Kiliziya gatolika mu Gihugu cya Espagne ivuga ko yirukanye umupadiri wo mu mujyi wa Medina-Sidonia kubera ko basanze atarigeze ahabwa ubupadiri Alabama yabikoraga mu buryo bwa magendu nubwo yari...
Barack Obama wahoze ayobora leta zunze ubumwe za Amerika, yasobanuye ko kuba ikipe y’igihugu ya Argentine yarananiwe gutwara igikombe cy’isi kandi ifite Messi ufatwa nk’umukinnyi wa mbere ku isi...
Umukinnyi wo gusiganwa ku magare wa Benediction Ignite na Team Rwanda, Areruya Joseph, yasezeranye kuri iki Cyumweru na Uwera Josephine, umukobwa w’inzozi...
Mu gace ka kabiri ka Tour du Rwanda kavaga Kigali kerekeza I Huye aho abasiganwa bakoze ibirometero 120,5 kegukanwe n’Umufaransa w’imyaka 21 witwa Alan Boileau ukinira ikipe ya B-B...
Umupfakazi w’uwari Perezida wa Haïti wishwe yasubiye muri iki gihugu cyo mu birwa bya Caraïbes, nyuma yo kuvurirwa muri leta ya Florida ibikomere yagiriye mu gitero cyahitanye umugabo...
Umunya Colombia ukinira Everton,James Rodriguez,yavuze ko yifuza kubona Lionel Messi na Cristiano Ronaldo bakinana mu ikipe imwe cyane ko bose bari kwerekeza ku mpera z’umwuga wayo.
Aba bakinnyi...
Ifoto y’umuntu umwe gusa warokotse ari ku bwato bwabirindutse bwari burimo abimukira rwagati mu nyanja ikora kuri leta ya Florida muri Amerika, yateye ibyishimo ku...
Umukinnyi wabigize umwuga mu gusiganwa ku magare yakoze impanuka yikubita hasi nyuma yo kugonga umugore we nyuma y’amasegonda make amaze gutsinda ubwo uyu yageragezaga kumufata amafoto arenga...
Umukinnyi ukizamuka mu mukino wo kwiruka yagombye guhisha igitsina cye nyuma yo kuva mu ikabutura kikajya hanze ubwo yari mu irushanwa rwagati.
Igitangaje nuko uyu mukinnyi w’Umutaliyani...
Ikipe yo mu cyiciro cya mbere muri Colombia yahuye n’akaga gakomeye ubwo abafana bayo 1,400 bayiteye mu kibuga bakubita abakinnyi babo n’abatoza.
Deportivo Cali, isanzwe iri ku mwanya wa nyuma...
Nibura abantu umunani bapfuye ubwo indege ntoya yagwaga mu nyubako nyinshi mu gace gatuwe ka Medellin muri Colombia,muri iki cyumweru.
Abapfuye bose bari mu ndege kandi nta bakomeretse hasi...
Leta zunze ubumwe za Amerika zarashe igipurizo cy’Ubushinwa zivuga ko kimaze iminsi gikora ubutasi ku bigo bya gisirikare ahatandukanye muri Amerika.
Minisiteri y’ingabo yemeje ko indege...
Umunyamakurukazi yaguye igihumure ari gusoma amakuru imbonankubone kuri TV mu gihugu cya Colombia.
Madamu Elianis Garrido w’imyaka 35,ukora ikiganiro kuri TV yo muri Colombia cyitwa Lo Sé Todo...
Umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko wo muri Colombia, yavugishije benshi cyane cyane abakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma yo kuvugira kuri Televiziyo yitwa TV Malambo yo muri icyo gihugu, ko yaba...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, Uruguay yahagaritse imikino 14 Argentina yari imaze idatsindwa iyitsinda ibitego 2-0,mu mikino y’amajonjora y’igikombe cy’isi mu gace kabo ka Amerika...
Uruzi rwa Mississipi/ Foto: Internet
Turi tariki ya 17 Kamena ni umunsi w’ 168 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 197 niyo isigaye kugira ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri...
Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump arashinjwa n’ abagize inteko ishinga amategeko bagera kuri 200 ko yakiriye amafaranga mu buryo bunyuranyije n’ itegeko nshinga rya Leta zunze...