Betty Kyallo uri mu bakunzwe mu itangazamakuru ryo mu Gihugu cya Kenya yahishuye umugabo yifuza ibyo akwiye kuba yujuje asaba abakobwa kugira amahame bagenderaho mu kugira amahitamo y’umugabo...
Umuhanzi ukunzwe na benshi ukomoka mu Gihugu cya Nigeria wamamaye nka Kizz Daniel yahishuye ko yifuza kuririmba indirimbo ye ’Buga’ mu gikombe cy’Isi kizabera muri...
Iyamuremye Jean Clema uzwi nka Fizzo ahishuye byose byamubayeho muri Gereza aho yari afunganye na Mukuru we Jaypolly witabye Imana avuga ko kugeza ubu yabaye...
Hamza Umuvandimwe wa Uwihoreye Jean Bosco wamenyekanye nka Ndimbati uri muri Gereza yahishuye ubuzima bwe n’uko yakiriye ifungwa ry’umuvandimwe we ndetse avuga n’ubizima abana ba Ndimbati barimo...
Titi Brown wamenyekanye mu gisate k’imyidagaduro nk’umubyinnyi wabigize umwuga yahishuye ubuzima abayemo muri Gereza aho afungiye i Mageragere ari mu minsi 30 ategereje kuburana anavuga uburyo...
Umunyana Annalisa wamenyekanye nka Mama Sava wamenyekanye muri firime y’uruhererekane ya Mama Sava yahishuye ko ari mu munyenga w’urukundo n’umusore n’umusore bahujwe n’inshuti yabo yamutanzemo...
Umuhanzi Hagenimana Jean Paul wamamaye ku izina rya Bushali wamenyekanye cyane ubwo yabarizwaga muri Green Ferry, yahishuye ko atakibarizwa muri iyi nzu ifasha abahanzi, by’umwihariko yafashije...
Ubwo yari mu nteko rusange ya FERWAFA yatorewemo perezida mushya wa FERWAFA,Nizeyimana Mugabo Olivier,Umuyobozi wa APR FC,Lt Gen Mubarakh Muganga yahishuye menshi mu makuru ari mu ikipe ya APR...
Umuraperi Mc Kevin uri bakomeye mu gihugu cya Brazil usanzwe ari n’inshuti ikomeye cyane ya Neymar ,yiyahuye ubwo yari muri Hotel aryamanye n’inkumi ahitamo kwiyahura asimbutse urusenge rwa hoteli...
Mu minsi yashize hagaragaye amafoto Dj Marnaud na Shaddyboo bari i Dubai bigakekwa ko bari basohokanye bagiye kuryoshya, uyu musore uzwi cyane mu kuvangavanga imiziki yahishuye uko yisanze...
Umugabo w’imyaka 42 wari utuye mu Murenge wa Jarama mu Karere ka Ngoma, yasanzwe mu mugozi iwe mu nzu yiyahuye, bigakekwa ko yabitewe n’uko umugore we aherutse kwahukana akagaruka atwite inda...
Umugabo witwa Habimana Jean Claude bakunze kwita Saidi wari utuye mu Murenge wa Rubavu, Akagari ka Byahi, umudugudu wa Ngugo mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru yasanzwe yiyahuye akoresheje...
Imodoka yo mu bwoko bwa RAV 4 yihutaga yagonze abanyeshuri 14 biga mu ishuri ry’Ababikira rya Centre Scolaire Elena Guela riherereye mu Mujyi wa Huye, umwe yitaba Imana abandi barakomereka...
Kuri uyu wa 27 Nzeri 2020, Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Gatete Claver, yasabye ko abatubaka mu bibanza bafite mu mujyi wa Huye babyamburwa bigahabwa abashaka kubibyaza...
Mu minsi ishize nibwo Paul Rusesabagina yahishuye ko mbere y’uko afatwa yari agiye mu Burundi ariko nyuma aza kwisanga mu Rwanda rwamukurikiranagaho ibyaha by’iterabwoba byahitanye abantu benshi mu...
Igisamagwe cyateye mu rugo rwo mu Mudugudu w’Agakera mu Kagari ka Rango-A Umurenge wa Mukura mu Karere ka Huye, giheza mu nzu abantu umunani barutuyemo.
Umugabo witwa Uwiringiyimana Justin wari ufite imyaka 33 atuye mu Murenge wa Kabare mu Karere ka Kayonza, yiyahuye arapfa nyuma y’amakimbirane y’igihe kirekire ashingiye ku gukeka ko umugore we...