Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko kuri iki cyumweru,abantu bane bahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo ugera kuri 280 mu gihe abanduye bo biyongereyeho 43. Abarembye ni...
Ku wa gatanu ku itariki ya 16 y’uku kwezi kwa cumi, isi yizihije umunsi mpuzamahanga w’ibiribwa,ariko hirya no hino mu Rwanda haravugwa ibiciro biri hejuru by’ibiribwa mu masoko...
Dr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, yakatiwe gufungwa imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 10 Frw, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa no gukoresha ububasha...
Dr.Pierre-Damien Habumuremyi ukuriye urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta y’Ishimwe,uri mu maboko y’Ubugenzacyaha kubera ibyaha by’ubuhemu akurikirwanyweho, ejo ku wa Kane tariki ya 16...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 19/6/2020 guhera saa tanu za mu gitondo (11h00) azateza mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa Ndahayo...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 17/3/2020 guhera saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Collora...
Kuva imvura yatangira kugwa ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki ya 1/3/2020, abagenzi bari muri gare ya Nyabugogo bamaze amasaha arenga abiri banyagirirwa ku murongo babuze imodoka...
Urwego rw’umuvunyi ruratangaza ko rwatsinze urubanza rwari ruhanganiyemo na Appolinaire Byiringiro wahoze ari umukozi ushinzwe imirimo rusange mu bitaro bya Kibuye ku cyaha cyo kuba atarashoboye...
Umuhoza Belise, ni umukobwa ukiri muto. Yavuze byinshi ku buzima bwe birimo uko yagiye ikuzimu akiri muto cyane, akamara imyaka myinshi ari umukozi ukomeye wa Rusiferi, aho yari yarahawe misiyo...
Mu kwezi gushize Perezida wa Repubulika Paul Kagame yateguje abamotari ko moto zinywa essence zigiye gusimbuzwa izitwarwa n’amashanyarazi, kandi ko icyo gikorwa nikirangira hazakurikiraho...
Scolastique Hatangimana bakundaga kwita ‘Scola’ yiyahuye asimbutse mu igorofa rya kane ry’inyubako ya Makuza Peace Plaza ku wa gatanu tariki 06/9/2019, akaba yarahise ajyanwa mu bitaro bya CHUK, aza...
Umuyobozi wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate yabwiye abakinnyi ko gushyira hamwe aribyo bizatuma basezerera Al Hilal mu mikino ya CAF Champions League ariko abasaba kuzasigasira igikombe cya...
Umunyezamu mushya w’ikipe ya Rayon Sports,Kimenyi Yves yatangaje ko yifuza ko abakunzi b’iyi kipe batangira kujya bamwita “Umurayon w’ukuri” kubera ukuntu yakuze ayikunda ndetse na papa we akaba...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 23 Nyakanga 2019, ni bwo Rusheshangoga Michel yasezeranye imbere y’amategeko na Nakazungu Aimé bakunda kwita Njungu, aho ubukwe buzaba tariki ya 26 Nyakanga...