Ku gasozi kitwa Ibanga ry’Amahoro mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, hatashywe ikibumbano kiri mu ishusho ya nyakwigendera Padiri Ubald Rugirangoga, wari uzwiho gusengera abarwayi...
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ihuza Perezida wa Repubulika n’abahagarariye abaturage, ikaba ari ngarukamwaka kuko iba nibura rimwe mu mwaka, igasuzuma uko ubuzima bw’Igihugu n’ubumwe...
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, yavuze ko abaguze umuceri utujuje ubuziranenge muri Tanzania bafite amahitamo abiri gusa yo kuwusubiza aho bawuranguye cyangwa...
Abategetsi bo ku rwego rwo hejuru muri Amerika bavuze ko ibiro bya perezida w’Amerika, White House, byaburiye ko iki gihugu kitazajya mu gitero na kimwe cyo kwihorera kuri...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane,tariki 18 Mata, Israël yagabye igitero cya drones enye muri Iran, zishwanyaguzwa zitaragera ku ntego nkuko abategetsi ba Amerika...
Aba bana bavutse ari impanga bakaba bavuka mu muryango w’aba Budhiste bashyingiranywe ku myaka 5 gusa , hanyuma ababyeyi babo bavuga ko urukundo rwabo rwahereye kera kuko ngo mu buzima bwashize...
Israel yashinje Iran kuba ari iyo iri inyuma y’igitero ku bwato bw’ibitoro [ibikomoka kuri peteroli] cyiciwemo abantu babiri mu bari babutwaye - Umwongereza n’Umunya-Romania...
Abafana ba Iran baje hafi ya Hoteli ikipe ya Portugal icumbitsemo niko kuririmba basakuza cyane mu rwego rwo kubangamira abakinnyi ba Portugal kugira ngo badasinzira birangira Cristiano Ronaldo...
Umwana w’imyaka 7 ukomoka mu Bwongereza witwa Logan Mountcastle ari guca ibintu hirya no hino ku isi kubera gushyingiranwa na mama we umubyara mu bukwe bwapanzwe kugira ngo bashimishe uyu...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame na Emir wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani bagiranye ibiganiro ku mubano w’ ibihugu byombi banakurikirana umuhango w’ isinywa ry’ amasezerano atatu agamije...
Minisitiri w’ Intebe u Rwanda Dr Edouard Ngirente yagaragaje uko imyanzuro 9 yafatiwe mu nama ya 15 y’ umushyikirano yashyizwe mu bikorwa. Yabivuze kuri uyu wa 13 Ukuboza 2018 ubwo hatangizwaga...
Bamwe mu bagiraneza bakomeje kwisukiranya bajya gusangira na Ndahimana Narcisse w’imyaka 42 utuye mu karere ka Muhanga wamamaye ku mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru kubera kujya gusezerana...
Umukobwa witwa Debby Zutant w’imyaka 51 ukomoka ahitwa Key West muri Leta ya Florida yatunguye benshi ubwo yatangazaga ko yashyingiranywe na musaza we witwa Joe w’imyaka 38, kuri ubu bakaba...
Ikipe ya Rayon Sports yasinyishije amasezerano y’imyaka ibiri Iranzi Jean Claude wirukanwe na APR FC,yongerera amasezerano y’imyaka 2 Mugisha Gilbert ukina asatira ndetse itangaza ko Rutanga Eric...
Igihugu cya Iran kitavuga rumwe na USA cyatangaje ko cyamaze guta muri yombi ba maneko 17 ba CIA ndetse bamwe bahise bakatirwa urwo gupfa aho bazicwa mu minsi iri...
Abadepite b’ igihugu cya Iran batwikiye mu nteko kuri uyu wa 9 Gicurasi ibendera rya Leta zunze ubumwe za Amerika baririmba ngo urupfu kuri Amerika’ ‘death to...
Abagore n’ abagabo bo mu karere ka Muhanga barasabwa guhindura imyumvire no kuganira hagati yabo kuko aribyo byagabanya amakimbirane akunze kuba intandaro y’ ubwicanyi na...
Igihugu cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyohereje ubwato bwazo bw’intambara mu burasirazuba bwo hagati guhangana n’icyo Amerika yise ubushotoranyi bwa Iran ku nyungu z’Amerika no ku nshuti...
Umugore ukomoka muri Australia witwa Jodi Rose wivugira ko yashyingiranywe n’ikiraro cyitwa Le Pont du Diable giherereye ahitwa Ceretmu majyepfo y’Ubufaransa mu mwaka wa 2013,yatumye benshi...
Ubwato bw’Ubuyapani n’ubwa Norvege bwari bwikoreye petrole bwarasiwe mu kigobe cya Oman n’ibisasu bya Torpedo kuri uyu wa Kane taliki ya 13 Kamena 2019,bwaturikijwe n’ibintu bitaramenyekana, burashya...
Umukinnyi Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka “Migi” yamaze gusinyira ikipe ya Kinondoni Municipal Council Football Club [KMC FC] iri mu mikino ya CECAFA Kagame Cup hano mu Rwanda,amasezerano...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zaburiye abacamanza b’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (ICC) ko bazafungwa nibibeshya bagakurikirana ibyaha by’intambara abanyamerika bakoreye ku butaka bwa...
Mu gihe benshi mu bakunzi ba Rayon Sports bari bategerezanyije amatsiko ko rutahizamu Bizimana Yannick atangira kubatsindira ibitego,Police FC yabaciye intege yandikira ubuyobozi bwabo ibusaba...