Turi tariki ya 02 Kanama ni umunsi wa 214 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 151 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo, uyu munsi umaze kuba ari ku wa gatatu inshuro 56.
Bimwe mu bintu...
Umuririmbi Niyibikora Safi wa Urban Boys yakomoje ku buzima abayemo nyuma yo kurushinga na Niyonizera Judithe, anavuga byimbitse uko yitwaye mu kibazo cyo kuvugwa ku mugore we wabanje gukunda...
• Lowestrates.ca izasenyuka nyuma yo gukina Tour du Rwanda
• Frédérick Gates yatangaje ko yahisemo kuva mu mukino wo gusiganwa ku magare
•Lowestrates.ca yiteguye guhatanira umwenda w’umuhondo muri...
• Gates yashimishijwe no kuba umukinnyi Bonaventure yatwaye agace ka 5 ka Tour du Rwanda
• Gates yatangaje ko yababajwe no kuba atarasinyishije Bonaventure
• Uwizeyimana Bonaventure niwe wegukanye...
Umuherwe wo muri Canada witwa Dellen Millard arashinjwa icyaha cyo kwica uwahoze ari umukunzi we witwa Laura Babcock mu mwaka wa 2012 yarangiza akamutwika ibintu byagoye inzego za polisi kubona...
Imodoka yari itwaye ikipe y’abana y’umukino wa Hockey yitwa Humboldt Broncos yo muri Canada, yagonganye n’ikamyo ubwo yari igiye gukina,abantu 13 n’umushoferi bari muri iyi bisi bahita bitaba Imana....
Umuhanzi Ngabo Medard ukorera ibikorwa bye bya muzika muri Leta Zunze za Amerika nyuma yo kugaruka mu Rwanda azanye n’umukunzi we nibwo benshi bemeye ko uyu musore ari mu rukundo ibintu atakundaga...
Ethiopian Airlines kuri uyu wa Kane tariki 14 Werurwe 2019 yatangaje ko yohereje mu Bufaransa agasanduku k’ umukara ko mu ndege ya Boeing 737 MAX 8 yakoze impanuka ku Cyumweru igahitana abantu...
U Rwanda rukomeje kwakira abanyacyubahiro benshi baje kwitabira umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa...
Guverinoma ya Uganda iri kuganira n’abashoramari bo mu bihugu by’u Burayi kugira ngo ihitemo uwazubaka uruganda rutunganya urumogi rugakorwamo imiti nk’uko bitangazwa na Umunyamabanga wa Leta muri...