skol
Kigali

Search: Gakenke (264)

Polisi yaburiye abakoresha impushya bahawe ibitemewe n’abakomeje kwiyita abarwayi

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Nyakanga ku kicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Remera Polisi yeretse itangazamakuru uwakoreshaga uruhushya yahawe na Polisi...
25 July 2021 1245 0

Ibyaranze tariki 07/04/1994:Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri...

Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri Kigali Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50...
7 April 2021 576 0

Padiri ushinjwa gusambanya umwana w’umukobwa yahakanye ibyo yashinjwe ko asiramuye kandi atari byo

Padiri Dukuzumuremyi Jean Leonard uregwa gusambanya umwana w’imyaka 17 akamutera inda, uyu munsi yaburanye ubujurire bwe avuga ko kuba muganga yaremeje ko uriya mwana atwite, bitavuze ko ari we...
9 June 2020 5026 0

MINALOC yasabye Abanyarwanda kureka kwitwaza Covid-19 bagatanga ubwisungane mu kwivuza

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), Nyirarukundo Ignatienne yasabye Abanyarwanda kureka kwitwaza ihungabana ry’ubukungu ryatewe na Covid-19,bakishyura...
5 June 2020 858 0

Abahitanwe n’ibiza byatewe n’imvura hirya no hino mu Rwanda bageze kuri 72

Ministeri y’ibikorwa by’ubutabazi iratangaza ko abantu 72 ari bo bamaze kumenyekana ko bishwe n’ibiza byatewe n’imvura yaguye mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane w’iki...
8 May 2020 1275 0

Fabien Neretse yahamijwe n’urukiko rwa rubanda rw’i Buruxelles mu Bubiligi icyaha cya Jenoside n’ibyaha...

Umunyarwanda Fabien Neretse w’imyaka 71 y’amavuko, yahamijwe n’urukiko rwa rubanda rw’i Buruxelles mu Bubiligi (Cour d’assises), icyaha cya Jenoside,runagaragaza uruhare rwe muri Jenoside yakorewe...
20 December 2019 1231 0

Umuganda: MINAFET yubahirije ubusabe bw’ abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda

Minisiteri y’ Ububanyi n’ amahanga y’ u Rwanda kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2018 iri kumwe n’ abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda bafatanyije n’ abaturage bo mu karere ka Kamonyi mu muganda wo gutera...
24 November 2018 1758 0

Ikamyo yafunze umuhanda Kigali – Musanze

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 23 Gashyantare 2018 ikamyo yakoreye impanuka ku musozi wa Buranga mu karere ka Gakenke ifunga Umuhanda Kigali-Musanze. Polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe umutekano...
23 February 2018 3993 0

Kagame Paul yatsindiye kuba Perezida w’u Rwanda 2017-2024

Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...
4 August 2017 3782 0

Amatora ya Perezida: Amajyaruguru yahize kuzitabira 100%

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Musabyimana Jean Claude Ubuyobozi bw’ intara y’ Amajyaruguru butangaza ko bwahize umuhigo wo kuzitabira amatora ku kigero cy’ 100%; bukavuga ko bugifite icyizere...
23 May 2017 806 0

Musanze: Umugabo arashinjwa kwiba inka akayihisha ku buriri araraho

Umugabo w’imyaka 29 y’amavuko wo mu karere ka Musanze arakekwaho kwiba inka akayihisha mu buriri bwe.Uyu mugabo atuye mu Kagari ka Muharuro, Umurenge wa Gashaki mu Karere ka...
2 February 2024 3004 0

Gusimbuza ba Meya birukanwe birakorwa Abaturage batora abashya ni nyuma y’Umuganda

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yavuze ko nyuma y’umuganda usoza ukwezi k’Ukwakira, hateganyijwe amatora yo kuzuza imyanya yaburagamo abayobozi mu nzego z’ibanze kuva ku rwego rw’umudugudu kugeza ku...
28 October 2023 676 0

Perezida Kagame yashyizeho Guverineri mushya w’Intara y’Amajyaruguru

Perezida Kagame yahaye inshingano Maurice Mugabowagahunde yo kuba Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru asimbuye Nyirarugero Dancille wagiye kuri uyu mwanya tariki 15 Werurwe...
10 August 2023 1190 0

Imyanya 94 y’akazi mu byiciro no mu bigo binyuranye

Imyanya 94 y’akazi mu byiciro no mu bigo binyuranye harimo BRN, UR, UTB, ACRE...
4 August 2023 1430 0

Polisi yafashe umugabo ari kwiba insinga z’amashanyarazi

Umugabo witwa Dukurikiyimana Céléstin yafatiwe mu cyuho, ari hejuru ku ipoto arimo kwiba insinga z’amashanyarazi ahita atabwa muri yombi hamwe n’abandi bantu bane bikekwako bafatanya muri ubwo...
16 April 2023 1977 0

