Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umugabo witwa Ndayisenga Paul wo mu murenge wa Rushaki mu Karere ka Gicumbi ,ukekwaho gukubita no gukomeretsa ndetse no gutoteza umuturage mugenzi...
Aha ingabo z’ u Rwanda zari mu bikorwa bya Army week
Akarere ka Burera kasanze ingo 310 zirwaye amavunja. Ukuriye ingabo mu karere ka Burera na Gicumbi arasaba abayobozi b’ imirenge babona...
Umutoza wa APR FC, Jimmy Mulisa watsinzwe n’ ikipe ya Gicumbi FC, ejo ku wa Gatatu tariki ya Mbere Werurwe 2017, mu kiganiro n’ itangazamakuru nyuma y’ umukino yumvikanishije ibintu bibiri...
Ku munota wa 89 nibwo Jimmy Mbaraga yatsindiye AS Kigali igitego cyayihaye intsinzi ndetse gituma itangira gucika amakipe bahanganye bucece arimo APR FC na Rayon...
Umutoza wa APR FC,Mulisa Jimmy yavuze ko abakinnyi bamwe b’Abanyarwanda bataramenya akazi kabo baza mu kibuga baje kwitemberera gusa aho kwitanga kugira ngo umusaruro uboneke.
Nyuma yo kunganya...
Ikipe ya Police FC iraranye umwanya wa mbere muri shampiyona y’ikiciro cya mbere hano mu Rwanda, nyuma yo gutsinda Heroes FC ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa gatanu wa...
Mu minsi ishize, nibwo mu bitangazamakuru bitandukanye hano mu Rwanda, havuzwe iyirukanwa ry’abanyamakuru bari bakunzwe mubiganiro by’imikino kuri Radio na TV...
Abagabo babiri bo mu Kagari ka Ruhondo mu Murenge wa Ruvune mu Karere ka Gicumbi barwanye umwe ashinja mugenzi we agasuzuguro bituma umwe apfira muri uwo murwano.
Amakuru dukesha Ukwezi aravuga...
Abakozi b’ akarere ka Gicumbi nyuma yo gutabwa muri yombi bose banditse basezera ku mirimo.
Aba bakozi uko ari bari batawe muri yombi tariki 16 Ugushyingo 2017. Ni Umukozi ushinzwe Imari...
Ku wa 25 Ukwakira2017 Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi rwasomeye mu ruhame, urubanza Ubushinjacyaha bwaregagamo KWIZERA Jean D’Amour ,NIYITEGEKA Vincent, HAVUGIMANA Jean Pierre , MUSABYEMUNGU...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Ukwakira 2017 umusore witwa UWURUGWIRO Amosi wari mu kigero cy’imyaka 28 y’amavuko yaburiwe irengero nyuma yo gutwarwa n’amazi ubwo yasengeraga aho...
Ku wa 28 Nzeri 2017 Urukiko rwisumbuye rwa Gicumbi rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwarezemo BABONAMPOZE Jacques Dyna na TUYISENGE Emmanuel kuba mu ijoro ryo kuwa 21/01/2017.
Ibi byabereye mu...
Mu ijoro ryakeye rya tariki ya 28 Kanama 2017, umukuru w’Umudugudu wo mu karere ka Gicumbi mu ntara y’Amajyaruguru yishwe n’umuturage ubwo yari agiye gutabara.
Ngo uyu mukuru w’umudugudu yatabajwe...
Shampiyona yari yakomehje ku umunsi wayo wa 19, hari habaye imikino itandukanye, Police yananiwe kwikura I Gicumbi, AS Kigali mu Bugesera ihatambuka kigabo ni mu gihe Minnaert na Mukura ye nabo...
Mvuyekure Alexandre wahoze ayobora Akarere ka Gicumbi we yagizwe umwere, ku byaha birimo gutanga inyungu zidafite ishingiro mu gihe cy’ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano,n’ubwinjiracyaha mu kurigisa...
Umforomo uri mu kigero cy’ imyaka 40 wo kigo nderabuzima cya Rubaya mu karere ka Gicumbi ari mu maboko ya polisi akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera umugore w’ imyaka 35 wari wamugannye ngo...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatandatu taliki ya 09/3/2019 azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Rwajekare Jean Claude (Gahimba) iherereye mu...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki ya 07/3/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara ku nshuro ya 2 umutungo utimukanwa ugizwe...
Myugariro Rutanga Eric yaraye asezeye ku bafana ba Rayon Sports bamubaye hafi mu myaka 2 yari ayimazemo yitwara neza cyane ko yari avuye mu ikipe ya APR FC yarasharirriwe n’intebe...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki ya 04 Ugushyingo 2019,umugabo witwa Ntigurirwa Amran yasanzwe yapfuye,umurambo we umanitse mu mugozi ku ibaraza ry’inzu mu kayira kamanuka munsi y’isoko rya...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 15/11/2019 saa tatu n’igice (09h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa Katagaruka...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 15/11/2019 saa tatu n’igice (09h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Nyamucahakomeye Fabien na...