Ikamyo yo mu bwoko bwa Howo mu ijoro rya tariki 16 Mata 2023 yagonze umunyonzi witwa Hakizimna Innocent ubwo yari arenze gato ahazwi nko ku Bakoreya mu kagari ka Kigembe, Umurenge wa...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamayiga, Mudahemuka Jean Damascène yavuze ko ibi byabaye gicamunsi cyo kuri uyu wa 16 Kanama 2023 mu Mudugudu wa Nkoto, Akagari ka Kabashumba Umurenge...
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Kamonyi, mu gitondo cyo ku wa Kane tariki ya 26 Ukwakira, yagaruje moto yari yibwe umumotari mu ijoro, nyuma yo...
Ubuyobozi bw’akarere ka Kamonyi buremeza ko hari umusore washyikirijwe RIB wakoraga akazi ko mu rugo ushinjwa gusambanya mu kanwa umwana w’umuhungu w’imyaka...
Imodoka ya Sosiyete RITCO itwara abagenzi yakoreye impanuka mu murenge wa Gacurabwenge, mu Karere ka Kamonyi, ubwo yavaga i Kigali yerekeza mu Karere ka Huye, hakomereka abantu 25 barimo babiri...
Abatuye imirenge ya Rukoma na Gacurabwenge yo mu karere ka Kamonyi bugarijwe n’ ikibazo kibakomereye cyo kubura amazi meza kuburyo n’ abakora isuku mu biro by’ akarere barimo kuvoma igishyanga....
Ahitwa Bishenyi mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Runda mu kwezi gutaha haratangira kubakwa uruganda rwenga ikigage gisembuye n’ ikidasembuye.
Uru ruganda ruje mu mihe abakunzi b’ ikigage...
Abanyeshuri bane bari bavuye kwiga bagongewe n’ imodoka mu murenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi mu muhanda Kamonyi -Kigali, batatu bahita bitaba Imana, undi umwe na Shoferi barakomereka...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Werurwe, Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi yagaruje amafaranga 800.500 muri miliyoni 1.200.000 yari yibwe umucuruzi witwa Theogene Nkuranga ucuruza ibigori mu...
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 20 bikekwa ko yaba afite ikibazo cyo mu mutwe, wo mu Karere ka Kamonyi yatawe muri yombi akurikiranyweho gusambanya ingurube.
Amakuru avuga ko byabaye mu gitondo...
Mu masaha y’igitondo cyo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 20 Kamena, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze mu Karere ka Kamonyi yafashe itsinda ry’abantu batatu bakekwaho ubujura bwa...
Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umusore witwa Tuyishimire Alex ukekwaho kwica nyima amuteye icumu.
Aya makuru yemejwe n’ umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda mu ntara y’ amajyepfo mu...
Amakuru atugezeho none aravuga ko umuyobozi w’akarere ka Kamonyi, bwana Udahemuka Aimable yeguye kuri uyu wa 20 Kamena 2017.
Uyu muyobozi weguye ku mpamvu ze bwite nk’uko ayo makuru abivuga,...
Mu karere ka Kamonyi haravugwa umugore wajyanye umugabo we kuri Polisi, nyuma y’aho uyu mugabo agurishirije inka uyu muryango wari warahawe muri gahunda ya Gir’inka.
Ibi byabaye mu gitondo cyo ku...
Tariki 22 Kamena uyu mwaka Umuryango twabagejejeho inkuru y’ uwitwa Nsabimana Jean Baptiste wagiye gusezerana imbere y’ amategeko na Nkundubutatu Shalom bigapfa ku munota wa nyuma bitewe n’ uko ise...
Abajyanama bahagarariye imirenge itandukanye y’akarere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo, wa Gatanu batoreye Kayitesi Alice kuba umuyobozi mushya w’aka karere kari kamaze amezi atanu kayoborwa...
Abantu 151 bafashwe basengera mu rugo ruherereye mu Kagari ka Cyambwe mu Murenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19. Bavuga ko bari baje gusaba Imana...
Mu rukerera rw’uyu wa 30 Nyakanga 2022, ikamyo yari yikoreye toni nyinshi za Sosoma zari mu mifuka ifunze yanditseho USAID,yakoreye impanuka mu Kagari ka Karengera, Umurenge wa Musambira ahazwi...
Umusore w’ imyaka 29 arakekwaho kwica nyina babanaga mu murenge wa Mugina akagari ka Nteko, umudugudu wa Ntare mu karere ka Kamonyi.
Tuyishimire Alex ngo ejo yahuye n’ umuntu amubwira ko asize...
Kuri uyu wa 4 Gicurasi 2017, mu karere ka Kamonyi mu ntara y’ Amajyepfo umubyeyi yabyaye umwana ufite amaguru atatu ahita agwa mu kantu kubyakira biramugora kubera agahinda.
Uyu mwana w’ umukobwa...
Mu karere ka Kamonyi mu natara y’amajyepfo, umugabo witwa Oreste Habamenshi yishwe n’ingona ubwo yari agiye kuvoma amazi kuri Nyabarongo. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa `18 Kanama 2017....