Ibyaranze tariki ya 08 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi

1.Umutwe w’abasirikare barindaga Perezida Habyarimana bafatanyije n’Interahamwe kwica Abatutsi bo mu gace ka Nyamirambo Tariki ya 08 Mata 1994, Interahamwe n’abasirikare barinda Perezida...
8 April 2023 614 0

Bimwe mu byaranze tariki ya 7 Mata 1994 ubwo hatangiraga Jenoside yakorewe Abatutsi

Imyaka 29 irashize Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, hari bimwe mu bikorwa by’ubwicanyi byaranze tariki ya 7 Mata 1994, nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG). Kuri...
7 April 2023 1083 0

Kigali: Polisi yafashe umukozi wo mu rugo wari wibye akayabo shebuja

Polisi y’ u Rwanda ifatanyije n’inzego z’ibanze mu bikorwa bitandukanye byabaye ku wa kabiri tariki ya 06 Nzeri mu turere twa Musanze na Gakenke yagaruje amafaranga y’u Rwanda miliyoni 1 n’ibihumbi...
8 September 2022 1998 0

Se wa Dr Edouard Ngirente yitabye Imana

Ngirumpatse Athanase se wa Minisiteri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, yitabye Imana kuri iki Cyumweru tariki 8 Gicurasi 2022 azize uburwayi.
9 May 2022 1826 0

Meteo Rwanda iraburira kwitega imvura nyinshi muri iyi minsi yanyuma y’ukwezi kwa Mata

Mu minsi isigaye ya Mata hazagwa imvura iruta iyabonetse mu byumweru bibiri bishize
22 April 2022 495 0

#Kwibuka28: Imibiri y’abarenga 800 yimuriwe mu Rwibutso rushya rw’Akarere ka Musanze bashyingurwa mu...

Imibiri y’inzirakarengane barenga 800 biciwe mu cyahoze ari urukiko rw’ubujurire rwa Ruhengeri bashyinguwe mu Rwibutso rushya rw’Akarere ka Musanze.
16 April 2022 334 0

Umukinnyi wa Etoile de l’Est yatawe muri yombi ashinjwa ubujura

Rutahizamu wa Etoile de L’Est ’Okenge Lulu Kevin,arakekwaho icyaha cy’ubujura bwa Televiziyo y’umutoza we Banamwana Camarade bakoranye ahantu henshi. Amakuru dukesha Radio 10 aravuga ko Okenge Lulu...
18 March 2022 2141 0

Iteganyagihe riburira: iyi mvura izakomeza kugwa kugeza mu kwezi kwa Gatandatu

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje iteganyagihe ry’Itumba rya 2022, rigaragaza ko Igihe cy’Urugaryi cyabonetsemo imvura mu gihugu hose, ikazakomeza ari Itumba...
18 February 2022 3337 0

AMATORA:Uturere 27 two mu Rwanda twatoye ba Meya bo kutuyobora mu myaka 5 iri imbere

Kuri uyu wa Gatanu mu Turere 27 two hirya no hino mu Rwanda hakozwe amatora y’abagize Komite Nyobozi barimo ba Meya bagarutse nka Richard Mutabazi wa Bugesera,Sebutege Ange wa...
19 November 2021 2800 0

Polisi yaburiye abakomeje gukora amanyanga mu ikorwa ry’ibizamini byo kubona impushya zo gutwara ibinyabiziga

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukwakira ku cyicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Remera Polisi yaherekaniye abantu Batanu bacyekwaho icyaha cyo...
16 October 2021 1354 0

Urukiko rwemeje ko Dr. Rutunga Venant afungwa iminsi 30

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwemeje ko Dr. Rutunga Venant ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, afungwa mu gihe cy’iminsi 30, mu gihe agitegereje ko Urubanza rwe rutangira mu...
17 August 2021 382 0

Kicukiro: Rutunga Venant yemereye Urukiko ko yazanye abajandarume muri ISAR Rubona

Kuri uyu wa kane hasubukuwe urubanza ruregwamo Rutunga Venant mu rukiko rwibanze rwa Kicukiro rwaherukaga gusubikwa ku busabe bwa Rutunga Venant n’umwunganira mu mategeko Me Sebaziga...
12 August 2021 818 0

Kicukiro: Urubanza rwa Venant Rutunga woherejwe mu Rwanda n’Ubuholandi rwasubitswe

Urubanza rwa Venant Rutunga uburanishwa ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo mu Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, ariko rurasubikwa kubera ko uregwa yatinze kubona dosiye. Kuwa 26 Nyakanga 2021 nibwo...
10 August 2021 222 0

Ibyaranze tariki ya 08 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Tariki ya 8/4 ni umunsi wa kabiri w’icyumweru cy’icyunamo. Abanyarwanda n’inshuti z’Urwanda turibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi, yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa. Mu...
8 April 2021 597 0

Musanze:Abapadiri babiri bahaniwe kurenga ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19

Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ukwakira nibwo Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru yakoze igikorwa cyo kugenzura ko amadini n’amatorero bikorera muri iyi Ntara byubahiriza amabwiriza yo kwirinda...
12 October 2020 5479 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240