Umunyarwenya, Kayitankore Ndjori wamenyekanye ku mazina ya Kanyombya, yabatijwe mu mazi menshi yakira Yesu n’umwami n’umukiza, aba bonye amafoto bagira ngo ni filime yarimo gukina.
Kanyombya...
Imikino yo kwishyura ya 1/8 mu irushanwa rya Champions League isize Real Madri ibonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda Napoli, mu gihe Bayern Munich ibigezeho nyuma yo kwandagaza Arsenal.
Ni...
Ikipe ya Bayern Munich yihanije ikipe ya Arsenal iyinyagira 5-1 mu mukino ubanza wa 1/8 cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’u Burayi ’UEFA Champions League’, ni mu gihe Real...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yageze i Gandhinagar mu gihugu cy’ u Buhinde kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2017 aho agiye kwitabira inama ya munani yitwa Vibrant Gujarat Global Summit...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Kenya Uhuru Kenyatta ni bamwe mu bayobozi bakuru bazitabira inama mpuzamahanga ku kwagura ishoramari ry’ igihugu cy’ Ubuhinde.
Iyi nama yiswe...
Muri Uganda kimwe no mu bindi bihugu bituyemo abantu bakurikiranira hafi amakuru y’ibyamamare byo muri Uganda by’umwihariko abakozi b’Imana, mu myaka yashize hari amakuru avuga ko Pastor Robert...
Turi tariki ya 07 Nyakanga ni umunsi 188 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 177 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki abantu bane bacuze umugambi wo kwica Perezida wa Leta...
Turi tariki ya 08 Nyakanga, ni umunsi w’ 189 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 176 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 08 mu mateka
1099:...
Ku munsi w’ejo taliki ya 15 Nyakanga nibwo ibitangazamakuru by’I burayi byatangaje ko ikipe ya Chelsea yamaze gusinyisha umusore bari bamaze iminsi bashaka Tiemoue Bakayoko wafashije ikipe ya AS...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Kanama abaturage b’ Angola barazindukira mu matora ya Perezida wa Repubulika y’ icyo gihugu usimbura Jose Edouardo Dos Santos umaze imyaka 38 ari Perezida.
Jose...
Mu mikino ya gishuti yabaye kuri wa Mbere Nzeli 2017 muri Amerika, ikipe imwe yatsinzwe ibitego 16 ku busa naho indi itsindwa ibitego 13 ku busa.
Ibi byabereye mu bihugu bibiri bitandukanye byo...
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 12 Nzeri 2017,nibwo imikino y’amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’I Burayi yatangiye aho hakinaga kuva mu itsinda rya A kugera mu rya D aho umukino wari utegerejwe...
Kuri uyu wa kabiri nibwo hateganyijwe imikino ya kabiri mu matsinda y’amakipe yabaye aya mbere iwayo aho harakinwa imikino yo ghuramu itsinda A kugeza mu rya D ndetse ibigugu biraza gucakirana...
Rutahizamu Lionel Messi yafashije ikipe ya Argentina kwerekeza mu gikombe cy’isi nyuma yo gutsinda ibitego 3 wenyine ikipe ya Ecuador mu gihe akababaro ari kose ku banya Chili babuze itike...
Umutoza Antonio Conte ari mu mazi abira nyuma yo gutsindwa ibitego 3-0 na AS Roma mu mikino ya UEFA Champions League,aho yavuze ko abakinnyi batagaragaje inyota muri uyu...
FIFA imaze gutangaza uko amakipe yabonye itike yo gukina igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya umwaka utaha azahurira mu matsinda aho ikipe ya Portugal yisanze mu itsinda rimwe na Portugal rya B....
Ikipe ya Arsenal iri mu bihe bibi muri iyi minsi ishobora gusezerera abakinnyi bagera ku icyenda muri iyi mpeshyi kubera umusaruro wabo ugerwa ku mashyi ndetse ntacyo wafashije iyi kipe mu mwaka...
Umugore wa Alvaro Morata witwa Alice Campello yashyize hanze amashusho yishimanye n’umugabo we ndetse bigera n’aho amuheka byatumye abafana ba Chelsea bongera kwifatira ku gahanga uyu mutoza...
Umutoza Massimiliano Allegri w’ikipe ya Juventus irakira Tottenham uyu munsi mu mikino ya 1/8 cya UEFA Champions League ,yavuze ko rutahizamu Harry Kane ataragera ku rwego rwa rutahizamu we...
Ikipe ya Tottenham niyo iri kuvugwa cyane mu bitangazamakuru byo ku mugabane w’I Burayi aho yahagamye igihangange Juventus cyari imbere y’abafana bayo banganya ibitego 2-2 mu mikino ya UEFA...
Ikipe ya Rayon Sports itsinze Sunrise FC ibitego 3-2 mu mukino wayigoye cyane, wabereye kuri stade Mabati yo mu karere ka Nyagatare, biyifasha kurangiza igice kibanza cya shampiyona iri ku mwanya...
Umukinnyi Lionel Messi yanenzwe na benshi mu bakunzi ba ruhago kubera gutaha umukino utarangiye ubwo ikipe ya Argentina yanyagirwaga na Espagne ibitego 6-1.
Isco yafashije Espagne kunyagira...
Rutahizamu Bimenyimana Bonfils Caleb uhagaze neza cyane muri iyi minsi, afashije Rayon Sports gutsinda Aspor ibitego 2-1 mu mukino wo kwishyura w’igikombe cy’Amahoro,byiyongereye kuri 5-0 ku busa...
Ku kibuga Juventus Arena mu Butaliyani niho abakunzi ba ruhago bahanze amaso aho harabera umukino ubanza wa ¼ cya UEFA Champions League urahuza amakipe yageze ku mukino wa nyuma w’umwaka ushize...
Ikipe ya Real Sports yamaze guhabwa ibihano bikarishye na CAF nyuma y’aho bamwe mu bayobozi bayo bafatiwe muri hoteli abasifuzi bari bacumbitsemo mbere y’umukino wa CAF Champions League wayihuje na...