Muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku ncuro ya 29 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umukino wakinwe muri ’weekend’ ishize witwa “Hate Radio” watumye hari abongera kwibuka uruhare rw’itangazamakuru muri...
Nyuma y’aho ikipe ya Espoir itwariye igikombe cyo kwibuka mu makipe ya hano mu Rwanda ku munsi w’ejo hari hatahiwe imikino yo kwibuka mu makipe yahano mu Rwanda no hanze aho amakipe y’ibigugu yari...
Murwego rwo kwifatanya n’abanyarwanda muri iki gihe turimo cyo kwibuka kunshuro ya 23 jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994, Iri tsinda rya Active rigizwe n’abasore 3 bifatanyije na Yvan...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Mata, Miss Queen Kalimpinya afatanyije n’abanyeshuri biga Muri lycée de Kigali (LDK) bagize umuryango wa AERG Iwacu mu rwego rwo kwifatanya n’ Abanyarwanda kwibuka...
Guhera tariki ya 7-14 Mata buri mwaka u Rwanda ruba ruri mu bikorwa byo kunamira abazize Jenoside yakoreye Abatutsi muri 1994, na y’izi tariki ibikorwa byo kwibuka birakomeza. Uyu mwaka...
Mu gihe u Rwanda n’ Isi yose kuri uyu wa 7 Mata 2017, batangiye urugendo rw’ iminsi irindwi mu rwego rwo kunamira abazize jenoside yakorewe abatutsi, n’ urugendo rw’ iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro...
Urukundo ni nk’ubusitani bw’indabo, bukeneye kubagarirwa no kuhirwa buri munsi. Kubaka urukundo ni uguhozaho, ari yo mpamvu hari amagambo make ushobora gohora ubwira umukunzi wawe mu gihe ahura...
Zari Hassan wahoze ari umugore wa nyakwigendera Ivan Ssemwanga,kuri ubu yongeye kwibuka umugabo we umaze umwaka apfuye.
Mu mpera za kino cyumweru tuvuyemo nibwo Zari abinyujije kuri Instagram...
Abantu 24 bafashwe n’inzego z’umutekano bari mu bikorwa byo kubaka inzu mu mudugudu wa Ganza mu kagali ka Kiyovu mu murenge wa Nyarugenge akarere ka Nyarugenge umujyi wa Kigali. Hari saa yine za...
Vedasto Katologi wemeza ko ari se wa rutahizamu w’Amavubi na Simba SC yo muri Tanzania, Kagere Meddie, yasabye ko hakorwa ibizamini bya DNA (amasano abantu bafitanye hakoreshejwe uturemangingo...
Tom Close ni umwe mu bahanzi bakuze kandi bakomeye mu muziki nyarwanda, ni n’umwe mu batanga ubutumwa buciye mu ndirimbo buba butandukanye bitewe n’ubwo ashaka...
Hadutse umuriro ku wa mbere nijoro ahabikwa ibikoresho ku rusengero rw’i Lagos rw’uwari umuvugabutumwa ukomeye wo muri Nigeria TB Joshua, wapfuye mu kwezi kwa gatandatu.
Uwo muriro wadutse ubwo...
Perezida Kagame mu ijambo yagejeje ku bitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi witabiriwe n’Abanyarwanda batandukanye n’inshuti z’u Rwanda yakomoje ku ibintu Bitatu...
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Emmanuel K. Gasana, avuga ko kuva ku ya 07 Mata 2022, ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi byatangira, hamaze kugaragara ibikorwa...
Umugabo witwa Mbarushimana Jean Claude usanzwe atekera abanyeshuri muri College de Gisenyi Inyemeramihigo wari uri mu maboko y’ubugenzacyaha akekwaho icyaha cyo gupfobya jenoside yakorewe...
Amakipe abiri y’abakobwa Berco Star yo mu Burundi na Scandinavia yo muri Congo Kinshasa, ni yo ashoboye kurenga amatsinda mu makipe yaturutse hanze y’u Rwanda yitabiriye imikino yo kwibuka ku...