Kuri uyu wa mbere tariki ya 29 Ugushyingo 2021,kuri Theatre du Chatelet i Paris harahurira ibyamamare bitandukanye mu mupira w’amaguru birahurira mu birori byo gutanga igihembo cya Ballon d’or...
Umukinnyi Sadio Mane uri kuvugwa cyane mu binyamakuru kubera ko ashobora kuva muri Liverpool yerekeza muri Bayern Munich,yahishuye ko nyina umubyara yamubwiye ko yatakaje ibiro 7 kubera ubwoba...
Kuri uyu wa Gatatu, i Kigali hatangijwe ibikorwa byo gutegura igikombe cy’Isi cy’abakanyujijeho mu mupira w’amaguru kizabera mu Rwanda muri 2024.
Ni igikorwa cyitabiriwe n’ibyamamare binyuranye,...
Umwongereza Frank James Lampard agiye guhabwa akazi ko gutoza Chelsea mu gihe cy’amezi abiri asigaye kugira ngo shampiyona ya 2022/2023 irangire.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 05 Mata 2023 nibwo...
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi na Gefle IF Football,Rafael York yambitse Impeta umukunzi we Elin Rombing nawe ukina ruhago,bemeranya kubana nk’umugabo n’umugore.
Rafael York umaze iminsi...
Perezida wa Tanzania Dr.Samia Suluhu Hassan uzwiho gutera inkunga amakipe yo mu gihugu cye yasohotse,yashyiriyeho agahimbazamusyi kadasanzwe ikipe ya Simba SC mu mikino ya Super...
Umunyamakuru w’Imikino kuri Fine FM, Sam Karenzi, yasabye inzego bireba gutekereza uko zashyigikira Shampiyona y’u Rwanda ku buryo igira amakipe ashobora guhatana muri African Super League,...
Kuwa mbere nimugoroba,isi yose yamenye uwatwaye Ballon d’or ya 2023 ko ari Lionel Messi wegukanye iki gihembo ku nshuro ya 8, atsinze Erling Haaland na Kylian...
Turi Tariki ya 21 Kamena, ni umunsi w’ 172 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 193 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 21...
Umutoza Sir Alex Ferguson wahoze atoza Manchester United aho yayihesheje ibikombe 38 birimo 13 bya “Premier League” yatangaje icyo abona cyatuma ikipe ya Manchester United yongera gutwara ibikombe...
Turi tariki ya 15 Kamena, ni umunsi w’ 166 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 199 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ibyaranze uyu munsi mu mateka
• -763: Abassyriens bafashe neza...
Ntagungira Celestin “Abega” wahoze ari umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, yashyizwe mu kanama ka tekiniki k’ikigo mpuzamahanga kigenga amategeko y’umupira w’amaguru ku Isi, IFAB....
Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi yihanganishije bagenzi be bo mu ikipe yakiniye ya APR FC ababwira ko ibihe barimo byo gutsindwa umusubirizo ko bagomba...
Ikipe ya Manchester United nyuma yo gutsinda bigoranye ikipe ya Southampton ibitego 3-2 ku umukino wa nyuma wa English Football League(EFL) yegukanye igikombe ndetse kiba igikombe cya gatanu cya...
Cristiano Ronaldo nyuma yo kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA(FIFA Ballon d’Or 2016), yahise atangaza ko uyu mwaka atazawibagirwa mu buzima bwe, kuko ibyamubayeho ari...
Umufaransa ukinira ikipe ya Manchester United, Paul Pogba atangaza ko abona uyu mwaka Zlatan Ibramovic bakinana ari we ukwiye kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA.
Iki...
Umunya Algeria ukinira ikipe ya Leicester City, Riyad Mahrez, niwe wegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umunyafurika mu mwaka wa 2016.
Mu bagore cyegukanywe n’umunya Nigeria Asisat Oshoala....
Rutahizamu wa Police Football Club, n’Amavubi, Danny Usengimana avuga ko impamvu yamuteye kongera amasezerano muri Police FC ari ukubera ibibazo by’umuryango we kuko ntayandi mahitamo yari afite....
Rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Argentine, Lionel Messi, yatangaje amagambo yateye urujijo, bisa nkaho yakemangaga itangwa rya Ballon France Football iheruka guhabwa...
Nyuma wo kwegukana Ballon d’Or itangwa na France Football, Cristiano Ronaldo yatangaje ko mu buzima bwe akunda abavoka bitewe n’ akazi bakora kugira ngo abantu bakurweho ubusembwa, ibi bikaba...
Ismail Mrisho Khalfan wakiniraga ikipe ya Mbao FC y’abaterengeje imyaka 20, yapfuye nyuma yo gutsinda igitego ikipe ya Mwadui FC. Uyu mukino ukaba waberaga mu Ntara ya Bukoba.
Ishyirahamwe...
Ikipe ya Arsenal yaraye isezerewe muri English Football League Cup, muri ¼, ni nyuma yo gutsindwa na Southampton ibitego 2-0 mu rugo.
Ibitego bya Southampton muri uyu mukino byatsinzwe na Jordy...
Tariki ya 09 Nyakanga, ni umunsi w’ 190 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 175 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki inama y’ abaminisitiri yateranye muri 2008 yishimiye...