Rutahizamu wifuzwa n’ikipe ya Arsenal,Mykhailo Mudryk yabwiye abantu bari kumwe mu biruhuko I Dubai ko yiteguye kwerekeza kuri Emirates nyuma y’aho iyi kipe itanze amafaranga ya kabiri yo kumugura...
U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu bashyize umukono ku masezerano ajyanye n’ishoramari n’imisoro. Ni amasezerano yashyizweho umukono n’umuyobozi mukuru wungirije ushinzwe ibikorwa mu kigo...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 03 Ugushyingo 2017; The New Vision yandikirwa mu gihugu cya Uganda ikaba n’Ikinyamakuru cya Leta, cyasohoye inkuru kuri paji ya mbere ivuga y’uko habayeho ibiganiro...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa wa Mbere tariki ya 16 Ukuboza, nibwo Uwase Muyango Claudine wamamaye muri Miss Rwanda 2019,akaba n’umukunzi w’umunyezamu wa Rayon Sports,Kimenyi Yves yasesekaye ku kibuga...
Umwe mu baterankunga b’irushanwa rya nyampinga wu Rwanda 2020, ni isosiyete y’ubucuruzi izobereye mu gutanga Serivisi mu bijyanye n’imitungo itimukanwa, ifite urubuga kuri interineti...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 22 werurwe 2020,Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko hagaragaye abandi barwayi babiri ba Coronavirus. Ibi byatumye umubare w’abamaze kwandura iki cyorezo mu...
Paul Rusesabagina yatanze ikirego mu rukiko arega Sosiyete y’indege ya GainJet Aviation yo mu Bugereki n’umuvugabutumwa witwa Costantin Niyomwungere, abashinja ’gufatanya n’u Rwanda...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukinira Juventus n’umukunzi we Georgina Rodriguez bakunze kuvugwa cyane mu binyamakuru kubera amafoto bashyira hanze ariko kuri iyi nshuro baciye ibintu kubera...
Théoneste Uwayezu uyobora kompanyi yitwa ICT For All in All ikorera i Remera mu mujyi wa Kigali, avuga ko basanze ari ngombwa mu Isi ya none gufasha abantu bose babyifuza kwihugura mu rurimi...
Umunya Tanzania Naseeb Abdul Juma,uzwi cyane ku izina ry’ubuhanzi rya Diamond Platnumz, arashinjwa ’guhimba’ ibinyoma ku mutungo we,n’uwahoze ari umucungamutungo...
Georgina Rodriguez yabwiye umukunzi we usanzwe ari umukinnyi w’icyamamare muri Man United, Cristiano Ronaldo ati: ’Ntushobora kumva uko nezerewe’.Aha ni mu butumwa bwo kumushimira kubera ibirori byo...
Umuhanzi Cyusa Ibrahim umaze kumenyekana nka Cyuza mu njyana ya gakondo akomeje gusangiza abamukurikira ko aryohewe n’urukundo arimo n’umukunzi we @jeanine_noach.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane tariki 28 Mata 2022, muri Village Urugwiro, yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu...