Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira Real Madrid niwe wegukanye igihembo cya Ballon d’Or cy’uyu mwaka nyuma yo kwigaranzura kabuhariwe Lionel Messi na Neymar bari bahatanye cyane.
Uyu munya...
Ikibazo cy’amakoro ndetse n’ibura ry’abaterankunga ni kimwe mu bishobora gutuma ikipe ya Cannondale Drapac imwe mu zikomeye ku isi mu mukino wo gusiganwa ku magare ibarizwa muri Leta zunze ubumwe...
Umunyarwanda Mugisha Samuel ukina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Dimension Data for Qhubeka y’abatarengeje imyaka 23 yishimiye guhura n’igihangange mu mukino wo gusiganwa ku magare...
Umunya Espagne uzwi cyane kubera ubuhanga mu gusiganwa ku magare cyane cyane mu kuzamuka imisozi yatangaje ko nyuma y’irushanwa rya Vuelta a Espana izaba guhera ku italiki ya 19 kanama kugeza ku...
Imijyi myiza kurusha iyindi yose ku isi muri 2023 yashyizwe hanze aho ku rutonde uwa London wigaranzuye iyindi yose ufata umwanya wa mbere uhigitse Paris na New...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Felix Tshisekedi,yatangaje ko igihugu cye kigiye guhitamo kwirwanaho mu gihe amahanga yakomeza gutinda kuza gutabara no gufatira ibihano u Rwanda...
Kuwa mbere nimugoroba,isi yose yamenye uwatwaye Ballon d’or ya 2023 ko ari Lionel Messi wegukanye iki gihembo ku nshuro ya 8, atsinze Erling Haaland na Kylian...
Umutoza wa Zimbabwe Sunday "Mhofu" Chidzambwa,yatangaje ko bagomba gutsinda u Rwanda bagahesha ishema igihugu bahagarariye mu majonjora yo gushaka itike y’igikombe cy’isi...
Umunyabigwi mu mukino wo gusiganwa ku magare,Chris Froome,yatangaje ko yumvise iterambere ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda bityo yaje gukina Tour du Rwanda ngo abisuzume.
Chris Froome...
Kuri uyu wa Gatatu, i Kigali hatangijwe ibikorwa byo gutegura igikombe cy’Isi cy’abakanyujijeho mu mupira w’amaguru kizabera mu Rwanda muri 2024.
Ni igikorwa cyitabiriwe n’ibyamamare binyuranye,...
Mu kiganiro yagiranye na France 24 kuri uyu wa Gatanu,Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko Abanyarwanda aribo bafite ububasha bwo guhitamo kuyoborwa na Perezida mushya cyangwa...
Umukinnyi Sadio Mane uri kuvugwa cyane mu binyamakuru kubera ko ashobora kuva muri Liverpool yerekeza muri Bayern Munich,yahishuye ko nyina umubyara yamubwiye ko yatakaje ibiro 7 kubera ubwoba...
Imyaka 41 irashize bahuriye mu rugamba rwo kwemeza umwiza cyane i Burayi mu mukino wari wabereye mu mujyi mwiza wa Paris,urangira Abongereza aribo batahanye ikuzo ku gitego 1-0 cya Liverpool ku...
Umunya Eritrea,Biniam Girmay yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere w’umwirabura watwaye agace mu irushanwa rikuru, cyane ko mu mukino wo gusiganwa ku magare ku isi haba amarushanwa 3 gusa...
Ikipe yigihugu ya Eritrea ntizitabira Tour du Rwanda 2022 kuko idashobora kuzuza ibisabwa n’inzego z’ubuzima byasabwe n’abategura iri rushanwa.
Bimwe mu bisabwa ngo witabire Tour du Rwanda 2022 ni...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 29 Ugushyingo 2021,kuri Theatre du Chatelet i Paris harahurira ibyamamare bitandukanye mu mupira w’amaguru birahurira mu birori byo gutanga igihembo cya Ballon d’or...
Umukinnyi Mugisha Moise uri mu ba mbere mu Rwanda mu mukino wo gusiganwa ku magare yatangaje ko umuvuduko abakinnyi baherutse guhurira mu irushanwa ryo gusiganwa mu muhanda mu mikino ya Olimpike...
Umunya Portugal,Cristiano Ronaldo yafashije Portugal kunganya n’Ubufaransa ibitego 2-2 mu mukino wa nyuma wo mu itsinda F rya Euro 2020 bituma anakora agahigo ko kuba umukinnyi watsindiye ibitego...
Umukinnyi Ngwabije Bryan ukinira SC Lyon mu cyiciro cya 3 mu Bufaransa yageze mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere.
Ngwabije aje kwifatanya na bagenzi be mu...
Mashami Vincent umutoza mukuru w’Amavubi Stars yahamagaye abakinnyi 34 bagomba gutangira imyiteguro y’imikino 2 ya gicuti u Rwanda rufitanye n’Ikipe y’Igihugu ya Central Africa izaba tariki ya 4...