Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, Niyonkuru Zephanie, yahishuye ko kwakira inama za siporo ziri ku rwego rw’iya 73 ya FIFA iheruka kubera i Kigali muri Werurwe, byinjiriza u Rwanda...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) yandikiye SC Kiyovu Sports iyimenyesha ko ibihano yari yarafatiwe byo kutandikisha abakinnyi kubera kutishyura Shaiboub na John Mano byakuwemo...
Kizigenza mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo yatangaje ko abatanga ibihembo by’umukinnyi witwaye neza kw’isi barimo FIFA itanga The Best na France Football itanga Ballon d’Or bakomeje kwica...
Uwahoze atoza ikipe y’Igihugu Amavubi Jonathan Mackinstry,yatsinze urubanza yaregaga FERWAFA muri FIFA avuga ko yamwirukanye mu buryo budakurikije amategeko, birangira iciwe akayabo ka miliyoni...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ryatangaje ko igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu mwaka wa 2022,kizatangira kuwa 21 Ugushyingo 2022 gisozwe kuwa 18 Ukuboza 2022 ndetse ngo ku munsi...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) byahagaritse u Burusiya mu marushanwa mpuzamahanga yose.
Ni nyuma y’uko u Burusiya bushoje...
Nyuma yaho leta yivanze mu miyoborere y’ ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu buhinde, FIFA yahagaritse ibikorwa byose by’umupira w’amaguru muri iki gihugu ndetse inacyambura uburenganzira bwo...
FIFA yanze ubusabe bwa Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky wifuzaga gutanga ubutumwa bw’amahoro ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi Argentina and France.
Uyu yasabaga ko yazohereza videwo...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryateye utwatsi ikirego Umutoza w’Umunya-Maroc Adil Erradi Mohammed yari yarezemo APR FC ko yahagaritswe binyuranyije...
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ejo hashize yahuye na Perezida wa FIFA Gianni Infantino ndetse anasura inzu ndangamurage y’Umupira w’Amaguru ku Isi i Zurich mu Busuwisi.
Nyuma yo gusura iyo nzu...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi FIFA ihagaritse igihugu cya Mali mu amatushanwa yose nyuma y’uko leta y’iki gihugu yivanze mu ibikorwa bya ruhago.
FIFA nyiyemera igihugu icyo ari cyo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ryashyizeho ibihano n’amande ku bihugu bitandukanye. Aba bose barazira imyitwarire mibi bagize mu mikino yo gushaka itike yo gukina igikombe cy’isi...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA rimaze gutangaza abakinnyi 24 bazatoranywamo uwahize abandi mu mwaka w’imikino ushize, urutonde rwiganjemo abakinnyi b’ikipe ya Real Madrid ....
Ikipe ya Atletico Madrid yamaze gutanga ikirego muri FIFA irega ikipe ya FC Barcelona kwegera umukinnyi wayo Antoine Griezmann kugira ngo azayisinyire amasezerano mu mpeshyi y’umwaka utaha, ibintu...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ryatangaje ko igitego cyahize ibindi ari igitego cya kabiri Ubufaransa bwatsinze Argentina gitsinzwe n’umusore witwa Benjamin Pavard watereye ishoti...
Mu ijoro ryakeye nibwo haraye hatangajwe umukinnyi wahize abandi mu mupira w’amaguru ku isi mu bihembo bya FIFA The Best Award aho Lionel Messi yigaranzuye Cristiano Ronaldo na Virgil Van Dijk...