skol
Kigali

Search: Indahiro (138)

Harry Maguire utarishimiwe n’abakunzi ba United yakoze ubukwe [AMAFOTO]

Harry Maguire yaraye akoze ubukwe bwakataraboneka n’umukunzi we wo kuva mu bwana Fern Hawkins.Ubukwe bwabereye mu Bufaransa. Myugariro Maguire usanzwe ari kapiteni wa Manchester United,yagize...
26 June 2022 1301 0

"Hari ibigo bya Leta bigomba kwegurirwa abikorera vuba na bwangu"-Perezida Kagame

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 02 Kanama 2022,Perezida Kagame yari mu cyumba cy’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura aho yakiriye indahiro z’abaminisitiri 2 bashya. Abo barimo Minisitiri ushinzwe...
2 August 2022 2815 0

Kenya: Abakomiseri b’akanama k’amatora barashinjwa kugerageza kubangamira itegekonshinga

Umukuru w’akanama k’amatora ka Kenya yashinje bane mu bakozi bakuru (abakomiseri) bako batemeje ibyavuye mu matora ya perezida kugerageza guhungabanya itegekonshinga. Mu itangazo, Wafula...
18 August 2022 695 0

William Ruto yarahiriye kuba Perezida wa gatanu wa Kenya

Dr William Samoei Ruto yarahiriye kuba Perezida wa Gatanu wa Kenya mu muhango wabereye kuri Stade ya Kasarani witabiriwe n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bagera kuri 20. Abaturage ba Kenya...
13 September 2022 1067 0

William Ruto warahiye muri Kenya ,kuri Perezida Suluhu wa Tanzaniya ngo n’impano yahawe EAC

Perezida mushya wa Kenya , William Ruto warahiriye kuyobora iki gihugu ku ncuro ya 5 kuva kenya yabona ubwigenge mu 1963 ngo n’impano yahawe Afurika y’Uburasirazuba
13 September 2022 3707 0

Perezida Kagame yasabye abayobozi kureka amagambo bagakorera abaturage

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ugushyingo 2022,Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri mushya w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Jean Claude Musabyimana wasimbuye Gatabazi JMV ku munsi w’ejo....
11 November 2022 1967 0

"....Tuzatuma hari umuntu urara amajoro adasinziriye"-Perezida Kagame avuga ku kujya RDC

Kuri uyu wa gatatu, ari mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yakira indahiro z’abminisitiri bashya, mu buryo butari buherutse Perezida Kagame yafashe isaha imwe avuga ku kibazo cy’umutekano mucye...
30 November 2022 2446 0

Perezida Kagame yaburiye RDC kubera Abacancuro b’Abarusiya yikururiye

Perezida Kagame yavuze ko RDC yiringiye abacancuro iri mu bibazo bikomeye ndetse yemeza ko u Rwanda rwiteguye guhangana nabo nibiba ngombwa. Ibi yabivugiye mu muhango wo kwakira indahiro ya...
10 January 2023 4016 0

"Ikibazo cyabo ntabwo kindeba"-Perezida Kagame yongeye kugaruka ku bibazo bya RDC

Perezida Kagame yavuze ko ikibazo cy’umutekano muke muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo kitamureba kuko baburiye iki gihugu kikanga kumva. Ibi Perezida Kagame yabigarutseho mu muhango wo...
9 January 2023 1582 0

Dr Frank Habineza yavuze ku kibazo cy’imisoro cyagarutsweho na Perezida Kagame

Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party of Rwanda,Dr Frank Habineza,yashimiye Perezida Kagame kuba yahaye umurongo ikibazo cy’imisoro yari...
10 January 2023 2113 0

Urutonde rw’abahanzi batanze ibyishimo ubu bakaba baraburiwe irengero(Video)

Bamwe mu bahanzi batanze ibyishimo ku Banyarwanda n’indirimbo zabo zikaba zigikoreshwa cyane ku bashaka kwiyibutsa ibihe byiza by’ahashize ariko ubu bakaba baraburiwe...
11 January 2023 2014 0

Marc wahoze ari umugabo wa Jennifer Lopez yakoze ubukwe na Miss Paraguay 2021 arusha imyaka 31

Marc Anthony wamenyekanye nk’umuhanzi w’umuhanga ndetse ufite n’ubuhanga mu kwandika indirimbo yashatse umugore wa kane, Nadia Ferreira, arusha imyaka 31 nyuma y’uko atandukanye na Jennifer...
30 January 2023 1087 0

Bahugiye mu biki? Bamwe mu bahanzi batanze ibyishimo ku Banyarwanda bakaba batakigaragara(VIDEO)

Umuziki ni kimwe mu bintu bitanga ibyishimo cyane ku bantu bikaba akarusho iyo ababikora babikunda kandi baharanira kuticisha irungu abakunzi babo gusa hari n’abagenda ku mpamvu zitandukanye...
5 April 2023 1459 0

Guverinoma yagabanyije cyane imisoro itandukanye irimo iy’ubutaka n’ipatanti

Guverinoma yagabanyije imisoro hashingiwe ku cyerekezo cyatanzwe na Perezida Kagame muri Mutarama uyu mwaka. Urugero, umusoro w’ubutaka washyizwe hagati ya 0-80 Frw uvuye hagati ya 0-300Frw....
21 April 2023 5101 0

Ibitaro bya Kibuye byibutse ku ncuro ya 29 Abana barenga 400 b’abatutsi biciwemo muri Jenoside

Abari abana mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi, barokokeye mu Bitaro bya Kibuye bavuga ko muri ibi bibataro hiciwe bagenzi babo benshi bigizwemo uruhare na bamwe mu baganga...
30 May 2023 969 0

Undi mupasiteri wa ADEPR yigometse kuri Ndayizeye uyiyobora amusaba kwegura

Rev Pastor Karangwa John yandikiye umuyobozi we Ndayizeye Isaie amumenyesha ko ibaruwa yamwandikiye amwambura inshingano yayibonye ariko ko nta bushobozi afite bwo kumwambura...
10 August 2023 716 0

Putin waketsweho kwica Prigozhin yaganiriye n’uwamusimbuye ku ntambara iri muri Ukraine

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yaraye aganiriye kuri uyu wa Kane na Andrei Troshev usigaye ayobora umutwe w’abacanshuro wa Wagner umaze igihe ufasha u Burusiya mu ntambara burimo muri...
29 September 2023 875 0

Perezida Kagame yibukije abatanga ubutabera kwirinda icyenewabo n’ikimenyane

Perezida Kagame yabwiye abakora mu butabera no mu bucamanza ko nta muntu n’umwe uri hejuru y’itegeko,yaba abo bafitanye isano inshuti zabo n’abandi.
14 November 2023 1021 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120