Umuyobozi witwa Dr Patrick Bala usanzwe aru umwe ubarizwa mu ihuriro rya Union sacrée rya Perezida Felix Tshisekedi ,yashikirwe ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma...
Taliki 25/11/1997 nibwo Kabila (Muzehe) yashyizeho General James Kabarebe nk’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kongo asimbuye kuri uyu mwanya Anselme Masasu Nindaga wahise anafungwa na...
Moïse Katumbi i Lubumbashi tariki ya 11 Gicurasi 2016 ari kumwe n’abamushyigikiye
Umunyapolitiki kimenyabose muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Moïse Katumbi aratangaza ko agiye...
Abantu bitwaje imbunda bateye gereza mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo Kinshasa, batorotsa Ne Muanda Nsemi, umuyobozi mukuru wa Bundu Dia Kongo hamwe n’abandi bagororwa...
Kuri uyu wa Mbere, itariki 6 Gicurasi, umwe mu bakozi ba minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Kenya akaba n’umuyobozi mukuru wa sosiyete y’indege, yatangaje ko abakozi babiri ba Kenya Airways...
Polisi y’igihugu muri DR Congo yaraye itatanije abigaragambya bo mu ishyaka rya Alliance pour le changement rya Jean-Marc Kabund, rivuga ko riharanira impinduka muri politiki ya...
Nyuma y’uko Umuvugizi wa Mushikiwabo, Oria Vande Weghe atangaje ko wemeje ko Umunyamabanga Mukuru wawo, Louise Mushikiwabo, atazitabira imikino ya Francophonie, izatangira ku wa Gatanu i Kinshasa...
Perezida William Ruto wa Kenya arateganya kohereza i Kinshasa itsinda ry’intumwa ze, mu rwego rwo kuganira na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku hazaza h’ingabo za EAC ziri muri...
Ibitangazamakuru bitandukanye muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wambere tariki ya 20 werurwe 2023 bizindutse byandika ko ubutegtsi bwa Congo buhanze amaso SADC mu kibazo cy’umutekano...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yasobanuye ko impamvu u Rwanda ruvuga ko ruryamiye amajanja ari uko umutwe wa FDLR wegereye umupaka warwo.
Mu kiganiro yagiranye na...
Abanyururu bagera kuri 17 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya kongo batorotse uburoko mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu.
Radio Okapi dukesha iyi nkuru ivuga ko mu ijoro ryo kuwa Gatanu...
Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yabwiye France24 ko batazemera RDC n’u Rwanda bigera aho...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi kuri uyu wa Gatandatu yahagurutse igitaraganya i Addis-Abeba aho yari yitabiriye inama ya 35 y’Umuryango wa Afurika Yunze...
Ikipe y’igihugu Amavubi, y’abakina imbere mu gihugu, ijyanye muri Ethiopia icyizere gikomeye nyuma yo gutsindira ikipe ya Kongo kuri stade des Martyrs ibitego 3-2 mu mukino wa Gicuti wabaye kuri...
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima, WHO, ryatangaje ko Virus ya Ebola yongeye kugaragara mu gihugu Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo aho imaze guhitana abagera kuri batatu mu...
Umubare w’abantu bicwa n’icyorezo cya Ebola uragenda urushaho kwiyongera umunsi ku wundi. Ibi ni ibyatangajwe n’Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima WHO nyuma y’uko ku Cyumweru hagaragaye...
Kuri uyu wa kane, tariki ya 29 Gashyantare, umushinjacyaha mukuru, Firmin Mvonde, yatangaje mu kiganiro n’abanyamakuru i Kinshasa, ko Cherubin Okende yiyahuye.