Polycarp umwe mu basore bagize itsinda rya Sauti Sol yakoze ubukwe mu ibanga n’umukobwa bakundanye imyaka 5 witwa Lady Mandy ukomoka mu gihugu cy’Uburundi.
Polycarp Otieno umwe mu bagize itsinda rya Sauti Sol yakoze ubukwe bw’agatangaza n’umukunzi we Lady Mandy w’ I Burundi umuhango wabaye mu ibanga rikomeye.
Umuraperikazi Cardi B wari wambaye imyenda yatumye benshi bacika ururondogoro,yasomanye n’umukunzi we Offset bari ku rubyiniro biratinda benshi baravugishwa ku mbuga...
Mu gihugu cya Brazil haba amarushanwa ngarukamwaka azwi nka Rio Carnival abera mu mujyi wa Rio de Janeiro uvugwaho kuba mu ya mbere iberamo ubusambanyi kurusha indi kuri iyi...
Umukinnyi Neymar Jr wa PSG yongeye kugaragaza ko nta bushake bwo kugaruka ku mugabane w’I Burayi,kuko yagaragaye ari gusomana n’umuhanzikazi witwa Anitta mu birori bya Rio Carnival biheruka kubera...
Umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana,Sano Olivier, umaze iminsi avugwa cyane haba ku mbuga nkoranyambaga, no mu bitangazamakuru bitandukanye kubera inkuru iherutse kujya...
Amakuru aravuga ko ikipe ya Liverpool ishobora gukurwa mu irushanwa rya Carabao Cup nyuma yo gukinisha umukinnyi udafite ibyangombwa mu mukino iherutse gutsinda MK Dons ibitego...
Umugore wa rutahizamu Mauro Icardi witwa Wanda Nara yavuze ko iyo ikipe ya Paris Saint-Germain itsinzwe uyu mugabo we amukupira ibijyanye no gutera akabariro kugeza umunsi yongeye kugira...
Nk’uko bikomeje gutangazwa mu bigo bya Leta ya Korea y’epfo bitandukanye, biravugwa ko umubare w’abakomeje kwandura Caronavirs, ukomeje kuzamuka umunsi ku w’undi muri icyo...
Perezida Donald Trump wa Amerika yasinye itegeko rihagarika by’agateganyo gutanga green cards.
Ni itegeko ririmo amarengayobora amwe n’amwe, rigomba kubahirizwa mugihe cy’iminsi 60 ariko rishobora...
Umuraperi Cardi B yasabye abafana be kuzunguza ibibuno byabo bitonze bari kubyina indirimbo ye nshya yitwa “WAP”,yafatanyije na Megan Thee Stallion nyuma y’aho bamwe mu bafana be bakomeje kuvunika...
Nyuma y’iminsi 204 siporo rusange ya Car Free Day ihagaritswe nk’imwe mu ngamba zo gukumira icyorezo cya Coronavirus, kuri iki Cyumweru yongeye gusubukurwa mu Mujyi wa Kigali yitabirwa n’abarimo...
Umutoza wa Liverpool,Jurgen Klopp waraye asezerewe muri Carabao Cup na Arsenal imutsinze kuri penaliti 5-4 nyuma yo kunganya 0-0 mu minota 90,yatangaje ko yababajwe nuko umunyezamu Leno wa...
Ku wa 25 Ukwakira 2020, nibwo inkuru nziza yatashye I Rwanda y’uko Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yazamuye mu ntera Arkiyepiskopi wa Kigali, Musenyeri Antoine Kambanda,...
Umugore witwa Caroline Knight w’imyaka 33 yashimangiye ko urukundo rukiriho ubwo yavaga mu mujyi umwe wo muri UK asanga umukunzi we Rómulo Roque w’imyaka 19 bari bamaze iminsi bakundanye mu ishyamba...
Igitero cy’ingabo za Mozambique n’iz’u Rwanda cyavanye inyeshyamba mu birindiro byari bisigaye byazo mu gace ka Awasse mu karere ka Mocímboa da Praia ahafatwaga "nk’icyicaro...
Umukinnyi ukina asatira mu ikipe ya Real Madrid,Eden Hazard, yasabwe ’kwihanganira’ ko umutoza we Carlo Ancelotti atamuha umwanya wo gukina kubera ko hari abandi bakinnyi bari ku rwego rwiza...
Minisitiri muri Madagascar yavuze ko yoze mu gihe cy’amasaha 12 ararokoka nyuma yuko indege ya kajugujugu yari arimo ikoreye impanuka mu nyanja ubwo yari mu gikorwa...
Umukinnyi wa ruhago,Andy Carroll,ukunze gukora ibintu bidasanzwe yerekanye ko yiteguye gusaba imbabazi umukunzi we bakoze ubukwe mu mpera z’icyumweru gishize,nyuma yo kugaragara mu gitanda yasinze...
Umuraperikazi uri mu bakomeye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika wamamaye nka Card B yahamwe n’ibyaha yari akuriranweho akatirwa iminsi cumi n’itanu yo gukora imirimo...