Kalisa Roger wari ushinzwe Imirimo rusange akegura ku kazi, yanenzwe n’Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu kubera kwishyura nabi ba rwiyemezamirimo bakoreye akarere ndetse akurikiranyweho icyaha...
Kuri uyu wa kabiri, nibwo urukiko rw’ibanze rwa Muhoza mu karere ka Musanze rwaburanishije urubanza rw’uwahoze ari visi meya ushinzwe iteramere n’ubukungu,Ndabereye Augustin, wakubise umugore we...
Ishyamba si iryeru mu ikipe ya Real Madrid ikomeje kunyagirirwa mu irushanwa rya UEFA Champions League yahoze ibereye umwami aho yaraye igaragaje urwego rwo hasi cyane inyagirirwa I Paris na PSG...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa mbere taliki 30/9/2019 saa yine za mu gitondo (10h00) na saa sita z’amanywa (12h00) azagurisha bwa mbere muri cyamunara umutungo...
Ku wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Mu ijoro ryo ku wa Gatatu taliki ya 20 Ugushyingo 2019, mu Mujyi wa Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo abarwanyi bagize umutwe wa ADF bishe abantu 19 batwika n’imwe muri Kiliziya...
Ku wa mbere w’iki cyumweru,Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Prof Shyaka uri mu ruzinduko mu Ntara y’Iburengerazuba, ‘yasomeye’ bikomeye Abayobozi bo mu Karere ka Rubavu, anenga cyane imikoranire...
Urukiko rwa gisirikare kuri uyu wa Gatanu rwafashe icyemezo ku bujurire bw’abasirikare mu ngabo z’igihugu bashinjwa ibyaha byo gufata ku ngufu abagore, gukubita abaturage no guta...
Umukinnyi wa APR FC,Niyonzima Olivier uzwi ku izina rya Seif yamaze gutangaza ko tariki ya 06 Nzeri 2020 aribwo azarushinga n’umukunzi we Mushambokazi Belyse yatereye...
Ku wa Gatanu, tariki ya 14 Kanama 2020, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME.
1. Inama y’Abaminisitiri...
Inyubako za mbere zizatuzwamo abantu ba mbere mu batuye mu midugudu igize igice cy’akajagari i Nyarutarama ahazwi nka Bannyahe,zamaze kuzura ndetse mu cyumweru kimwe bamwe mu bagomba...
By Peter Auf der Heyde
The two teams involved in Wednesday’s 2020 Supercoppa Italiana final - Juventus and Napoli - go into the game in Reggio Emilia with very differing form. Cristiano...
Ku mugoroba wa tariki ya 12 Nyakanga ahagana saa tatu z’ijoro abapolisi bakorera mu Karere ka Gicumbi muri sitasiyo ya Rutare bafatiye abantu 17 mu rugo rwa Ntezimana w’imyaka 37. Atuye mu Murenge...
Ikiganiro IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#40 kiragaruka ku rugendo rwa Politiki rwa Amb. MUTSINDASHAKA Theoneste! Uko Habyarimana yamufunze mu byitso, uko yageze mu Nkotanyi, uko yayoboje Umujyi wa Kigali...
Indege yagonze inyubako yo mu mujyi wa Milan ihitana abantu umunani bose bari bayirimo barimo n’umuherwe witwa Dan Petrescu w’imyaka 68 n’umuryango we.
Abasirikare babiri bafite ipeti rya Private bari bakurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya ku gahato abagore muri Kangondo II ahazwi nka Bannyahe mu Murenge wa Remera, bahanaguweho iki cyaha...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney , avuga ko atumva ukuntu ibipimo by’igwingira mu bana bo mu Karere ka Musanze, bikomeje kwiyongera, nyamara ari kamwe mu Turere...
Mu murenge wa Bumbogo mu karere ka Gasabo Umusore uri mu kigero cy’imyaka 29 yagwiriwe n’inzu ahita apfa.Birakekwa ko iyi mpanuka yatewe nuko inzu yari arimo yubatswe mu buryo busondetse.
Uyu...