b’iyi kipe...
Ku munsi w’ejo taliki ya 05 Nyakanga nibwo ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza yatangaje ku mugaragaro ko yasinyishije rutahizamu w’Umufaransa wakiniraga ikipe ya Lyon Alexandre Lacazette kuri...
Turi tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka.
1295:...
Umunya Espagne w’icyamamare mu gukina Tennis Rafael Nadal yatangarije abanyamakuru ko ikimuhangayikisha iyo agiye gukina irushanwa rya Wimbledon ari ivi rye rihorana ikibazo ku buryo aba yiteze...
Turi tariki ya 03 Nyakanga, ni umunsi w’184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 181 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo Muhammed Morsi wari Perezida wa Misiri...
Serena Williams wamamaye cyane mu mukino wa Tennis ubu akaba atwite inda y’imvutsi yagaragaye ku kinyamakuru August’s Vanity Fair magazine yiyambariye uko yavutse anatangaza uko yumvise amerewe...
Perezida Paul Kagame, yahawe igihembo gikomeye cyatanzwe n’Umuryango w’Abibumbye kubera uruhare imiyoborere ye igira mu kurengera ibidukikije, nka kimwe mu bihembo byatangiwe mu nama yiga ku rusobe...
Perezida Kagame yavuze ko yibaza impamvu Papa Francis adasabira imbabazi intama ze zagize uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, nk’uko yazisabiye ku mugaragaro abapadiri bagiye bafata...
Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse na bimwe mu bihugu by’ibikomerezwa ku isi byashyizwe ku rutonde rw’ibihugu bifite abantu benshi batazi ibyerekeranye n’umuco ndetse na sosiyete ubwabo batuyemo....
Mu mujyi wa Auckland muri Nouvelle Zelande babaye mu ba mbere batangiye umwaka mushya wa 2017 Umujyi wa Auckland muri Nouvelle Zelande wabaye umujyi wa mbere mu mijyi ikomeye ku isi mu gutangira...
Jean Paul Samputu yatumiwe mu gitaramo muri Philippine atungurwa no gusangayo bamwe mu bantu batazi u Rwanda.
Mu gihe yari ageze ku rubyiniro yavuze ko akomoka mu Rwanda abantu ntibamenya icyo...
Umuririmbyi w’Umwongereza Adele Laurie Blue Adkins, yamaze gutangaza ko yashyingiranywe n’umukunzi we bari bamaranye imyaka itanu babana nk’umugabo n’umugore mu buryo butemewe n’amategeko.
Adele...
Inkoni y’Umwamikazi itambagizwa mu bice bitandukanye byo mu Rwanda, aha ni mu rukari aho ababyinnyi bacinyaga umudiho mu kuyishimira muri 2014 (Ifoto/Internet)
Guhera kuwa 22 kugeza 25 Werurwe...
Agnes Binagwaho wahoze ari Minisitiri w’Ubuzima, yagizwe umuyobozi mukuru wungirije wa kaminuza Mpuzamahanga mu by’Ubuzima (University of Global Health Equity ’UGHE’ ikorera mu Rwanda.
Ni kaminuza...
Ikigo PwC, gikora ubugenzuzi mu bijyanye n’imisoro kikanatanga inama mu bijyanye na serivisi gifite icyicaro I London mu Bwongereza, yasuzumye uko ubukungu bw’isi buzaba bwifashe n’ibihugu bizaba...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda Bayingana Aimable yatangaje ko yashimishijwe bikomeye no gutsinda k’umusore Areruya Joseph mu isiganwa rya Giro d’Italia y’abatarengeje imyaka...
Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
Umusore Cristiano Ronaldo yaraye afashije ikipe ya Portugal kugera mu mikino ya kimwe cya Kabiri cya FIFA Confederations cup nyuma y’aho bayinyagiye ibitego 4-0 aho yatangaje ko biteguye gutwara...