Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical...
Robot ya Sophia yongeye gususurutsa abitabiriye umunsi wa 3 wa Transform Africa aho yatangaje byinshi mu kiganiro kirambuye yagiranye na Minisitiri w’ikoranabuhanga, itumanaho no guhanga...
Ku nshuro ya mbere Lamar Odom wamamaye muri shampiyona y’umukino wa Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika [NBA] mu makipe nka LA Lakers,LA Clippers n’andi,yatangaje ko yasambanyije abagore...
Umupilote Stuart Moore n’abana abereye nyirarume barimo Jack Moore na Billie Manley barokotse impanuka ikomeye y’indege kuri iki Cyumweru ubwo bari bagiye kureba umukino wa Manchester United kuri...
Umugore witwa Danea Plasencia w’imyaka 28,yapfiriye mu bitaro byo mu mujyi wa Miami muri Leta ya Florida,ubwo yageragezaga kwiyongeresha ikibuno ku mafaranga...
Umwana muto ufana Liverpool yirukiye mu kibuga atunga intoki ebyiri rutahizamu Lionel Messi wari ufite agahinda kenshi nyuma yo gusezererwa kwa FC Barcelona itsinzwe ibitego 4-0,byatumye benshi...
Roberto uri mu bahanzi bakomeye muri Zambia wamamaye cyane mu ndirimbo “Amarula” akamenyekana cyane mu Rwanda mu ndirimbo yakoranye na Butera Knowless bise “Te amo” akaba ari no mu myiteguro yo kuza...
Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Repubulika mu bijyanye n’Igisirikare n’Umutekano, Gen James Kabarebe, yavuze ko kwishyira hamwe ku imitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda ari byiza kuko bizafasha...
Myugariro wa Manchester City,Kyle Walker w’imyaka 28,yirukanwe mu nzu n’umukunzi we Annie Kilner bari bafitanye abana 3,nyuma yo kumenya ko asambana mu ibanga n’umunyamakuru witwa Laura...
Umukinnyi wa Liverpool,Mohamed Salah yaraye avunikiye mu mukino ikipe ye yatsinze Newcastle ibitego 3-2 muri shampiyona y’Ubwongereza,ubwo yangirika umutwe nyuma yo kugongana n’umunyezamu Martin...
Umugabo witwa Uwimana Virgil wari ucumbutse mu mudugudu wa Nyakariba,akagari ka Musezero mu murenge wa Gisozi uherereye mu karere ka Gasabo yasanzwe mu giti cy’umwembe yimanitse bikekwa ko...
Umukobwa wabaye Miss Uruguay witwa Fatimih Davila yasanzwe amanitse muri imwe mu mahoteli yo mu mujyi wa Mexico mu gace ka Napoles taliki ya 3 Gicurasi...
Lionel Messi yaciriye uduhigo dutandukanye ku kipe ya Liverpool, nyuma yo kuyitsinda ibitego bibiri muri 3-0 FC Barcelona yayitsinze mu mukino ubanza wa 1/2 cy’irangiza cya UEFA Champions...
Umugore witwa Catherine Navarro w’imyaka 34, ukomoka muri Leta ya New Jersey muri US,yakoze ikirori gikomeye,amena za champagne,ategura imitako idasanzwe n’ibyokurya by’amoko yose yishimira ko...
Umugore ukomoka muri Mali, Hawa Dème, ari mu byishimo byo guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda, ni nyuma yo kugeza icyifuzo cye kuri Perezida Kagame ubwo yari muri Rwanda Day ya 2017 yabereye mu...
Ikipe ya AS Kigali yabimburiye andi makipe akomeye kubona amanota 3,kuko yatsindiye Kiyovu Sports kuri stade ya Kigali igitego 1-0 mu mukino warangiye urucaca ari abakinnyi...
Umuhanzi Diamond Platnumz yavuze ko kuba Zari wahoze ari umugore we yaramucaga inyuma agakundana n’umuhanzi Peter Okoye ari byo byatumye amuca inyuma ariko kandi Zari na we ahita amusubizanya...
Mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi cya 2018 ni bwo Rutamu yasezeye itangazamakuru icyo gihe muri Nyakanga ahita ajya muri Amerika kubayo. Aha akaba yarahamyaga ko agiye kwiga ibijyanye no...
Uwahoze ari umunyamakuru w’imikino by’umwihariko mu kogeza imipira,Rutamu Elie Joe yamaze gutera ivi, yambika impeta umukunzi we Nyinawabeza Rebecca uba muri Leta Zunze Ubumwe za...