Rwemarika Felicite uhanganye na Nzamwita Vincent de Gaulle mu kwiyamamariza kuyobora FERWAFA yatangaje ko afite icyizere cyo gutsinda amatora agahindura byinshi byananiranye muri iyi nzu...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA rimaze gutangaza ko ryahagaritse imikino 4 umusifuzi wo ku ruhande Hakizimana Ambroise wasifuye umukino w’umunsi wa 3 wahuje AS Kigali na APR FC...
Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda buratangaza ko nta tegeko ribuza umutoza w’ungirije mu ikipe y’igihugu kuba yabifatanya no gutoza indi kipe, ngo ibyatangajwe na perezida wa...
NKuko amakuru dukesha ikinyamakuru Fun Club abitangaza,FERWAFA yahinduye amataliki y’imikino y’irushanwa Agaciro,bituma n’ikipe ya APR FC nayo ihindura umwanzuro yari yafashe wo...
Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko ubuyobozi bwa FERWAFA bwamaze kwemerera iyi kipe kuzajya ikina imikino yayo yose saa kumi n’ebyiri cyane ko yose yari yarapanzwe mu minsi...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko imikino yose ya Shampiyona n’indi mikino yose iba nta bafana bahari kugeza igihe kitazwi.
Mu nyandiko yo kuri uyu wa Kane tariki 2 Nyakanga 2020, akanama gashinzwe imyitwarire muri FERWAFA kamenyesheje Rayon Sports ko ihawe iminsi 60 yo kuba barangije kwishyura ideni barimo umutoza...
Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda,FERWAFA, ryemeje ko AS Kigali ari yo izahagararira u Rwanda mu marushanwa y’amakipe yatwaye ibikombe by’Igihugu,CAF Confederations Cup. ni nyuma y’aho...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryatangaje ko mu makipe 14 yo mu cyiciro cya mbere yasuwe mu rwego rwo gutanga impushya zo gukina amarushanwa yayo mu mwaka w’imikino wa...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafatiye ibihano amakipe arimo Rayon Sports, Bugesera FC na AS Muhanga ndetse n’abakomiseri batandukanye bayoboye imikino barihanangirizwa,...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] yahaye amakipe amabwiriza avuguruye yakoze ku wa 3 Mutarama 2022, ariko ajya hanze kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 4 Mutarama 2021.
Muri aya...
Kuri uyu Kabiri tariki ya 05, Nyakanga 2022, FERWAFA yagaruye Muhire Henri Brulart ku nshingano z’umunyamabanga mukuru nyuma y’iminsi yari amaze ahagaritswe.
Ibinyujije kuri Twitter yayo,FERWAFA...
Mu kiganiro cyarimo Umuvunyi mukuru,Ingabire Marie Immaculée uhagarariye Umuryango uharanira kurwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda,yavuze kuri ruswa iri mu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru FERWAFA,...
Abanyamuryango ba FERWAFA bitabiriye inteko rusange batunguwe no kumva ko president Olivier Nizeyimana atari buyitabire kandi bari bakeneye kumubaza byinshi.
Nizeyimana witabiriye umuhango wo...
Rayon Sports yanditse ibaruwa igaragariza FERWAFA ko umwanzuro wo kutarenza abakinnyi 30 bamenyeshejwe udakurikije amategeko kuko mbere bari bagizwe 33.
Tariki ya 23 Ukuboza 2022 ni bwo...
Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Muhire Henry Brulart, yasezeye ku mirimo ye nyuma y’umunsi umwe Nizeyimana Olivier wari Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda...
Perezida wa FERWAFA yamaze impungenge abamaze iminsi bahangayikishijwe n’imisifurire mu Rwanda by’umwihariko umukino wa APR FC na Rayon Sports, avuga ko uzakora ikosa abigambiriye...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse ikibuga cya Rugende gikinirwaho na Addax FC kubera ko kitameze neza ndetse bigoye ko kiberaho imikino mu gihe...