skol
Kigali

Search: Football (343)

Amakuru avugwa kuri Ballon d’Or iratangwa mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere

Kuri uyu wa mbere tariki ya 29 Ugushyingo 2021,kuri Theatre du Chatelet i Paris harahurira ibyamamare bitandukanye mu mupira w’amaguru birahurira mu birori byo gutanga igihembo cya Ballon d’or...
29 November 2021 1022 0

Hashyizweho impinduka 4 zikomeye mu gutora umukinnyi wegukana Ballon d’Or

Ikinyamakuru cyo mu Bufaransa,FRANCE FOOTBALL cyatangaje impinduka enye z’ingenzi mu gutora abazegukana ibihembo bya Ballon d’Or bitaha. Ubusanzwe,iki kinyamakuru gitanga Ballon d’Or ku bagabo...
12 March 2022 1401 0

Sadio Mane yahishuye akaga gakomeye nyina umubyara yahuye nako muri AFCON iheruka

Umukinnyi Sadio Mane uri kuvugwa cyane mu binyamakuru kubera ko ashobora kuva muri Liverpool yerekeza muri Bayern Munich,yahishuye ko nyina umubyara yamubwiye ko yatakaje ibiro 7 kubera ubwoba...
20 June 2022 3220 0

Gatete Jimmy wajyanye u Rwanda muri AFCON 2004 yageze mu Rwanda [AMAFOTO]

Nyuma y’imyaka 12 yibereye muri USA,Jimmy Gatete watsindiye u Rwanda igitego cyarujyanye mu gikombe cy’Afurika kimwe rukumbi rwitabiriye cya 2004 yageze I Kanombe. Uyu munyabigwi mu mupira...
11 October 2022 2191 0

IFOTO Y’UMUNSI: Jimmy Gatete yahuje urugwiro n’abayobora umupira w’amaguru mu Rwanda

Kuri uyu wa Gatatu, i Kigali hatangijwe ibikorwa byo gutegura igikombe cy’Isi cy’abakanyujijeho mu mupira w’amaguru kizabera mu Rwanda muri 2024. Ni igikorwa cyitabiriwe n’ibyamamare binyuranye,...
12 October 2022 2229 0

Amateka ya Frank Lampard wongeye guhabwa akazi ko gutoza Chelsea FC

Umwongereza Frank James Lampard agiye guhabwa akazi ko gutoza Chelsea mu gihe cy’amezi abiri asigaye kugira ngo shampiyona ya 2022/2023 irangire. Mu ijoro ryo kuri uyu wa 05 Mata 2023 nibwo...
6 April 2023 1695 0

Rafael York yambitse impeta umukunzi we nawe ukina ruhago

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi na Gefle IF Football,Rafael York yambitse Impeta umukunzi we Elin Rombing nawe ukina ruhago,bemeranya kubana nk’umugabo n’umugore. Rafael York umaze iminsi...
29 April 2023 1455 0

Messi na CR7 ni ntagereranywa: Abakinnyi batwaye Ballon d’Or mu kinyejana cya 21

Kuva mu mwaka w’i 1956 hatangiye gutangwa igihembo cy’Umupira wa Zahabu (Ballon d’Or) gihabwa umukinnyi uba waragize umwaka w’imikino mwiza kurusha abandi bose ku...
9 October 2023 515 0

Perezida Samia yahaye agahimbazamusyi gahambaye Simba SC ku mukino wa Al Ahly SC

Perezida wa Tanzania Dr.Samia Suluhu Hassan uzwiho gutera inkunga amakipe yo mu gihugu cye yasohotse,yashyiriyeho agahimbazamusyi kadasanzwe ikipe ya Simba SC mu mikino ya Super...
18 October 2023 1717 0

Umunyamakuru Sam Karenzi yasabye Leta kugabanya ku mafaranga ahabwa abo muri VISIT RWANDA akajya muri shampiyona y’u...

Umunyamakuru w’Imikino kuri Fine FM, Sam Karenzi, yasabye inzego bireba gutekereza uko zashyigikira Shampiyona y’u Rwanda ku buryo igira amakipe ashobora guhatana muri African Super League,...
20 October 2023 2315 0

Hahishuwe amajwi abatwaye Ballon d’Or barushanyijwe

Kuwa mbere nimugoroba,isi yose yamenye uwatwaye Ballon d’or ya 2023 ko ari Lionel Messi wegukanye iki gihembo ku nshuro ya 8, atsinze Erling Haaland na Kylian...
4 November 2023 1879 0

Visi Perezida wa Rayon Sports yahagaritswe umwaka

Umuyobozi wungirije w’ umuryango wa Rayon Sports Muhirwa Prosper yahagaritswe kuri uyu mwanya w’ ubuyobozi igihe kingana n’ umwaka wose kubera amakosa arimo imyitwarire mibi, gutukana, kurwana...
21 June 2017 1644 0

Ibyaranze tariki 21 Kamena umunsi wahariwe ibintu bitatu birimo n’ umuziki

Turi Tariki ya 21 Kamena, ni umunsi w’ 172 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 193 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 21...
21 June 2017 415 0

Ferguson yatangaje icyatuma Manchester United yongera gutwara ibikombe

Umutoza Sir Alex Ferguson wahoze atoza Manchester United aho yayihesheje ibikombe 38 birimo 13 bya “Premier League” yatangaje icyo abona cyatuma ikipe ya Manchester United yongera gutwara ibikombe...
19 June 2017 1949 0

Taliki 15 Kamena: Isomere ibyaranze uyu munsi mu mateka birimo n’ishingwa rya UEFA n’urupfu rw’uwatangije...

