Hari bamwe mu baturage bafite ubwishingizi mu kwivuza, bavuga ko babangamiwe n’uko hari imwe mu miti bandikirwa na muganga ariko bajya muri farumasi ntibayihabwe kuko ngo itishingiwe, bagahabwa...
Perezida Kagame yagabiye umuhungu wa Perezida wa Uganda, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, inka z’inyambo zo mu rwuri rwe ruri mu Burasirazuba bw’igihugu.
Lt Gen Muhoozi ari mu ruzinduko rw’iminsi...
Gumyusenge Jean Pierre w’imyaka 38 y’ubukure yiga mu mwaka wa Gatatu w’amashuri abanza ku ishuri ryitwa Umucyo School riri mu kagari ka Musezero mu murenge wa Gisozi, Akarere ka Gasabo.
Gumyusenge...
Umukinnyi w’umukino wo gusiganwa ku magare,Mugisha Samuel,byari bizwi ko afunzwe azira gukubita no gukomeretsa umumotari,yatangaje ko agiye kwitabira irushanwa rya "Tour du...
Amafaranga 300 niyo yabaye intandaro yatumye umunyerondo yica mugenzi we bari kumwe amukubise inkoni mu mutwe,ajyanwa mu bitaro bya kibagabaga ari naho yaje kugwa mu rukerera rwo kuri uyu wa...
Umuraperi Ish Kevin yatawe muri yombi ari kumwe n’itsinda ry’abantu batanu barimo na DJ Brianne, bakurikiranyweho kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19 no gukoresha ibiyobyabwenge byo mu bwoko...
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko Kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2020,yatangaje ko habonetse abanduye Coronavirus bashya 2 .Abamaze kwandura iyo ndwara mu Rwanda babaye 327. Uyu...
Abashakanye bo mu Karere ka Nyaruguru batangaza ko filime z’urukozasoni zizwi nka “Pornographie” ziri guteza ibibazo mu ngo zabo bishingiye ku bwumvikane buke ku bijyanye n’uburyo bwo gutera...
Kwizigira Jean Claude uzwiho kogeza umupira w’amagura kuri Radio Rwanda yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Umubyeyi Clarisse bamaze igihe bakundana.
Ma Yun ‘Jack Ma’ washinze ikigo cya Alibaba Group Holding Limited gikora ubucuruzi kuri interineti (e-commerce), uri mu Rwanda yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 ruherereye ku...
Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi ’FIFA’, Gianni Infantino uri bugere mu Rwanda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, arihita ajya kureba umukino...
Umuhanzi Eric Senderi international hit uzwi munjyana ya afro beat, wamenyekanye mu ndirimbo nka Nta cash, Aragiye, Mucyaro, intimba y’intore, n’ izindi zo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu...
Dove Hotel ubwoyatahwaga ku mugaragaro/ Foto: dove.rw
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Theos Badege yatangarije Umuryango ko Polisi yafunze abayobozi batatu mu Itorero rya ADEPR...
Gitifu w’ Akagari ka Nkakwa, Mukashema Claudine
Bamwe mu batuye umurenge wa Nyagisozi wo mu karere ka Nyaruguru baravuga ko bahangayikishijwe n’ abaturanyi babo b’ Abarundi babakubita bakabafunga,...
Abantu babiri bacyekwagaho ubujura no kwica Ndamyimana Elyse wari Noteri w’Umurenge wa Remera mu karere ka Gasabo, barashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ubwo bageragezaga gutoroka inzego...
Elyse Ndamyimana wari Noteri w’ubutaka mu Murenge wa Remera ho mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali yatezwe n’abagizi ba nabi bamuteragura ibyuma bimuviramo...