Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Nyakanga ku kicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Remera Polisi yeretse itangazamakuru uwakoreshaga uruhushya yahawe na Polisi...
Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri Kigali
Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50...
Padiri Dukuzumuremyi Jean Leonard uregwa gusambanya umwana w’imyaka 17 akamutera inda, uyu munsi yaburanye ubujurire bwe avuga ko kuba muganga yaremeje ko uriya mwana atwite, bitavuze ko ari we...
Ministeri y’ibikorwa by’ubutabazi iratangaza ko abantu 72 ari bo bamaze kumenyekana ko bishwe n’ibiza byatewe n’imvura yaguye mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane w’iki...
Minisiteri y’ Ububanyi n’ amahanga y’ u Rwanda kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2018 iri kumwe n’ abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda bafatanyije n’ abaturage bo mu karere ka Kamonyi mu muganda wo gutera...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 23 Gashyantare 2018 ikamyo yakoreye impanuka ku musozi wa Buranga mu karere ka Gakenke ifunga Umuhanda Kigali-Musanze.
Polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe umutekano...
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Musabyimana Jean Claude
Ubuyobozi bw’ intara y’ Amajyaruguru butangaza ko bwahize umuhigo wo kuzitabira amatora ku kigero cy’ 100%; bukavuga ko bugifite icyizere...
Umugabo w’imyaka 29 y’amavuko wo mu karere ka Musanze arakekwaho kwiba inka akayihisha mu buriri bwe.Uyu mugabo atuye mu Kagari ka Muharuro, Umurenge wa Gashaki mu Karere ka...
1.Umutwe w’abasirikare barindaga Perezida Habyarimana bafatanyije n’Interahamwe kwica Abatutsi bo mu gace ka Nyamirambo
Tariki ya 08 Mata 1994, Interahamwe n’abasirikare barinda Perezida...
Imyaka 29 irashize Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, hari bimwe mu bikorwa by’ubwicanyi byaranze tariki ya 7 Mata 1994, nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG).
Kuri...
Polisi y’ u Rwanda ifatanyije n’inzego z’ibanze mu bikorwa bitandukanye byabaye ku wa kabiri tariki ya 06 Nzeri mu turere twa Musanze na Gakenke yagaruje amafaranga y’u Rwanda miliyoni 1 n’ibihumbi...
Kuri uyu wa Gatanu mu Turere 27 two hirya no hino mu Rwanda hakozwe amatora y’abagize Komite Nyobozi barimo ba Meya bagarutse nka Richard Mutabazi wa Bugesera,Sebutege Ange wa...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukwakira ku cyicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Remera Polisi yaherekaniye abantu Batanu bacyekwaho icyaha cyo...
Kuri uyu wa kane hasubukuwe urubanza ruregwamo Rutunga Venant mu rukiko rwibanze rwa Kicukiro rwaherukaga gusubikwa ku busabe bwa Rutunga Venant n’umwunganira mu mategeko Me Sebaziga...
Tariki ya 8/4 ni umunsi wa kabiri w’icyumweru cy’icyunamo. Abanyarwanda n’inshuti z’Urwanda turibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi, yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa. Mu...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ukwakira nibwo Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru yakoze igikorwa cyo kugenzura ko amadini n’amatorero bikorera muri iyi Ntara byubahiriza amabwiriza yo kwirinda...