Umugore witwa Kerry Robertson wo muri Australia wari uri hafi yo guhitanwa n’indwara ya kanseri yabaye umuntu wa mbere wo kurangiza ubuzima bwe hakurikijwe amategeko mashya agenga kurangiza...
Umugabo n’umugore bakomoka ahitwa Perth muri Australia baciye ibintu mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga ubwo bafatwaga amashusho bari gukorera imibonano mpuzabitsina muri pariki ku manywa...
Umugabo witwa Milan Lemic w’imyaka 29 ukomoka mu gihugu cya Australia wari waraburiwe irengero kuva kuwa 22 Ukuboza 2019,yabonetse ari muzima nyuma y’ibyumweru 3 yari amaze aba mu ishyamba...
Umunyamakurukazi witwa Zarisha Bradley ukorera ikinyamakuru cyitwa Nine News cyo muri Australia, yarusimbutse ubwo yakoreraga inkuru yo kuri TV ku bwato bufunguye hafi y’igishanga kibamo ingona...
Umukecuru w’imyaka 80 ukomoka mu gihugu cya Australia wari umaze iminsi 9 muri coma nyuma yo kurigatwa n’ipusi mu gisebe yahitanwe n’uburwayi bukomeye yamuteye.
Umugabo witwa Joseph Paul Darcy w’imyaka 43 n’umugore witwa Tracy Hope Hartley w’imyaka 36 bo muri Australia bafashwe bari gusambanira muri gari ya moshi bituma bajyanwa mu...
Ikipe ya Arsenal yatangaje ko yatiye umunyezamu w’umunya Australia witwa Mat Ryan wakiniraga Brighton&Hove Albion kugira ngo ayikinire amezi 6 ari imbere mu rwego rwo gusimbuza uwitwa Runar...
Mu kiganiro na BBC, bwa mbere kuva yirukanwa muri Australia, Novak Djokovic yatangaje ko yiteguye gusiba amarushanwa komeye muri Tennis arimo French Open na Wimbledon kubera ko atiteguye gufata...
Briana Jai ukomoka mu Gihugu cya Australia yamenyekanye mu minsi yashize ubwo yari mu rukundo n’umuhanzi wicyamamare ukomoka mu Gihugu cya Tanzania uzwi nka...
Umutare Gaby wamenyekanye mu muziki nyarwanda mu ndirimbo zitandukanye zirimo; ’Mesa Kamwe’ ari kwitegura umwana we wa kabiri agiye kubyarana n’umugore we Joyce Nzere. Mu mafoto ari gucicikana ku...
Abayobozi muri Australia baburiye abantu ku ikoreshwa ry’ibyuma by’ikoranabuhanga bikenera batterie mu gihe bari mu ngendo z’indege nyuma yaho ‘écouteurs’ z’umugore umwe zifashwe n’umuriro zikamwangiza...
Abanyamerika bane n’ umunya Australia w’ umupilote bapfiriye mu mpanuka y’ indege yabereye mu isanteri y’ ubucuruzi i Melbourne mu gihugu cya Autralia.
Polisi yo muri iki gihugu yatangaje ko iyi...
Ku isaha ya saa munani i Kigali hari saa mbili z’ijoro mu gihugu cya Philippines ahamaze kumenyekana umukobwa wabaye Miss Earth 2017.Uwase Hirwa Honorine wamamaye nka Igisabo wari waserukiye u...
Umwe mu bakaridinali bakomeye witwa George Pell ari mbili mbili n’urukiko rw’iwabo muri Australia,aho akurikiranyweho ibyaha byo gusambanya abagore ku ngufu.
Umukobwa wiyise Freelee the Banana Girl kuri You Tube ukomoka muri Australia,wavuye mu mujyi we n’umugabo we bakajya kwibera mu ishyamba bambaye ubusa,bakomeje gutigisa isi kubera amashusho...