Abahanzi nyarwanda barimo The Ben , Bruce melody , Meddy bahawe ibihembo bikomeye mu irushwanwa rya HiPipo Music Awards riba buri mwaka rikabera mu gihugu cya Uganda.
Igitaramo cyo gutanga ibi...
Umushumba mukuru w’ itorero Redeemed gospel church Bishop Innocent Rugagi yavuze ko wa musaza wiyise se atari se kuko ise yapfuye mu 1987.
Mu mpera za Gicurasi 2017, hari umusaza wagiye mu...
Ingabire Gaby Irene Kamanzi, ni umwe mu bahanzikazi bakunzwe cyane mu Rwanda, ndetse no hanze mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana avuga ko kuba atarashaka ari umugambi w’Imana utarasohora....
Abayizera Marie Grace[Young Grace] ni umwe mu bahanzikazi bo mu Rwanda bakora Hip Hop, yasakaje amashusho ayanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram amugaragaza agotomera inzoga y’uruganda rwa SKOL....
The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter bashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA.
The Ben ari...
Umuhanzikazi Butera Knowless yongeye gushyirwa ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya Afrimma Awards bizatangwa tariki ya 08 Kanama 2017 I Texas.
Ni ku nshuro ya kabiri uyu muhanzi atoranywa...
Bimaze iminsi bivugwa cyane mu Rwanda, inkuru y’umukobwa w’umunyarwanda kazi w’umunyamakuru kazi wahisemo kwibanira n’undi mugenzi we bahuje igitsina. Ibi kandi bikaba bije nyuma yaho kuri uyu wa 12...
Kugeza ubu umubare munini w’abatuye isi ntibahuza na bamwe mu bigisha bo muri iki gihe bikaba akabarore iyo bigeze mu gutura no guturisha aho usanga bamwe bakemanga ,uburyo bikorwamo, Bishop...
Turi ku cyumweru tariki ya 25 Kamena, ni umunsi w’176 mu minsi 365 igize umwaka. Iminsi 189 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo. Kuri iyi tariki muri 2015, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame...