Umuririmbyi Davido ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kwibaruka umwana wa kabiri yabyaranye n’umukunzi we Amanda mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri. Davido w’imyaka 24 niwe wahishuye bwa mbere ko we...
David Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido yashyizwe ku rutonde rw’abahanzi bakomeye bakurikirwa na Cristiano Ronaldo kuri instagram. Ni nyuma yo kumuririmba mu ndirimbo yise ‘Fall’ iharawe cyane...
Davido wo mu gihugu cya Nigeria yatangaje ko afite nimero z’abaperezida 13 bari ku migabane itandukanye igize isi, ngo bajya baganira iby’ubuzima bwe ndetse n’umuziki yatangiye gukora akiri ku ntebe...
David Adedeji Adeleke, Umenyerewe mu muziki nka Davido , mu minsi ishize nibyo yashyize ahagaragara indirimbo nshya yise “Dolce & Gabbana” aravuga ko amafaranga yose azava mu icuruzwa...
Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeriya, Davido yavuze ko urwango n’ishyari bamufitiye mu muziki ari uko se akize kandi akaba yaravukiye murugo rw’abakire.
David Adedeji Adeleke wamamaye mu muziki nka Davido mu minsi ishize yatangaje ko agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Chioma, kuri ubu Chris Brown yasabye uyu muhanzi wo muri Nigeria ko...
Umunyamakuru ku byerekeye ubuzima witwa Kemi Olinloyo yiyemeje kwandagaza umuhanzi Davido Adeleke uzwi nka Davido kubera ko yamugiriye nabi yanongeyeho ko uko byagenda kose nubwo yasaba imbabazi...
Umuhanzi w’icyamamare mu muziki wa Nigeria no muri Africa wamenyekanye nka Wizkid yatunguye abakunzi n’abafana be ubwo yavugaga ko nta gushidikanya aruta mugenzi we...
Umuhanzi Adedeji Adeleke uzwi nka Davido uri mu bahanzi bageterejwe i Kigali muri iyi mpeshyi arashinjwa guca inyuma umugore we Chioma, agatera inda abakobwa babiri mu bihe bimwe.
Ibinyamakuru...
Umuhanzi Wizkid yerekanye uruhande abogamiyeho hagati ya Davido na Burna Boy ku makimbirane arambye muri iyi minsi aho yavuze ko ashyigikiye mugenzi we wamugize ikirenga muri Nigeria byaje no...
Umuhanzi w’icyamamare David Adedeji Adelek benshi bazi nka Davido mu muziki , yahishuye ko yamaze kwerekana umukunzi we Chioma Avril Rowland mu muryango we ndetse anatangaza ko bababafite ubukwe...
Umukobwa wo muri Nigeria yagaragaje icyifuzo ko umuhanzi Davido Adeleke aramutse amufashe ku ngufu ko ntacyo byaba bimutwaye na gato ndetse ko yabayakira neza cyane ntagire ikiguzi na kimwe yaka...
Umuhanzi w’icyamamare mu muziki wa Africa Davido, biravugwa ko yakoze ubukwe n’umukunzi we Chioma bamaze iminsi mike bapfushije umwana wabo w’umuhungu Ifeanyi.
Umuhanzi Akon wamenyekanye mu myaka yo hambere mu ndirimbo zitandukanye yatangaje uwo abona ukomeye mu nganzo hagati ya Davido na mugenzi we Burna Boy.
David Adedeji Adeleke uzwi nka Davido yamaze kwambuka umupaka w’ u Rwanda atarangije indirimbo na Jay Polly. Ubwo Davido yageraga mu Rwanda taliki ya 02 Werurwe 2018 mu kiganiro n’ Itangazamakuru...