Irushanwa ry’amagare ryahuje abana b’abahungu n’abakobwa bari hagati y’imyaka 12 na 16 kuri Stade Amahoro i Remera ku Cyumweru, tariki ya 30 Mutarama 2022, mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari,...
Nyuma y’ifungwa ry’umuyobozi wa Rwanda Inspiration Back Up ryateguraga irushanwa ry’ubwiza rya Miss Rwanda , ibintu bikomeje gufata indi ntera muri bamwe baryitabiriye ndetse hari n’abari kugana...
Muri iki gihe u Rwanda rwakiriye abashyitse bitabiriye inama ya CHOGM hashyizweho ibitaramo mu ma carfreezon biba buri mu goroba mu gususurutsa abashyitsi aho usanga kimwe mu bikoresho by’ibanze...
Abana bagera kuri 15 bari mu bantu 41 bapfiriye mu nkongi y’umuriro yafashe urusengero rwa Coptic Christian mu Misiri ku cyumweru.
Uru rusengero rwo mu gace ka Giza rwari rwuzuye abantu bari...
Mu ijoro ryo ku wa 28 Kanama 2022, habaye umuhango wo kwizihiza ubuzima bwa Nkusi Thomas benshi bamenye nka Yanga, yanyuzemo mbere yo kwitaba Imana witabiriwe n’ibyamamare byiganjemo abo muri...
Repubulika ya demukarasi ya Congo yitabiriye inama y’ibihugu by’ibihangange bihuriye mu muryango BRICS ugizwe na Brazil, u Burusiya, u Buhinde, u Bushinwa na Afurika...
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed Ali, yageze i Kigali,kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 06 Mata 1994, aho aje mu ruzinduko rw’akazi no kwitabira ibikorwa byo...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere tariki ya 1 Gicurasi 2017, muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu mugi wa New York habereye ibirori by’akataraboneka byo kwerekana imyambaro ihebuje byiswe “Met Gala”...
Ihere ijisho uko ibyamamare byo mu Rwanda byari mu barenga miliyoni esheshatu bitabiriye itora rya Perezida wa Repubulika kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017.
Abanyarwanda bujuje...
Ku nshuro ya mbere mu mateka ya Ethiopia abaturage babarirwa mu bihumbi bo mu mijyi itandukanye y’iki gihugu, bitabiriye umunsi utarangwamo imodoka, cyangwa Car Free Day mu rurimi rw’Icyongereza,...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida Varisito Ndayishimiye w’u Burundi bitabiriye inama ihuza igihugu cya Arabie Saoudite n’Umugabane wa Afurika, iba kuri uyu wa Gatanu, tariki...
Umutoni wase Flora witabiriye amarushanwa ya Nyampinga w’ u Rwanda mu mwaka wa 2015 bivugwa ko ariwe mukobwa uberwa n’ imyambaro kurusha abandi bakobwa bose bitabiriye Miss...
Mu gitaramo cyateguwe na Munyeshyaka Claude cyagombaga kubera i Rwamagana hagaragaye kutumvinaka bituma abahanzi babarizwa mu itsinda rya Urban Boyz n’ aba Jay Polly bataririmba bitera abafana...