Umuryango wa Paul Rusesabagina warahiriye kutazaceceka kuri politiki yarwo kuko ari yo ntwaro yatumye uyu mugabo afungurwa, bikaba bihabanye n’ibyo yanditse mu ibaruwa asaba imbabazi Perezida...
Ku cyumweru i Musanze mu majyaruguru y’u Rwanda hatangiye imyitozo y’ibyumweru bibiri ihuriyemo ingabo z’ibihugu byo mu muryango w’ibihugu bya Africa y’iburasirazuba (EAC) mu karere yitwa “Ushurikiano...
U Rwanda n’ubuyobozi bw’Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) bongereye amasezerano y’imyaka itanu, aho ruzakira imikino ya nyuma ya BAL kugeza mu...
Ku ya 18 Kemena 2023, nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma umufana ukomeye w’ikipe ya Manchester United wo muri Kenya uherutse kwitaba Imana , abari bitabiriye uyu muhango wo guherekeza bwa...
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 27 Kamena, i Luanda, umurwa mukuru wa Angola, harasozwa inama ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ihuza EAC, ECCAS, CIRGL...
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bari muri Seychelles aho bari mu bashyitsi bitabiriye ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 47 iki gihugu kibonye ubwigenge.
Ni uruzinduko...
Iyi nama yabereye I Nyanzare yari yatumijwe ku itegeko rya Lt Gen Tshiwewe, yitabirwa na Jenerali Karume, Jenerali Kabido, Jenerali Domi hamwe na Jenerali Bigabo ni inama yayobowe na Col...
Umubyeyi wa Jay Z uri mubahanzi bakunzwe ku Isi Gloria Carter, yeruye kumugaragaro ko ari umutinganyi maze asezerana kubana akaramata n’umugore mugenzi we witwa Roxanne Wilshire bamaze imyaka 7...
Mu buryo ngaruka mwaka United Scholars Center iratangira ibikorwa byayo bizenguruka i Gihugu bizwi nka (Education Fairs) aho baba basonurira ababyeyi n’abana babo ibijyanye n’amahirwe ahari yo...
Mu marushanwa yo gutora ba nyampinga b’u Rwanda mu myaka yatambutse ,hagiye hanatorwa abakobwa babaga bitabiriye irushanwa baberwaga n’amafoto (Miss Photogenic).
Aba bakobwa uko ari 5 nibo...
Kuri uyu wa Mbere Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida mu Burusiya, Dmitry Peskov yatangaje ko Perezida Putin yahuye n’abayobozi ba Wagner Group barimo Yevgeny...
Abayobozi bo mu bihugu bigize umuryango wa IGAD (Djibouti, Ethiopia, Kenya, Sudani) bahuriye i Addis Abeba kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Nyakanga, baganira ku ishyirwa mu bikorwa ry’inzira...
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 12 Nyakanga, imyigaragambyo yadutse muri Kenya ubwo abaturage bajyaga mu mihanda mu mijyi bamagana izamuka ry’imisoro yahitanye abantu batandatu...
Umunyabigwi muri ruhago Lionel Messi yaraye yakiriwe mu ikipe shya, maze agenera ubutumwa abafana ababwira ko afite inyota yo gutangira imyitozo no gukinira ikipe ye nshya ya Inter Miami mu...
Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angelina Ndayishimiye, aragera i Kigali kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Nyakanga 2023 aho aza kwitabira inama Mpuzamahanga yiga ku ruhare rw’Abagore mu Iterambere...
Shabana Basij-Rasikh washinze School of Leadership of Afghanistan (SOLA), ishuri ryigisha abakobwa bo muri Afghanistan ariko kuri ubu rikaba rikorera mu Rwanda, yavuze ko afite inzozi z’uko umunsi...
Kazoza Justin wimitswe nk’umutware w’abakono yeruye ko yaguye mu makosa, kandi ko anicuza ,nyuma yo guhabwa impanuro na nyakubahwa Perezida Kagame, yavuze ko yicuza ndetse atagishaka kumva ko ari...