Turi Tariki ya 21 Kamena, ni umunsi w’ 172 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 193 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 21...
Nubwo italiki imikino ya Zone v izatangirira itaramenyekana ,ikipe y’igihugu imaze Ukwezi kurenga yitegura iyi mikino aho kuri uyu wa kabiri hahamagawe abakinnnyi 18 bagomba kuzakurwamo 14...
Raporo nshya y’ibihugu bifite ubwiza nyaburanga ku isi yashyize Tanzania ku mwanya wa 4 mu bihugu byiza ku isi n’amanota 6.90 ku icumi mu gihe na Kenya yaje mu bihugu 10 bya mbere byiza ku isi....
Mu gihe irushanwa ryo gushakisha nyampinga w’Isi 2021 ririmbanyije , Miss Ingabire Grace uhagarariye u Rwanda muri iri rushanwa ntiyabashije kuboneka mu bakobwa 10 bahize abandi mu bwiza bufite...
Bob Weighton w’ahitwa Hampshire mu Bwongereza niwe wari umugabo mukuru kurusha abandi ku isi kuva mu kwezi kwa kabiri nyuma y’urupfu rwa Chitetsu Watanabe Umuyapani nawe wari ufite imyaka...
Irushanwa rikomeye ry’amagare muri Africa La Tropicale Amissa Bongo ryashojwe ejo ku cyumweru ryegukanywe n’Umufaransa Jordan Lavasseur ukinira ikipe ya Natura4Ever-Roubaix-Lille...
Lucky Philip Dube ni we mucuranzi wagurishije muzika ye kurusha abandi muri Afurika, izina rye riracyibukwa n’abakunzi ba Reggae, urupfu rwe ku itariki ya 18/10/2007 rwashenguye imitima ya...
Leta y’u Rwanda yiteguye kohereza mu kirere icyogajuru muri Gicurasi uyu mwaka rwakorewe ku bufatanye na leta Ubuyapani nyuma y’amasezerano ibihugu byombi byasinyanye mu mwaka...
Benshi mu batuye isi bahanze amaso imikino y’igikombe cy’isi ibura iminsi 3igatangira mu Burusiya aho ibihugu 32 bigabanyije mu matsinda 4 bizesurana muri iki gihe cy’ukwezi dore ko iki gikombe...
Uko ibihugu birutana ubukire no gukomera mu bukungu ninako indege abakuru b’ibi bihugu bagendamo zigenda zirutana agaciro ariko si ihame kuko Perezida wa Zimbabwe ari mu bakuru b’ibihugu 10...
Ikipe y’igihugu ya Brazil itsinze Mexico ibitego 2-0 mu mukino wa 1/16 wabereye mu mujyi wa Samara ibifashijwemo na Neymar wongeye kwereka isi yose ko ari...
Rutahizamu Alexis Sanchez yavuze ko kuri we abona umukinnyi Romelu Lukaku ukinira Ububiligi,ariwe uzahiga abandi bakinnyi mu gutsinda ibitego byinshi mu gikombe cy’isi kiri kubera mu...
Ikinyamakuru Northstar cyatangaje ko umunya Portugal,Cristiano Ronaldo ariwe wakurura abaguzi kurusha abandi bakinnyi bose mu mikino yose ku isi[most marketable athlete of 2022].
Uyu yahize...