Abagore bo mu karere ka Rusizi mu murenge wa Rwimbogo bakoreye igisa n’imyigaragambyo muri stade Kamarampaka ubwo babwirwaga ko batewe mpaga kandi bagereye ku kibuga ku gihe,banga kuva mu kibuga...
Ikipe ya Gicumbi FC imaze gukora impanuka ubwo yavaga mu karere ka Gicumbi iza mu mujyi wa Kigali aho yari ije gukinira umukino wa kamarampaka mu gushaka ugomba gusimbura Intare mu kiciro cya...
Ku nshuro ya 2 yikurikiranya REG BBC yegukanye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda,itsinze Patriots BBC imikino 3-2 muri kamarampaka.
Mu mukino wabaye kuri iki cyumweru,REG...
Ubwami bw’Umwamikazi Elizabeth II bwaranzwe n’umurava ukomeye mu nshingano ndetse no kwitangira ingoma ye n’abaturage be.
Yabaye izingiro ry’impinduka za bwangu mu isi mu gihe ijambo ry’Ubwongereza...
Umuyobozi w’ umugi wa Barcelona yatangaje ko abantu 460 bakomerekeye mu myigaragambyo yakurikiye iburizwamo ry’ itora rya kamarampaka ku bwigenge bw’ intara ya catalogne ishaka kwiyomora ku gihugu...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 29 Nyakanga 2017 nibwo ikipe ya Patriots BBC yigaranzuye ikipe ya REG BBC iyitwara igikombe cy’imikino ya kamarampaka (Playoffs 2017) aho kapiteni wa Patriots...
Ikipe ya Leicester City yabonye itike iyisubiza muri Premier League kuri uyu wa Gatanu nyuma y’uko Leeds United zihanganye, yatsinzwe na Queen Park Rangers ibitego...
Ikipe y’abagore ya APR y’umukino wa Basketball [APR W BBC yatwaye igikombe cya shampiyona nka basaza babo itsinze amanota 62 kuri 61 ya REG W BBC mu mukino wa...
Umwongereza Frank James Lampard agiye guhabwa akazi ko gutoza Chelsea mu gihe cy’amezi abiri asigaye kugira ngo shampiyona ya 2022/2023 irangire.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 05 Mata 2023 nibwo...
Nyuma yo kwegukana Euro 2020 mu mpeshyi ishize, Ubutaliyani bwananiwe kujya mu gikombe cy’isi 2022 nyuma yo gutsindwa na North Macedonia igitego 1-0 mu mikino ya kamarampaka yo kwerekeza muri...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yagaragaye ari kurira nyuma y’aho Seribiya itsindiye Portugal mu rugo bituma ibura itike yo guhita yerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cyisi cyane ko isabwa guca...
Abayobozi ba shampiyona ya Jupiler League y’Ubiligi batangaje ko iyi shampiyona igomba guhagarikwa burundu kubera Coronavirus hanyuma amakipe agahembwa uko bimeze, aho ClubBrugge yahise itwara...
Mu gihe habura amasaha make ngo shampiyona y’ikiciro cya kabiri hano mu Rwanda itangire, amakipe ane arimo Intare FC na Kirehe FC ntabwo yemerewe kuyikina kubera kutuzuza ibyangombwa nkenerwa ku...
Mu gihe habura ukwezi kumwe ngo mu Burundi habe kamparampaka ishobora kugumisha Perezida Pierre Nkurunziza ku butegetsi imiryango itari iya Leta ikorera muri iki gihugu ifite impungenge ndetse...
Kuri uyu wa gatandatu mu nama y’Ishyaka CNDD-FDD rya Perezida w’Uburundi Petero Nkurunziza hafatiwemo umwanzuro uvuga ko Perezida Nkuruziza abaye Umuyobozi w’Ikirenge w’iri shyaka ndetse nta n’undi...
Umwaka wa 2017 waranzwe n’ibintu bitandukanye mu mikino hano mu rwanda aho benshi bishimiye ibyo bagezeho abandi barifuza impinduka mu mwaka utaha.
Umuryango wagerageje kureba bimwe mu bihe...
Minisiteri y’umutekano mu gihugu cy’u Burundi yatangaje ko hagiye gutangizwa ibikorwa bya kamarampaka ku itegekonshinga ry’ u Burundi (Activités relatives au Référendum de la Constitution du Burundi)....
Rutahizamu Lionel Messi yafashije ikipe ya Argentina kwerekeza mu gikombe cy’isi nyuma yo gutsinda ibitego 3 wenyine ikipe ya Ecuador mu gihe akababaro ari kose ku banya Chili babuze itike...
Urugamba rugeze mu mahina ku makipe y’ibihugu ari gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha,aho menshi mu makipe akomeye ari mu mazi abira...
Umutoza wa REG BBC Bahufite John uherutse gutsindwa na Patriots mu mikino ya kamarampaka “playoffs”yatangaje ko kuba ikipe ye yaratsinzwe byatewe ahanini no gutakaza imipira kw’abakinnyi be ndetse...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru i Burayi,UEFA yakoze impinduka mu irushanwa rya UEFA Champion League,Europa League na Europa Conference League kugira ngo arusheho kuryoha nkuko ubuyobozi...