Leta ya Nigeria yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri abantu bakora igice cy’umunsi ubundi bakajya kureba umukino ubahuza na Ghana mu gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri Qatar mu...
Kizigenza wa Manchester United, Cristiano Ronaldo, yaciye agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ku Isi utsinze ibitego byinshi mu marushanwa yemewe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA...
Rutahizamu Robert Lewandowski ntabwo yakunze cyane amagambo ya Lionel Messi mu birori bya Ballon d’or wavuze ko yamwifurizaga kuyitwara ariko bagera ku gihembo cya The Best ntamutore.
Mu ijambo...
Sadio Mané na Edouard Mendy bavuze ko Senegal yiyemeje kugabanya igitutu kiri ku mutoza Aliou Mané batwara igikombe cya Africa ku cyumweru.
Senegal, yatsindiwe ku mukino wa nyuma mu 2019, yari mu...
Kylian Mbappe na Robert Lewandowski bombi bagaragaje ko bitandukanyije n’igitekerezo cy’umuyobozi wa siporo muri FIFA,Arsene Wenger wifuza ko igikombe cy’isi cyajya gikinwa buri nyuma y’imyaka...
Umufana w’ikipe ya Ghana utuye muri Afurika y’Epfo, Yaw Owusu yatewe icyuma n’umunya Afurika y’Epfo bajyaga impaka,nyuma yo gushimangira ko penaliti yahawe Ghana yari yo bigaragara mu mukino wahuje...
Cameroon yatsinze Ivory Coast igitego 1-0 mu mukino w’ishyiraniro wo gushaka itike yo kwerekeza mu ijonjora rya nyuma ryo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi,yihuza na Alijeriya, Nijeriya...
Amakipe 12 akomeye i Burayi,yamaze gushinga irushanwa ryayo rikomeye ryitwa Super League rigamije guhatana na UEFA Champions League yahuzaga amakipe yatwaye ibikombe iwayo n’andi yitwaye...
Ku munsi w’ejo hashize tariki 7 Ganshyantare 2021, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yasuye abakinnyi b’amavubi bahagarariye u Rwanda mu mikino ya CHAN iheruka kubera muri...
Inama y’Inteko Rusange idasanzwe ya FERWAFA yateranye kuri iki Cyumweru tariki ya 3 Mutarama 2021 kuri Lemigo Hotel mu Mujyi wa Kigali, yemeje ko ingengo y’imari izakoreshwa mu mwaka wa 2021 ingana...
Kizigenza Lionel Messi wa FC Barcelona ashobora gutuma iyi kipe ye icibwa akayabo k’ibihumbi 3000 by’amayero kubera ibyo yakoze ku mukino batsinzemo Osasuna ku munsi w’ejo ibitego 4-0 aho yakuyemo...
Ikipe ya Rayon Sports ishobora gukurwaho amanota atandatu ndetse n’ibindi bihano biteganyijwe na FERWAFA ku mpamvu z’uko batubahirije ibyo bumvikanye n’uwahoze ari umutoza wayo Ivan Minnaert...
Umutoza Ivan Minnaert wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports yavuze ko umuyobozi wayo,Munyakazi Sadate nta bushobozi bwo kuyiyobora ariyo mpamvu iri mu bibazo bikomeye birimo no kunanirwa...
Ikinyamakuru France Football cyatangaje ko uyu mwaka wa 2020 kitazatanga igihembo cya Ballon d’or cyari kimaze imyaka myinshi gitangwa ariko uyu mwaka cyakomwe mu nkokora na...
Amakipe atandukanye mu Rwanda akomeje gahunda yo guhagarika by’agateganyo amasezerano yari afitanye n’abakozi bayo kubera ko shampiyona yahagaritswe kubera...
Kabuhariwe Xavi Hernandez wahoze akinira ikipe ya FC Barcelona yavuze ko nubwo Messi ariwe mukinnyi w’ibihe byose mubo bakinannye ariko ngo na mugenzi we bakinannye Ronaldinho nawe ngo...
Umugabo witwa Simone Ghirlanda utuye muri US,ufite kompanyi yitwa Prunamec and Calcio ifite icyicaro muri New York,aratangaza ko ikipe ya Rayon Sports yanze kumwishyura ibihumbi 5000 by’amadolari...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA, riherutse kwandikira Rayon Sports riyimenyesha ko ikipe ya Dreams FC yamaze kubandikira ibasaba kubishyuriza ibihumbi 10 by’amadolari bagombaga...
Ikipe ya Sporting Kansas City yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika iherutse kugura myugariro Rwatubyaye Abdul,yandikiye FERWAFA iyisaba ko uyu mukinnyi wayo mushya baba bamuretse akamenyerana na...
Ku munsi w’ejo taliki ya 07 Ukuboza 2018,nibwo rutahizamu Jonathan Rafael da Silva witezwe na benshi mu bakunzi ba Rayon Sports yashyikirijwe ibyangombwa bimwemerera gukora akazi ko gukina umupira...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 13 Kamena yakiriwe mu biro bya Perezida w’ Uburusiya ’Klemlin’ na Perezida Vladmir Putin w’Uburusiya mbere y’uko yitabira umuhango wo gutangiza imikino...
Umuhanzi w’ icyamamare Jason Derulo yasinye amasezerano na kompanyi ya Coca Cola yo kuzakora indirimbo izaririmbwa mu gikombe cy’ isi kizabera i Moscow mu gihugu cy’ uburusiya kuva taliki ya 14...
Kuri uyu wa Gatandatu saa munani nibwo hategerejwe umukino ufatwa nk’uwa mbere ku isi uzahuza Real Madrid na FC Barcelona uzabera kuri stade ya Santiago Bernabeu ya Real Madrid.
Uyu mukino ugiye...