Umuhanzi w’icyamamare mu muziki wa Africa Davido, biravugwa ko yakoze ubukwe n’umukunzi we Chioma bamaze iminsi mike bapfushije umwana wabo w’umuhungu Ifeanyi.
Umuhanzi Wizkid yerekanye uruhande abogamiyeho hagati ya Davido na Burna Boy ku makimbirane arambye muri iyi minsi aho yavuze ko ashyigikiye mugenzi we wamugize ikirenga muri Nigeria byaje no...
Umuhanzi David Adedeji Adeleke ukomeye cyane mu muziki nyagurika by’umwihariko mu gihugu cya Nigeria ari byishimo nyuma y’uko umukunzi we, Chioma Avril akize icyorezo cya COVID-19 yari...
Umuhanzi Akon wamenyekanye mu myaka yo hambere mu ndirimbo zitandukanye yatangaje uwo abona ukomeye mu nganzo hagati ya Davido na mugenzi we Burna Boy.
Kim Kardashian nyuma yo gutandukana byeruye na Kanye West akomeje kugirana umubano udasanzwe n’Umunyarwenya Pete Davidson ndetse biri gukekwa ko baba bafitanye umubano ushobora kuvamo...
Umugabo witwa Basabose David ukomoka mu karerea ka Rutsiro wamugajwe n’umubyeyi we (Papa we) bapfa amasambu. Kuri ubu hashize imyaka isaga 15, uyu mugabo yaramugaye kuko amaguru ye yose...
Umukobwa wo muri Nigeria yagaragaje icyifuzo ko umuhanzi Davido Adeleke aramutse amufashe ku ngufu ko ntacyo byaba bimutwaye na gato ndetse ko yabayakira neza cyane ntagire ikiguzi na kimwe yaka...
Mu mukino w’umunsi wa 3 wa shampiyona warebwe na myugariro David Luiz wa Arsenal,ikipe ya APR FC yahaye isomo rya ruhago Etincelles FC yari iyoboye shampiyona iyitsinda ibitego 3-0 mu gihe Rayon...
Myugariro w’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza,David Luiz Moreira Marinho kuri uyu wa kane,taliki ya 10 Ukwakira 2019, azasura u Rwanda,aho azaba aje mu bikorwa bitandukanye by’umupira w’amaguru no...
Abagabo batatu bambaye masks bafashwe na camera za CCTV bari kugerageza kwinjira mu nzu ya David Beckham banyuze mu idirishya,hitabazwa polisi kugira ngo...
David Adedeji Adeleke uzwi nka Davido yamaze kwambuka umupaka w’ u Rwanda atarangije indirimbo na Jay Polly. Ubwo Davido yageraga mu Rwanda taliki ya 02 Werurwe 2018 mu kiganiro n’ Itangazamakuru...
Umukobwa uri mu bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda, witwa Umukundwa Clemence wamamaye nka Cadette ku mbuga nkoranyambaga ,yerekanye imbamutima ze nyuma yo guhura n’umuhanzi w’icyamamare muri...
Umuhanzi Davido uri mu bakunzwe cyane muri Afurika,yasangije inkuru y’ubuzima bwe abafana ku mbuga nkoranyambaga aho yaberetse inzu [apartement] yakodeshaga we na babyara be 2 ubwo bari bakennye...
Mu gihe bitamenyerewe ko abahanzi bakomeye nka Chris Brown bakorana indirimbo n’abo muri Afurika ndetse bakagaragaza ishema ryo kubyamamaza ku mbuga nkoranyambaga, byerekana ko Davido ari umuhanzi...