Mu gihe bitamenyerewe ko abahanzi bakomeye nka Chris Brown bakorana indirimbo n’abo muri Afurika ndetse bakagaragaza ishema ryo kubyamamaza ku mbuga nkoranyambaga, byerekana ko Davido ari umuhanzi...
Umuririmbyi wo muri Nigeria David Adedeji Adeleke uzwi ku izina ry’urubyiniro nka Davido yizihiza isabukuru y’amavuko yizihije ku munsi wo kuwa kane none umukunzi yeretse abakunzi be amashusho...
Umuhanzi Davido uri mu bakunzwe cyane muri Afurika,yasangije inkuru y’ubuzima bwe abafana ku mbuga nkoranyambaga aho yaberetse inzu [apartement] yakodeshaga we na babyara be 2 ubwo bari bakennye...
Umukobwa uri mu bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda, witwa Umukundwa Clemence wamamaye nka Cadette ku mbuga nkoranyambaga ,yerekanye imbamutima ze nyuma yo guhura n’umuhanzi w’icyamamare muri...
Umuhanzi Davido wo mu gihugu cya Nigeria yemeje ko afite igitaramo mu mujyi wa Kigaliri muri Werurwe uyu mwaka,atangaje ibi nyuma y’iminsi micye bitangiye kuvugwa ko uyu muhanzi agiye kuza mu...
Umuhanzi wo muri Nigeria David Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido yavuze ukuntu yasubiye mu ishuri kubera igitsure cya papa we ubwo yaganiraga n’abakunzi n’abafana be mu kiganiro baheruka...
Umuhanzi ukomeye wo muri Nigeria, David Adeleke uzwi ku izina rya Davido utegerejwe gutaramira i Kigali mu birori byo gusoza Iserukiramuco ‘Giants of Africa’ yaraye agiranye ikiganiro na Bruce...
Chioma Avril Rowland umugore wa Davido yakuriye inzira ku murima abahora bashinja umugabo we kumuca inyuma akaryamana n’abandi bagore, abibutsa ko ashyingiranwa na we ari icyemezo yafashe...
Umuhanzi David Adedeji Adeleke [Davido], ukomoka mu gihugu cya Nigeria agiye kwibaruka umwana wa kabiri n’umukunzi we w’igihe kirekire utuye mu mujyi wa Atlanta.
Uyu mukunzi wa Davido afite...
Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Werurwe 2018 nibwo umuhanzi Davido yasesekaye i Kigali gukora igitaramo kiri mu by’uruhererekane yise ’30 Billion Africa Tour 2018’ amaze iminsi...
Faith Nketsi wahoze ari mu rukundo n’umuhanzi Davido yavugishije benshi kubera amafoto yashyize hanze agaragaza imiterere ye ikundwa na bimwe mu byamamare byo muri...