Umuhanzi ukomeye mu Burundi no mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Lolilo, yamaze gutangaza ko yatandukanye n’umukunzi we wa kane witwa Loliane bari bamaze imyaka...
Mu myaka ya za 90 habayemo byinshi byerekana ko harri umubano mwiza hagati ya Perezida Kagame na Perezida Museveni, umwe ayoboye Uganda undi ari umusilikali mukuru mu gisilikali cy’Ubuganda ariko...
Umusore utaramenyekana amazina uri mu kigero cy’ imyaka 25 yishwe atemaguwe, umurambo we utoragurwa mu Kagari ka Kigarama, Umurenge wa Gitega ho mu karere ka Nyarugenge. Umurambo wabonywe mu...
Rev Pst Antoine Rutayisire yavuze ko yatewe umujinya no kubona nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abihayimana barakomeje gutanga inyigisho nk’uko byahoze mu gihe abantu bari bafite...
Ubudahangarwa bw’umubiri ni bwo bwirinzi bwawo. Ni bwo umubiri wifashisha mu guhangana n’indwara ziterwa na mikorobi zaba bagiteri, imiyege na virusi. Si ibyo gusa kuko ubudahangarwa bw’umubiri ni...
Minisiteri y’Ubutabera ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika agomba gukurikiranwa ku cyaha cyo gusebya E. Jean Carroll,...
Kuri uyu wa 28 Mata 2023 ubwo umuhanzi Yvan Buravan yari kuba yizihiza isabukuru y’imyaka 28 Chiffa Marty wahoze ari umkunzi we yishushanyijeho amazine ye ndetse n’andi magambo nk’ikimenyetso...
Mu gihugu cy’u Burundi haravugwa ihunga ry’umusirikare mukuru Gen Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe bivugwa ko yerekeje Tanzania.
Ni nyuma y’aho Umushinjacyaha mukuru w’u...
Kuri uyu wa kabiri tariki 18 Mata 2023, Daihatsu ifite plaque RAF 121 N yakoze impanuka igwa munsi y’umuhanda yubamye, igwira umushoferi n’umuturage bari kumwe, Imana ikinga ukuboko.
Ni imodoka...
Mupende Ramadhan wamamaye mu myidagaduro y’u Rwanda nka Bad Rama washinze sosiyete ifasha abahanzi ya ‘The Mane Music’, yahishuye ko arwaye indwara y’agahinda gakabije ndetse ku bwe asanga akeneye...
Umugabo w’imyaka 42 yarashe abantu barindwi bo mu muryango we mbere y’uko nawe yiyica muri leta ya Utah muri Amerika nyuma y’uko umugore we asabye gatanya, nk’uko polisi ibivuga.
Kuwa gatatu nijoro...
Guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, ku mbuga nkoranyambaga z’Abanyarwanda byari ibicika, bahererekanya banatanga ibitekerezo ku mashusho akomeje kurikoroza bivugwa ko ari ay’umunyamideli...
Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yagaragaje ko atwite inda yenda kuvuka, bishyira benshi mu rujijo, bamwe bibaza niba umugabo baba bagiye kubyarana ari...
Ellen DeGeneres yashenguwe bikomeye n’urupfu rw’inshuti ye Stephen “tWitch” Boss wari usanzwe amucurangira mu kiganiro The Ellen Show cyahagaze muri Gicurasi...
Paul Pelosi, umugabo wa Madamu Nancy Pelosi,Umuyobozi w’inteko ishinga amategeko ya leta Zunze Ubumwe za Amerika,arimo koroherwa nyuma yo gukomerekera mu gitero cyagabwe mu rugo iwe n’umuntu wari...
Polisi yavuze ko umuntu umwe yapfuye abandi batanu barakomereka - bamwe bikomeye - nyuma yo gutererwa icyuma mu isoko [supermarket] ryo hafi y’umujyi wa Milan mu Butaliyani.
Ibitangazamakuru...