Ishyirahamwe ry’ umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryemeye ubusabe bwa FIFA bwo kwigiza inyuma itariki y’amatora ya Perezida wa FERWAFA yari ateganyijwe muri Nzeli tariki ya 10 uyu mwaka.
Ni...
Ikipe ya Everton yo mu Bwongereza yakuweho amanota 10 kubera kutubahiriza amategeko ya FIFA agenga ibyo kugura no kugurisha abakinnyi, Financial Fair-play.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Gicurasi 2021,nibwo i Kigali habereye Inama ya Komite Nyobozi y’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yitabiriwe na Nyakubahwa Perezida...
Rutahizamu wa Juventus, Cristiano Ronaldo,yamaze kuba uwa mbere ku isi umaze gutsinda ibitego byinshi mu mikino izwi na FIFA aho yaraye atsinze igitego cya 760 mu mukino ikipe ye yatsinzemo...
Rutahizamu wa Bayern Munich,Robert Lewandowski,uherutse guhabwa igihembo cy’umukinnyi w’umwaka ku isi na FIFA yatangaje ko ubwo yageraga muri Dortmund afite imyaka 21,umutoza Jurgen Klopp...
Umusifuzi wo muri Tunisia wasifuye umukino Ubwongereza butazibagirwa bwatsinzwemo na Argentina mu gikombe cy’isi cyo mu 1986, avuga ko "atewe ishema n’icyubahiro" kuba yarafashije Diego Maradona...
Umusifuzi wo muri Tunisia wasifuye umukino Ubwongereza butazibagirwa bwatsinzwemo na Argentina mu gikombe cy’isi cyo mu 1986, avuga ko "atewe ishema n’icyubahiro" kuba yarafashije Diego Maradona...
Byari ibyishimo bikomeye umwaka ushize wa 2019 ubwo umutoza Sebastien Migne ukomoka mu Bufaransa yaheshaga ikipe y’igihugu ya Kenya (Harambee Stars) itike y’igikombe cya Afurika ku nshuro ya mbere...
Umukuru wa komisiyo y’ubuvuzi ya FIFA, yagiriye inama amashyirahamwe y’umupira w’amaguru hirya no hino ku isi guhagarika za shampiyona hose, bagategura shampiyona nshya umwaka wa...
Nyuma yo kwirengagizwa na UEFA,FIFA na France Football,Cristiano Ronaldo yahawe agaciro n’Abarabu bamuhaye igihembo cy’umukinnyi wa mbere ku isi atsinze Lionel Messi,Van Dijk n’abandi bitwaye neza...
Rutahizamu wa Real Madrid akaba n’umufaransa, Karim Mostafa Benzema, ashobora gufungwa nyuma y’uko kuri uyu wa mbere urukiko rukuru rusesa imanza mu bufaransa rutesheje agaciro ubujurire bwe ku...
Kabuhariwe Lionel Messi yatunguye benshi ubwo mu bakinnyi 3 yatoye mu guhatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza wa FIFA harimo Cristiano Ronaldo bamaze imyaka 10 bahatana mu makipe yabo ndetse no...
Rutahizamu wa PSG Kylian Mbappe ukunzwe na benshi mu bakunzi ba ruhago kubera ubuhanga afite kandi akiri muto,yatangaje ko ukuntu yishimira igitego yipfumbase yabikomoye ku muvandimwe we ubwo...
Cristiano Ronaldo nyuma yo kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA(FIFA Ballon d’Or 2016), yahise atangaza ko uyu mwaka atazawibagirwa mu buzima bwe, kuko ibyamubayeho ari...
Ku umugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 10 Werurwe 2017 nibwo Minisitiri wa siporo muri Mali yashyize ingufuri ku ibiro by’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Mali ni mbere y’uko Onze...
Menya amateka, ibigwi, ubuhanga, ibintu bidasanzwe bya Lionel Messi wavutse kuri iyi tariki ya 24 kamena, n’ibindi bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 24 mu mateka.
Turi tariki ya 24...