Ibyamamare muri muzika y’afurika barimo bakomeye David Adedeji Adeleke [Davido], Naseeb Abdul Juma Issack [Diamond Platnumz] na Tiwatope Savage [Tiwa Savage] bategerejwe i Kigali aho bazaririmba...
Umunyezamu David de Gea wa Manchester United ntazakina igikombe cy’isi cya Qatar mu mpera z’uyu mwaka nyuma y’uko bivugwa ko atari ku rutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi 55 ikipe ya Espagne yahamagaye....
Umuhanzi Davido wageze mu Rwanda Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 2 Werurwe 2018. Yasuye ishuri ry’ abana biga ibijyanye na muzika ku Nyundo.
Nkuko byari byaramaze gutangazwa ko Davido...
Leta ya Nigeria yahagaritse zimwe mu ndirimbo ziri guca ibintu muri iyi minsi ku mugabane wa Africa z’abahanzi nka Davido, Olamide na 9ice, izishinjwa gusakaza umuco w’ubusambanyi, kwigisha abantu...
The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter bashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA.
The Ben ari...
Ikipe ya Manchester United irimo gutekereza uko yakongerera umunyezamu David De Gea amasezerano mashya ariko shebuja Erik ten Hag ngo kugeza ubu ntarameza ko ari muri gahunda ye.
De Gea yabaye...
Umuraperi Kanye West wahoze ari umugabo wa Kim Kardashian banabyaranye yabitse Pete Davisdon wamutwaye umugore byongera kuzamura umwuka utari mwiza hagati ye na Kim...
Uwahoze ari icyamamare mu mupira w’amaguru mu Bwongereza, David Beckham yirengagije bagenzi be bose bakinannye muri Manchester United ubwo yasabwaga kuvuga umukinnyi mwiza kurusha abandi bose mubo...
David Beckham yongeye guteza impaka ku mbuga nkoranyambaga aho benshi bibajije imyitwarire"ikwiye" umugabo ku mukobwa we cyane ko we amusoma ku munwa.
Ku wa gatanu, uyu wahoze ari umukinnyi...
Uwitwa TUYISHIME Jean Claude yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa TUYISHIME David.
Impamvu avuga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko izina "David" ari izina...
Iradukunda Michele uzwi nka Michou umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda na Magic FM yagaragaje ibyishimo bidasanzwe yerura ko akuriwe kandi yamenye ko azibaruka umwana w’umuhungu.
Ku wa 11 na...
Nyuma y’uko ubwongereza butoye kuva mu muryango w’ubumwe bw’ibihugu by’uburayi David Cameroon yahise yegura ku mwanya wa Minisitiri w’intebe, ni kimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka.
Turi tariki 13...
Umuyobozi w’ingabo mu Karere ka Kamonyi Capitaine RUGAMBA David, avuga ko nyuma yo guharanira amahoro, ubu ikigezweho ari uguharanira imibereho myiza n’iterambere ry’abaturage.
Ibi yabitangarije...
Umusore David Silva Umunya Espagne w’imyaka 31 yatangaje ko naramuka atwaye igikombe cya UEFA Champions League ari kumwe na Manchester City azahita areka umupira w’amaguru akajya gukina umupira...
Uwitwa NIZEYIMANA Donatien yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MBONYINSHUTI David mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga yo guhinduza amazina akaba ari uko ari...
Uwitwa Nizeyimana Donatien yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe Mbonyinshuti David mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga yo guhinduza amazina ni uguhuza amazina ku...
Myugariro David Alaba ukomoka muri Austria yanze gutora Karim Benzema usanzwe ari kapiteni we mu ikipe ya Real Madrid ahubwo atora Lionel Messi mu bihembo bya FIFA The Best.
Uyu kapiteni wa...
Umunyezamu wa Manchester United, David De Gea, yatangaje ko iyi kipe yavumwe nyuma y’uko begereye imyaka itanu nta gikombe na kimwe batwara.
Amashitani atukura ntabwo aratwara igikombe kuva mu...
Umunyezamu wa Manchester United,David De Gea,niwe munyezamu witwaye neza kurusha abandi muri shampiyona eshanu za mbere i Burayi cyane cyane mu gukuramo imipira ikomeye.
De Gea w’imyaka 31,...
Miss Iradukunda Michele, Umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda (RTV) na Magic FM, yahishuye agahinda kari kumwica yagize nyuma yo kubyara umwana we w’imfura akamara ibyumweru bitatu...
Umunya Espagne ukinira ikipe ya Manchester United yatangaje ko nta mwanya n’umwe yahaye abamunenze ko atitwaye neza mu gikombe cy’isi ndetse ibyo bavuga byose ari ubucucu atabona umwanya wo...
Umunyamideli ukomeye hano mu Rwanda Bashabe Catherine abinyujije kuri Facebook yavuze ko ibyo abantu bacyetse atariko biri nkuko byagaragajwe mu mashusho.
Yagize ati “Mbabazwa bikomeye n’ukuntu...
Umuhanzi David D wamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye nka Biryogo, Mariya kaliza, Go Down, Sweet Love, Hennesy aheruka gushyira hanze n’izindi zitandukanye kuri ubu yamaze gushyira ku rutonde rw’...