Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Umunya-Espagne, Carlos Alós Ferrer ari we mutoza mushya w’ikipe y’igihugu y’Amavubi usimbura Mashami Vincent wari umaze imyaka...
Umukino wagombaga guhuza Rayon Sports na AS Kigali, ku munsi wa 5 wa Shampiyona, wasubitswe bitewe n’imikino nyafrika iyi kipe izakina.
Uyu mukino wari uteganyijwe Tariki ya 11 Ukwakira 2022...
Umunyamabanga wa FERWAFA, Muhire Henry yemeje ko hari ibiganiro bagiranye na rutahizamu wa Rayon Sports, Leandre Willy Essomba Onana ukomoka muri Cameroon ngo abe yakinira ikipe y’igihugu Amavubi....
Ikipe ya Rayon Sports yaraye yandikiye FERWAFA iyisaba ko itakongera gusifurirwa n’abasifuzi batatu(3) mpuzamahanga kubera ko bayizengereje.
Ibaruwa ubuyobozi bwa Rayon Sports bwaraye buhaye...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, Carlos Alos Ferrer yongerewe amasezerano y’imyaka ibiri nyuma yo gushima uko yitwaye mu mwaka wa mbere yari amaze mu kazi.
Uyu mutoza wari wahawe umwaka umwe...
Abakinnyi babiri ba La Jeunesse barimo Imena Yves,Salomom Okello na Nshimiye Saidi bahagaritswe amezi atandatu batagera mu kibuga ndetse bagatanga ihazabu y’ibihumbi 50 FRW.
Aba barashinjwa...
Umujyi wa Kigali wandikiye Ferwafa uyimenyesha ko igomba kwibutsa Rayon Sports gukorana na kompanyi ya Urid Technologies isanzwe yishyuza amatike kuri...
Umukinnyi Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson ukinira APR BBC, yasabye umubyeyi w’umwana byavuzwe ko yarenganye bamwangira kujya mu ishuri ry’umupira w’Amaguru rya Bayern Munich...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda riratangaza ko nta bihano bihari bizafatirwa umukinnyi wa Mukura wakubise umutwe rutahizamu wa APR FC, ko aho kumuhana bahannye uwakagombye kumuhana....
Nzamwita Vincent De Gaulle, Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yifatiye ku gahanga ibitangazamakuru byo ku mugabane w’Uburayi byiganjemo iby’ Ubwongereza avuga ko bakabije kutaba...
Umunyezamu wa Mukura VS akaba na kapiteni w’iyi kipe, Mazimpaka Andre yagarutse mu itangazmakuru atabaza ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, ku mufasha kwishyuza gants ze zihagaze amadorari...
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira wa maguru mu Rwanda, Nzamwita Vincent De Gaulle, yagaye imyumvire n’imyitwarire ishingiye ku marozi igaragara ku bibuga, avuga agiye kwicarana n’abayobozi...
Mazimpaka Andre, umuzamu wa Mukura VS ndetse akaba na kapiteni w’iyi kipe, aratabaza ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda kubw’ibyo yita ihohoterwa rimukorerwa rimaze kuba nk’akamenyero,...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rimaze kwemeza ko ikipe ye Rayon Sports izacakira na APR FC ku italiki ya 23 Nzeri uyu mwaka mu mukino wa Super Cup uhuza ikipe yatwaye igikombe cya Shampiyona...
Umutoza Karekezi Olivier wa Rayon Sports yatangaje ko yishimiye umwanzuro ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda wo gukomereza umukino wa Super Cup aho wari ugeze nyuma yo gusubikwa bitewe...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA yatangarije Radio Rwanda ko biteguye gukurikirana umutoza Antoine Hey wataye akazi akigira mu biruhuko iwabo mu Budage atabibwiye...
AZAM TV yabaye ihagaritse kwerekana imipira ya shampiyona y’u Rwanda kubera ko FERWAFA yishe nkana amasezerano bagiranye ku bijyanye no kwerekana iyi mikino ndetse n’ubucuruzi.
Nkuko amakuru...
Umwaka wa 2017 waranzwe n’ibintu bitandukanye mu mikino hano mu rwanda aho benshi bishimiye ibyo bagezeho abandi barifuza impinduka mu mwaka utaha.
Umuryango wagerageje kureba bimwe mu bihe...
Nzamwita Vincent [De Gaulle] yungukiye mu kuba umukandida umwe rukumbi wiyamamaje ku munsi w’ejo Rwemarika ataragejeje ku majwi yasabwaga kugira ngo abashe kuba perezida wa FERWAFA kuko agiye...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rimaze kwemeza ko umukino wagombaga guhuza Espoir FC na APR FC I Rusizi wimuriwe kuri stade Amahoro I Remera ibintu bitashimishije abakunzi ba ruhago mu...
Umutoza wa Police FC,Albert Mphande wa Police FC yahawe ibihano bikarishye byo guhagarikwa amezi 4 n’akanama gashinzwe imyitwarire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA,kubera...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi,Mashami Vincent yavuze ko itsinda rya F u Rwanda ruhereremo mu majonjora yo gushaka itike ya AFCON 2021 rikinika gusa avuga ko bashobora kuzitwara neza igihe ikipe...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports butewe impungenge n’umutekano wo muri Sudani ariyo mpamvu bwafashe umwanzuro wo kwandikira CAF bubifashijwemo na FERWAFA basaba ko umukino wo kwishyura w’ijonjora...
Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yamaze gushyira hanze itangazo rivuga ko imikino mu Rwanda izagaruka mu kwezi kwa Cyenda 2020 kubera icyorezo cya Coronavirus cyahagaritse gahunda zose zijyanye na...
Uwahoze ari umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwanda,Gasingwa Michel, wari umaze iminsi ari umuyobozi wa komisiyo y’abasifuzi muri FERWAFA,yamaze kwegura ku nshingano...