U Rwanda rwaje ku mwanya wa 79 ku rutonde rw’ibihugu bifite umutekano kurusha ibindi ku isi ruyobowe na Iceland yakurikiwe na New Zealand na Portugal mu gihe Afghanistan aricyo gihugu gifite...
Niyonshuti Ange Tricia, umugore wa Dr Muyombo Thomas ‘Tom Close’ yatangaje ko yifuza abandi bana bo kurera bakeneye ababyeyi mu magambo yifashishije yifuriza isabukuru nziza umwana w’ubuteha we...
Abaturage ba New Zealand/ Nouvelle Zelande batoye ku bwiganze bemera itegeko ry’igikorwa cya euthanasia, impirimbanyi zabyo zabyise "intsinzi ku bumuntu".
Nyina wa rutahizamu wa Manchester United,Marcus Rashford witwa Melanie Maynard yatangaje ko kubera ubukene bwari iwabo,rimwe na rimwe yigomwaga ifunguro akareka abana be bakarya kugira ngo...
Ikipe ya Manchester United yakoze ibyo benshi batatekerezaga inganya na Atletico Madrid igitego 1-1 mu mukino ubanza wa 1/16 cya UEFA Champions League y’uyu mwaka.
United yarangije igice cya...
Umu raperi Radric Delantic Davis [Gucci Mane] wo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika n’umugore we Keyshia Ka’oir Davis bari mu byishimo byo kwibaruka umwana wabo wa kabiri...
SP Nyagatare Delanoë yafashwe na RIB ku wa 10 Ukwakira 2023 akekwaho gukubita uwitwa Nyandwi Aimable urushyi mu muhanda. Yaburanye ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ku wa Kane tariki ya 26...
Mu gihe Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump akomeje umugambi wo kwirukana abimukira bari muri iki gihugu badafite ibyangombwa bibemerera kuhaba byamaze kumenyekana ko n’ umugore...
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika , mu mujyi wa Missouri umugore w’imyaka 76 y’amavuko yabonye umwana we w’umukobwa akiri muzima , nyuma y’uko kwa muganga bamubwiye ko umwana we yapfuye akimara...
Rutahizamu wa Manchester United witwa Marcus Rashford yishimiye ko yamaze kugurira inzu mama we, Melanie ye yo kubamo kugira ngo nawe abone ubwigenge bwo...
Umukobwa witwa Nadia Sif Lindal Gunnarsdottir w’imyaka 20,yahishuye ko ariwe wagiranye ibihe byiza na Mason Greenwood ndetse na Phil Foden ari kumwe na mubyara we witwa Lara Clausen w’imyaka 19...
Rutahizamu Mason Greenwood w’imyaka 18 ukinira Manchester United yongeye kugaragara anywa ibyitwa nitrous oxide bifatwa nk’ibiyobyabwenge mu gihugu cy’Ubwongereza cyane ko hari icyo byangiza ku...
Ikiganiro mpaka cy’abakandida mu matora ya perezida wa Amerika cyabereye mu mujyi wa Cleveland muri leta ya Ohio hagati ya Perezida Donald Trump na Joe Biden cyaranzwe n’akajagari, guterana...
Polisi y’Igihugu ikorera mu Karere ka Burera, yataye muri yombi abantu 66 bari bari gusengera mu rugo rw’umuturage witwa Mukankusi Mélanie w’imyaka 60 y’amavuko wo mu Murenge wa Gatebe Akagari ka...
Emmanuel Rugamba, umunyamerika ukomoka mu Rwanda, yasinye amasezerano yo gukina mu ikipe ya Cleveland Browns yo muri shampiyona ya NFL, nk’uko byemezwa n’ikipe ya kaminuza yakiniraga yitwa Miami...
Indege yari itwaye ikipe y’umupira w’amaguru y’Ubudage yahagaze igitaraganya muri Scotland ubwo yari ivuye kunyagira Iceland ibitego 4-0 mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe...
Rutahizamu wa Manchester United,Anthony Martial, ntabwo yigeze agaragara mu ikipe yatoranyijwe gukina umukino iyi kipe yaraye itsinze Tottenham ibitego 3-0 muri Premier League.
Uyu mufaransa...
Umunyabigwi Cristiano Ronaldo wa Manchester United yafashwe amashusho acira ku mukinnyi mugenzi we Anthony Elanga atabishaka nyuma yo kurakazwa no kunganya na Southampton igitego 1-1 ndetse no...