Harry Maguire yaraye akoze ubukwe bwakataraboneka n’umukunzi we wo kuva mu bwana Fern Hawkins.Ubukwe bwabereye mu Bufaransa.
Myugariro Maguire usanzwe ari kapiteni wa Manchester United,yagize...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 02 Kanama 2022,Perezida Kagame yari mu cyumba cy’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura aho yakiriye indahiro z’abaminisitiri 2 bashya.
Abo barimo Minisitiri ushinzwe...
Umukuru w’akanama k’amatora ka Kenya yashinje bane mu bakozi bakuru (abakomiseri) bako batemeje ibyavuye mu matora ya perezida kugerageza guhungabanya itegekonshinga.
Mu itangazo, Wafula...
Dr William Samoei Ruto yarahiriye kuba Perezida wa Gatanu wa Kenya mu muhango wabereye kuri Stade ya Kasarani witabiriwe n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bagera kuri 20.
Abaturage ba Kenya...
Perezida mushya wa Kenya , William Ruto warahiriye kuyobora iki gihugu ku ncuro ya 5 kuva kenya yabona ubwigenge mu 1963 ngo n’impano yahawe Afurika y’Uburasirazuba
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ugushyingo 2022,Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri mushya w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Jean Claude Musabyimana wasimbuye Gatabazi JMV ku munsi w’ejo....
Kuri uyu wa gatatu, ari mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yakira indahiro z’abminisitiri bashya, mu buryo butari buherutse Perezida Kagame yafashe isaha imwe avuga ku kibazo cy’umutekano mucye...
Perezida Kagame yavuze ko RDC yiringiye abacancuro iri mu bibazo bikomeye ndetse yemeza ko u Rwanda rwiteguye guhangana nabo nibiba ngombwa.
Ibi yabivugiye mu muhango wo kwakira indahiro ya...
Perezida Kagame yavuze ko ikibazo cy’umutekano muke muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo kitamureba kuko baburiye iki gihugu kikanga kumva.
Ibi Perezida Kagame yabigarutseho mu muhango wo...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party of Rwanda,Dr Frank Habineza,yashimiye Perezida Kagame kuba yahaye umurongo ikibazo cy’imisoro yari...
Marc Anthony wamenyekanye nk’umuhanzi w’umuhanga ndetse ufite n’ubuhanga mu kwandika indirimbo yashatse umugore wa kane, Nadia Ferreira, arusha imyaka 31 nyuma y’uko atandukanye na Jennifer...
Abari abana mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi, barokokeye mu Bitaro bya Kibuye bavuga ko muri ibi bibataro hiciwe bagenzi babo benshi bigizwemo uruhare na bamwe mu baganga...
Rev Pastor Karangwa John yandikiye umuyobozi we Ndayizeye Isaie amumenyesha ko ibaruwa yamwandikiye amwambura inshingano yayibonye ariko ko nta bushobozi afite bwo kumwambura...
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yaraye aganiriye kuri uyu wa Kane na Andrei Troshev usigaye ayobora umutwe w’abacanshuro wa Wagner umaze igihe ufasha u Burusiya mu ntambara burimo muri...