Umuhanga wanditse amateka muri ruhago y’Isi Cristiano Ronaldo yashyizeho agahigo ko kuba umukinnyi ukiniye imikino myinshi ikipe y’igihugu ya Portugal ari naho avuka abihererwa igihembo.
Kuri...
Itsinda rya Sauti Sol ryo muri Kenya ryatangaje ko rigiye gukora ibitaramo bya nyuma mbere y’uko ritandukana “kugeza igihe kitazwi”, inkuru benshi bagaragaje ko ibababaje cyane.
Iri ni itsinda rya...
Umutoza wa REG BBC, Dean Murray na Kapiteni wayo Shyaka Olivier, batangaje ko nta bwoba bafitiye amakipe bagiye guhurira mu Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL 2023) ritangira kuri uyu wa...
Kuri uyu wa Kabiri, u Bushinwa bwirukanye umudipolomate w’Umunyakanada wakoreraga muri Shanghai mu rwego rwo kwihimura nyuma y’uko Canada na yo ihambirije umudipolomate w’Umushinwa ukorera mu mujyi...
Raporo y’uyu mwaka wa 2023 ku bwisanzure bw’itangazamakuru ku isi yashyize u Burundi ku mwanya wa 114 n’amanota 52.14%, wa mbere mu karere, naho u Rwanda ku mwanya wa 131 n’amanota 46.58% mu bihugu...
Mu myaka irenga 28 ishize,mu Rwanda n’ahandi henshi ku isi hagiye haba imfu zitandukanye mu bantu bazwi yaba muri politiki,imyidagaduro no mu bucuruzi bigaca igikuba mu bantu.
Icyakora mu myaka...
Ikipe ya Manchester United ishobora kugurisha abakinyi bagera kuri 12 mu mpeshyi igiye kuza harimo kapiteni wayo ukina inyuma,Umwongereza Harry Maguire w’imyaka 30.
Mu bandi bavugwa ko ishobora...
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitabye urukiko kuri uyu wa Kabiri, asubiza ku byaha ashinjwa birimo impapuro mpimbano zishingiye ku mafaranga yishyuye umugore...
Perezida Donald Trump wa USA yatangaje ko ntacyo kuvuga afite kuri mukeba we Donald Trump bashobora guhangana mu matora ataha.
Ibiro bya perezida w’Amerika bizwi nka White House ntibyagize icyo...
Umunyamerika w’icyamamare mu gukina filimi z’urukozasoni, Stormy Daniels yavuze ko "azabyinira mu muhanda" igihe uwahoze ari Perezida Donald Trump yajyanwa muri gereza kubera amafaranga yamwishyuye...
Umunyamakuru wibanza ku mupira w’amaguru w’Umufaransa, Julien Laurens yavuze ko Antoine Griezmann ashaka gusezera mu ikipe y’igihugu kubera uburakari yatewe no kwimwa igitambaro cy’ubukapiteni...
Iburanisha mu rubanza rwa Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 ryakomeje kuri uyu wa kane, umwe mu bagize itsinda ry’inzobere zakoze raporo ku buzima bwe –...
Umwongereza Ethan Vernon ukinira Soudal Quick-step yegukanye Agace ka Mbere ka Tour du Rwanda 2023 nyuma yo gukoresha amasaha abiri, iminota 45 n’amasegonda 52 ku ntera ya kilometero 115,6...
Kizigenza LeBron James yabaye umukinnyi watsinze amanota menshi kurusha abandi bakinnyi bakinnye muri shampiyona ya Basketball ya NBA kuva yabaho.
Ibi Lebron James yabikoze ubwo yatsindaga...
Umukinnyi Niyonzima Ally wakiniye amakipe akomeye hano mu Rwanda ubu akaba akinira Bumamuru FC yo mu cyiciro cya mbere mu Burundi,yagaragaye asomana byimbitse n’umukobwa bagiye...
Umunyarwandakazi Mukansanga Salima uri mu bagore 3 bari gusifura igikombe cy’isi cy’abagabo muri Qatar azaba ari umusifuzi wa Kane mu mukino Ubufaransa buzakina na Tunisia kuri uyu wa 30 Ukuboza...
Umunyarwandakazi Salima Mukansanga azaba ari umusifuzi wa 4 mu mukino w’Igikombe cy’Isi wo kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Ugushyingo 2022,ubwo Ubufaransa buraba buhanganye na Australia.
Uyu mukino...
Ikipe ya Manchester United yirukanye Cristiano Ronaldo mu ikipe ya mbere kandi azakorera imyitozo wenyine nyuma yo kwanga kwinjira mu kibuga bakina na Tottenham.
Cristiano yakuwe mu ikipe iri...