Mu Murenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umusore uherutse kwiyahura kubera ko ikiryabarezi cyamuriye Frw 100,000 yari yagurishije igare kugira ngo arebe niba cyamwungukira....
Kuri uyu wa Kane,Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Anthony Blinken, uri mu ruzinduko mu Rwanda yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, yunamira inzirakarengane...
Perezida wa RDC,Felix Tshisekedi yashyingiye umwe mu bakobwa be akaba ari uwitwa Fanny Tshisekedi washakanye na Dave Nsimba.
Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 12 Kanama 2022, umwe mu bakobwa ba...
Ikipe ya Vipers yageze i Kigali gufatanya na Rayon Sports mu munsi mukuru wayo imurikaho abakinnyi bashya n’ingamba yinjiranye mu mwaka w’imikino.
Iyi kipe yatwaye Shampiyona yo muri Uganda,...
Perezida mushya wa Kenya,William Ruto,yavuze ko mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere yagiranye ikiganiro na mukeba we Raila Odinga bemeranya ko bemera ibyavuye mu matora ndetse ko biteguye guhura...
1Ubushakashatsi bwakorewe muri Leta zunze ubumwe za Amerika bwerekana ko uburakari bugira ingaruka kuri 18% by’ abaturage ba ho. Gukundana rero bifatwa nk’ ibintu bizana umunezero ariko hari ubwo...
Minisitiri w’intebe wa Finland yavuze ko yapimwe ibiyobyabwenge, nyuma y’amashusho yagaragayemo aceza ari kumwe n’icyamamare mu muziki wa Pop.
Sanna Marin w’imyaka 36, yashyizweho igitutu muri iki...
Dushime Burabyo Yvan, ni amazina yose ya nyakwigendera Yvan Buravan wabibye urukundo mu bantu abinyujije mu ndirimbo ze n’ubu zikomeje gufasha benshi nubwo we yamaze kwitaba...
Yvan Buravan yahawe icyubahiro mu gitaramo cya Kigali jazz Junction cyatumiwemo Mike Kayihura n’umunya-Côte d’Ivoire, Monique Séka, aho bataramiye i Kigali mu ijoro ryo ku wa 26 Kanama...
Mu birori byo kwizihiza imyaka 10 Inkomoko imaze benshi abayobozi baakuru b’ibigo bikomeye hano mu Rwanda bigaragaje mu kuvanga imiziki bishimirwa na benshi cyane ko bari bamenyerewe kugaragara...
Inama y’umuryango wa Jay Polly yatumiwemo abagore babyaranye (Fifi na Sharifa) ku izungura, yagaragarijwemo ko nta mitungo izwi nyakwigendera yasize kuko yapfuye bitunguranye ntawe ayibwiye, ikaba...
Nyampinga w’u Rwanda 2016 Miss Mutesi Jolly uri mu bategura irushanwa rya Miss East Africa yavuze ku modoka Miss Umunyana Shanitah yatsindiye ariko kugeza ubu amaso akaba yaraheze mu...
Mukanemeye Madeleine w’imyaka 100 y’amavuko wo mu Murenge wa Save mu Karere ka Gisagara, ni umufana ukomeye w’Ikipe y’Umupira w’Amaguru ya Mukura VS ku buryo adashobora gusiba umukino w’ iyi...
Perezida Paul Kagame yihanganishije u Bwongereza n’umuryango w’Umwamikazi Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane,tariki ya 08 Nzeri 2022.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije kuri Twitter,...
Umwamikazi Elizabeth II uheruka gutanga yari umufana w’ikipe ya Arsenal ndetse niyo kipe rukumbi yatumiwe mu ngoro ye ya Buckingham Palace akiriho.
Nyiricyubahiro umwamikazi yatumiye ikipe ya...
Umunya Uganda witwa Roger Bright Ruyondo ukora mu bijyanye n’ubujyanama mu bukerarugendo mu bigo nka Floras & Fauna na Travelnet Tours and Travels aheruka kurushinga n’umukunzi we Ruth Rich...
Nyuma y’urupfu rw’Umwamikazi Elizabeth II mu Bwongereza, itsinda ry’abadashyigikiye ubutegetsi bwa cyame ryagerageje kwigaragambya risaba ko buvaho burundu.