Turi tariki ya 15 Kamena, ni umunsi w’ 166 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 199 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Ibyaranze uyu munsi mu mateka • -763: Abassyriens bafashe neza...
15 June 2017 600 0

Ntagungira Celestin yashyizwe mu kanama gashinzwe amategeko y’ umupira w’ amaguru ku Isi

Ntagungira Celestin “Abega” wahoze ari umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, yashyizwe mu kanama ka tekiniki k’ikigo mpuzamahanga kigenga amategeko y’umupira w’amaguru ku Isi, IFAB....
21 April 2017 1573 0

Migi yifatanyije n’abafana ba APR FC mu bihe bibi barimo maze anagenera ubutumwa bukomeye abakinnyi b’iyi...

Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi yihanganishije bagenzi be bo mu ikipe yakiniye ya APR FC ababwira ko ibihe barimo byo gutsindwa umusubirizo ko bagomba...
19 March 2017 2765 0

Bigoranye Manchester United yegukanye igikombe cya 5 cya EFL

Ikipe ya Manchester United nyuma yo gutsinda bigoranye ikipe ya Southampton ibitego 3-2 ku umukino wa nyuma wa English Football League(EFL) yegukanye igikombe ndetse kiba igikombe cya gatanu cya...
26 February 2017 1911 0

Dore amagambo Cristiano yatangaje agitwara Ballon d’Or, anashotora mukeba FC Barcelona

Cristiano Ronaldo nyuma yo kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA(FIFA Ballon d’Or 2016), yahise atangaza ko uyu mwaka atazawibagirwa mu buzima bwe, kuko ibyamubayeho ari...
10 January 2017 2766 0

Pogba ntabona Messi na Ronaldo nk’abakwiye Ballon d’Or ya FIFA

Umufaransa ukinira ikipe ya Manchester United, Paul Pogba atangaza ko abona uyu mwaka Zlatan Ibramovic bakinana ari we ukwiye kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA. Iki...
7 January 2017 1892 0

CAF: Riyad Mahrez yegukanye igihembo cy’umukinnyi w’Afurika mwiza, umugande nawe ahabwa ikindi

Umunya Algeria ukinira ikipe ya Leicester City, Riyad Mahrez, niwe wegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umunyafurika mu mwaka wa 2016. Mu bagore cyegukanywe n’umunya Nigeria Asisat Oshoala....
6 January 2017 504 0

‘Ibibazo by’ umuryango byatumye nongera amasezerano muri Police FC’ Danny Usengimana

Rutahizamu wa Police Football Club, n’Amavubi, Danny Usengimana avuga ko impamvu yamuteye kongera amasezerano muri Police FC ari ukubera ibibazo by’umuryango we kuko ntayandi mahitamo yari afite....
31 December 2016 1838 0

[Mu mafoto]: Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze siporo nyarwanda mu mwaka wa 2016

Turi gusoza umwaka wa 2016, uyu mwaka siporo nyarwanda yaranzwe n’ibihe byiza ndetse n’ibibi, haba mu muri ruhago dore ko ariyo ikunzwe cyane kurusha izindi siporo, gusa n’ubwo ariyo ikunzwe cyane...
30 December 2016 1220 0

Nyuma yo kwamamara ku isi yose kubera amarozi, FIFA yasabye FERWAFA ibisobanuro bwimbitse

Nyuma y’uko ibinyamakuru bitandakunye kandi bikomeye ku isi, byanditse ko muri Shampiyona y’u Rwanda harimo gukoreshwa uburozi, ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ’FIFA’ ryandikiye FERWAFA...
30 December 2016 147 0

Messi yagaragaje ukuri kwe kuri Ballon d’Or yahawe Cristiano

Rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Argentine, Lionel Messi, yatangaje amagambo yateye urujijo, bisa nkaho yakemangaga itangwa rya Ballon France Football iheruka guhabwa...
19 December 2016 2707 0

Amagambo Cristiano yatangaje nyuma yo gutwara Ballon d’Or yateye urujijo

Nyuma wo kwegukana Ballon d’Or itangwa na France Football, Cristiano Ronaldo yatangaje ko mu buzima bwe akunda abavoka bitewe n’ akazi bakora kugira ngo abantu bakurweho ubusembwa, ibi bikaba...
13 December 2016 1389 0

FIFA yahannye Jonathan (Zimbabwe) , Bana (Togo)na Kirsten(Afurika y’Epfo) bashinjwa Ruswa

FiFA yahannye, Kirsten Nematandani, wahoze ari perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika y’Epfo mu gihe iki gihugu cyakiraga igikombe cy’isi muri 2010. Yahawe ’imyaka itanu (6) atagira...
9 December 2016 126 0

Umukinnyi wari umaze gutsinda igitego yakorewe ikosa agwa mu kibuga ahita apfa

Ismail Mrisho Khalfan wakiniraga ikipe ya Mbao FC y’abaterengeje imyaka 20, yapfuye nyuma yo gutsinda igitego ikipe ya Mwadui FC. Uyu mukino ukaba waberaga mu Ntara ya Bukoba. Ishyirahamwe...
5 December 2016 2741 0

Arsenal yasezerewe, Uko amakipe azahura muri ½

Ikipe ya Arsenal yaraye isezerewe muri English Football League Cup, muri ¼, ni nyuma yo gutsindwa na Southampton ibitego 2-0 mu rugo. Ibitego bya Southampton muri uyu mukino byatsinzwe na Jordy...
1 December 2016 393 0

Tariki 9 Nyakanga hari icyo ivuze ku itabwa muri yombi rya Gen. Karake no ku nzandiko za Jean Louis...

Tariki ya 09 Nyakanga, ni umunsi w’ 190 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 175 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki inama y’ abaminisitiri yateranye muri 2008 yishimiye...
9 July 2017 3555 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 330