Abantu cumi na bane bapfuye, igihe ikamyo yasekuraga bisi yari itwaye abantu bari bavuye mu bukwe mu gihugu cya Uganda. Ibyo byatangajwe n’igipolisi uno musi ku wa mbere. Abandi cumi na barindwi...
Ku munsi w’ejo taliki ya 30 Nzeri 2017, nibwo ikipe ya Patriots na APR WBBC zahagurutse I Knombe zerekeza mu mugi wa Kampala mu gihugu cya Uganda haratangira imikino y’akarere ka Gatanu mu mikino...
Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu akaba n’ umuhanzi w’ icyamamare muri Uganda uzwi nka Bob Wine agiye kujyana Leta ya Uganda mu nkiko kubera ko umuyobozi wa polisi mu mugi wa Kampala yaburijemo...
Urukiko Rukuru rw’Umujyi wa Kampala rwahanishije Depite Abraham Abiriga gutanga ihazabu y’amashiringi ya Uganda agera ku bihumbi 40, ni ukuvuga asaga ibihumbi icyenda y’u Rwanda nyuma yo kunyara ku...
Nyuma y’igihe gito Zari Hassan atandukanye n’uwahoze ari umugabo we, Diamond Platnumz kuri ubu hadutse umu-DJ wo mu gihugu cya Uganda witwa Rasta Rob uvuga ko kuva kera asanzwe afitanye umubano...
The Ugandan government plans to have its first locally-assembled vehicle by 2020 under the multi-million dollar Kiira Electric Vehicle Project, a high ranking official said...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Kanama 2018 nibwo umuhango nyamukuru wo gutoranya umukobwa uzahagararira abandi nka Nyampinga wa Uganda washyizweho akadomo usiga Quiin Abenakyo ariwe...
Uwahoze ari Umuyobozi wa polisi ya Uganda Inspector General of Police (IGP), Gen Kale Kayihura, yatanze ingwate ararekurwa by’ agateganyo nyuma y’ igihe afungiye mu nkambi ya...
Kuri iyi nshuro ya 25 mu Rwanda hibukwa Jenoside yakorewe abatutsi muw’1994, hari hateganyijwe ko mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda baba muri Uganda hazerekanwa filime zitandukanye zivuga kuri...
Guverinamo y’u Rwanda yatesheje agaciro itangazo rya leta ya uganda rivuga ko u Rwanda rwakoresheje imbaraga z’umurengera mu gukumira Abagande bambukanaga magendu bayizana mu Rwanda. U Rwanda kandi...
Abantu benshi bizewe bo mu rwego rushinzwe umutekano mu gihugu muri Uganda (ISO), bahishuriye Virunga Post ko Uganda n’u Burundi barimo gutegura igitero gihuriweho ku...
Umutwe wiyita leta ya kisilamu (IS) wigambye kugaba igitero cy’ibisasu bibiri byaturikiye mu murwa mukuru Kampala wa Uganda ku wa kabiri, uvuga ko byagabwe n’abiyahuzi biturikirizaho ibisasu bawo....